• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, March 15, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abarwanyi ba FDLR bongeye kwisuganya begera mu Bijojwe.

minebwenews by minebwenews
November 20, 2024
in Regional Politics
3
Abarwanyi ba FDLR bongeye kwisuganya begera mu Bijojwe.
76
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abarwanyi ba FDLR bongeye kwisuganya begera mu Bijojwe.

You might also like

“Ibihano ku Rwanda Ntibizakemura Ibibazo by’Ingutu bya RDC”– Minisitiri Olivier Nduhungirehe

Ubutabera bw’u Bufaransa Bwatangije Iperereza ku Rupfu rw’Umukozi wa UNICEF Wishwe n’Igitero cy’Indege mu Burasirazuba bwa RDC

Amerika Yamaganye Ibitero byibasira Abasivile mu Burasirazuba bwa RDC

Umutwe w’iterabwoba urwanya Leta y’u Rwanda, FDLR, ukomeje kwegera uduce tubarizwamo Twirwaneho two muri Rurambo muri teritware ya Uvira. Kuri ubu abo barwanyi bari ahitwa kuri Nyundo.

Aha Nyundo ni agace kamwe mutugize umusozi wa Mulenge nyirizina, akaba ari ku marango yunamiye i Lemera.

Byavuzwe ko aba barwanyi ba FDLR bubatse ibitunda muri aka gace ka Nyundo, nyuma y’uko bari baheruka guhunga bava mu bice byo muri Mwenga, aho ndetse baje bahitira mu Gitoga banakirwa n’umutwe wa Gumino hamwe na Maï Maï.

Uyu mutwe wa FDLR, wavuzwe cyane mu Rurambo ahagana mu ntangiriro z’ukwezi kwa Cyenda uyu mwaka, ni mu gihe abawugize bahageze nyuma yoguhanga bava mu mashyamba ya Mwenga, ubwo u Rwanda na RDC mu nama y’i Luanda byari byumvikanye ku rwanya bakarandura uwo mutwe.

Ubwo bageraga mu Rurambo baje bari kumwe n’abana, n’abagore, n’imizigo myinshi, irimo imbunda n’amasasu n’ibindi bikoresho bya gisirikare.

Amakuru avuga ko bahitiye mu Gitoga ariko ntibahamaze n’ibyumweru bibiri, ahubwo bahise bahava baja ku misozi iri mu nkengero za Nyarurambi. None kuri ubu bari ahitwa Nyundo, aha akaba ari imisozi yegereye mu Bijojwe, aho Twirwaneho irindira umutekano w’Abaturage ba Banyamulenge bagabwaho ibitero bya Maï Maï.

Nubwo ibi bikomeje gutera urujijo abaturage baturiye ibice byo muri Rurambo, ariko umwe mu bagize Twirwaneho yabwiye MCN, ati: “FDLR, iri kwisuganya yegera aho turi, ariko turi maso. Nta kibazo. Baraho bita kuri Nyundo.”

Aya makuru anahamya ko aba barwanyi bagikomeje gukorana byahafi n’umutwe wa Gumino, kuko aha kuri Nyundo bari kumwe n’uwitwa Nzeyimana uri mu bayobozi bakomeye muri Gumino.
Ndetse kandi bari kumwe n’abandi barwanyi ba Maï Maï n’abo mu Mbonerakure.

Ku rundi ruhande, muri Rurambo, intambara ya Maï Maï yarisa nimaze kugira iherezo, ariko ubu hari umutekano muke kubera izo nterahamwe zimaze amezi arenga abiri zihindagura ibyicaro.

Tags: BijojweFDLRKwisuganyaNyundoRurambo
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

“Ibihano ku Rwanda Ntibizakemura Ibibazo by’Ingutu bya RDC”– Minisitiri Olivier Nduhungirehe

by Bahanda Bruce
March 15, 2026
0
“Ibihano ku Rwanda Ntibizakemura Ibibazo by’Ingutu bya RDC”– Minisitiri Olivier Nduhungirehe

"Ibihano ku Rwanda Ntibizakemura Ibibazo by’Ingutu bya RDC"– Minisitiri Olivier Nduhungirehe Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko ibyishimo bamwe mu bayobozi ba Repubulika Iharanira Demokarasi...

Read moreDetails

Ubutabera bw’u Bufaransa Bwatangije Iperereza ku Rupfu rw’Umukozi wa UNICEF Wishwe n’Igitero cy’Indege mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 13, 2026
0
Uvira: Abaturage Bashinja Wazalendo Kwica Umuturage, Ubwoba Bwakomeje Kwiyongera mu Burasirazuba bwa RDC

Ubutabera bw’u Bufaransa Bwatangije Iperereza ku Rupfu rw’Umukozi wa UNICEF Wishwe n’Igitero cy’Indege mu Burasirazuba bwa RDC Ubutabera bw’u Bufaransa bwatangaje ko bwatangiye iperereza ku cyaha gishobora kuba...

Read moreDetails

Amerika Yamaganye Ibitero byibasira Abasivile mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 13, 2026
0
U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni

Amerika Yamaganye Ibitero byibasira Abasivile mu Burasirazuba bwa RDC Igitero cya drone cyagabwe mu mujyi wa Goma, umurwa mukuru w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC

by Bahanda Bruce
March 12, 2026
0
U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC

U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko uburyo umuryango mpuzamahanga witwara ku ntambara iri kubera...

Read moreDetails

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

by Bahanda Bruce
March 11, 2026
0
Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Alain-Guillaume Bunyoni, yarekuwe nyuma yo kumara hafi imyaka...

Read moreDetails
Next Post
Ibya Kizza Besigye, nti bivugwaho rumwe muri Uganda, nyuma yo gufatirwa i Nairobi.

Ibya Kizza Besigye, nti bivugwaho rumwe muri Uganda, nyuma yo gufatirwa i Nairobi.

Comments 3

  1. Ensuent says:
    1 year ago

    Diagram of the orbital complications of sinusitis [url=https://fastpriligy.top/]priligy results[/url] We compared here the effects of tamoxifen and toremifene on bone metabolism and density in 30 postmenopausal patients with breast cancer, who were randomized to receive tamoxifen 20 mg day, n 16 or toremifene 40 mg day, n 14 for 1 yr

  2. Ensuent says:
    1 year ago

    More research and reporting on the use of steroids in the treatment of chylothorax post cardiac surgeries in children is needed to prove its effectivity [url=https://fastpriligy.top/]buy priligy[/url]

  3. Ensuent says:
    1 year ago

    On the other hand, Misty, Robert Sinclair s 17 year old toy poodle, was put on Rimadyl in October of 1997 [url=https://fastpriligy.top/]how to take priligy[/url] Intelligence provided by the French government suggests there is something in the order of 1, 000 tonnes of agent in total a mix of sulphur mustard, VX and sarin

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?