Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abashinwa batandatu biciwe muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 5, 2024
in Regional Politics
0
Abashinwa batandatu biciwe muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abashinwa batandatu biciwe muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni abarwanyi ba CODECO bishe barashe abashinwa n’Abanyekongo barenze umwe mu gitero aba barwanyi bo mu mutwe wa CODECO bagabye ku kirombe cy’Abashinwa giherereye mu Burasirazuba bushyira amajyaruguru y’igihugu, nk’uko ibi byatangajwe n’abategetsi ba Congo ku gicamunsi cyo ku wa Kane tariki ya 04/07/2024.

Igihugu cy’u Bushinwa cyahise cyamagana iki gitero cya gabwe mu ijoro ryo ku wa Gatatu muri teritware ya Djyungu mu Ntara ya Ituri isanzwe ikungahaye ku mabuye y’agaciro ya zahabu. Umuyobozi w’iyo Ntara, Ruphin Mapela, yavuze ko icyo gitero cyagabwe n’abarwanyi biyitirira ishyirahamwe ry’abashaka guteza imbere Congo-Codeco(Cooperative for Development of the Congo) rigizwe ahanini n’abo mu bwoko bw’Abalendu.

Guverineri w’iyi Ntara yavuze ko abakozi b’Abashinwa batandatu n’Abanyekongo babiri bari barinze ikirombe baguye muri icyo gitero. Umukozi w’umuryango utabara imbabare Croix Rouge, mu karere ka Djuga yavuze ko abo barwanyi ba CODECO basanze abo Bashinwa bacukura zahabu babamishamo urusasu. Abapfuye bajyanywe mu buruhukiro bwo ku bitaro bya Bunia.

Umuvugizi w’igisirikare muri ako karere yemeje uwo mubare avuga ko umunyekongo umwe na batandatu mu bagabye igitero na bo bahasize ubuzima.

Nyuma leta y’u Bushinwa, ibinyujije ku muvugizi wa minisiteri y’ubanye n’amahanga, Mao Ning, yavuze ko iki gitero cyagabwe kuri iki kigo cy’u bucuruzi giterwa inkunga na leta y’u Bushinwa cyahitanye abaturage b’u Bushinwa benshi abandi bakaburirwa irengero.

Yavuze ko u Bushinwa burimo kuvugana na leta ya Kinshasa ngo bashakishe abakibura. Yasabye kandi ko leta ya Kinshasa gukurikirana abagabye iki gitero vuba na bwangu bagahanwa hakurikijwe amategeko, anasaba ko umutekano w’Abashinwa n’ibigo by’ubucuruzi byabo bikorera muri RDC byarushaho gucungirwa umutekano.

           MCN.
Tags: Abashinwa batandatuCODECORdc
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Apostle Dr Paul Gitwaza yagize icyavuga ku bwitange ababohoye i gihugu cy’u Rwanda bitanze, kandi arabashimira byimazeyo.

Apostle Dr Paul Gitwaza yagize icyavuga ku bwitange ababohoye i gihugu cy'u Rwanda bitanze, kandi arabashimira byimazeyo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?