• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abashinwa batandatu biciwe muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

minebwenews by minebwenews
July 5, 2024
in Regional Politics
0
Abashinwa batandatu biciwe muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abashinwa batandatu biciwe muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

You might also like

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

Ni abarwanyi ba CODECO bishe barashe abashinwa n’Abanyekongo barenze umwe mu gitero aba barwanyi bo mu mutwe wa CODECO bagabye ku kirombe cy’Abashinwa giherereye mu Burasirazuba bushyira amajyaruguru y’igihugu, nk’uko ibi byatangajwe n’abategetsi ba Congo ku gicamunsi cyo ku wa Kane tariki ya 04/07/2024.

Igihugu cy’u Bushinwa cyahise cyamagana iki gitero cya gabwe mu ijoro ryo ku wa Gatatu muri teritware ya Djyungu mu Ntara ya Ituri isanzwe ikungahaye ku mabuye y’agaciro ya zahabu. Umuyobozi w’iyo Ntara, Ruphin Mapela, yavuze ko icyo gitero cyagabwe n’abarwanyi biyitirira ishyirahamwe ry’abashaka guteza imbere Congo-Codeco(Cooperative for Development of the Congo) rigizwe ahanini n’abo mu bwoko bw’Abalendu.

Guverineri w’iyi Ntara yavuze ko abakozi b’Abashinwa batandatu n’Abanyekongo babiri bari barinze ikirombe baguye muri icyo gitero. Umukozi w’umuryango utabara imbabare Croix Rouge, mu karere ka Djuga yavuze ko abo barwanyi ba CODECO basanze abo Bashinwa bacukura zahabu babamishamo urusasu. Abapfuye bajyanywe mu buruhukiro bwo ku bitaro bya Bunia.

Umuvugizi w’igisirikare muri ako karere yemeje uwo mubare avuga ko umunyekongo umwe na batandatu mu bagabye igitero na bo bahasize ubuzima.

Nyuma leta y’u Bushinwa, ibinyujije ku muvugizi wa minisiteri y’ubanye n’amahanga, Mao Ning, yavuze ko iki gitero cyagabwe kuri iki kigo cy’u bucuruzi giterwa inkunga na leta y’u Bushinwa cyahitanye abaturage b’u Bushinwa benshi abandi bakaburirwa irengero.

Yavuze ko u Bushinwa burimo kuvugana na leta ya Kinshasa ngo bashakishe abakibura. Yasabye kandi ko leta ya Kinshasa gukurikirana abagabye iki gitero vuba na bwangu bagahanwa hakurikijwe amategeko, anasaba ko umutekano w’Abashinwa n’ibigo by’ubucuruzi byabo bikorera muri RDC byarushaho gucungirwa umutekano.

           MCN.
Tags: Abashinwa batandatuCODECORdc
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Igihano gitangaje cyahanishijwe abasirikare b'u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC Abasirikare b'u Burundi bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n'amaguru nyuma y'uko bishyuzaga umushara barwaniye muri Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails
Next Post
Apostle Dr Paul Gitwaza yagize icyavuga ku bwitange ababohoye i gihugu cy’u Rwanda bitanze, kandi arabashimira byimazeyo.

Apostle Dr Paul Gitwaza yagize icyavuga ku bwitange ababohoye i gihugu cy'u Rwanda bitanze, kandi arabashimira byimazeyo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?