• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abasirikare ba FARDC 25 bakatiwe urwo gupfa bazira guhunga M23 mu ntambara iri kubera muri teritware ya Lubero.

minebwenews by minebwenews
July 4, 2024
in Regional Politics
0
Abasirikare ba FARDC 25 bakatiwe urwo gupfa bazira guhunga M23 mu ntambara iri kubera muri teritware ya Lubero.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abasirikare ba FARDC 25 bakatiwe urwo gupfa bazira guhunga M23 mu ntambara iri kubera muri teritware ya Lubero, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni kuri uyu wa Gatatu tariki ya 03/07/2024, urukiko rwa gisirikare ruherereye i Lubero mu Burasirazuba bw’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, rwa katiye abasirikare 25 urwo gupfa mu rubanza rwaregwagamo abagera kuri 31.

Nk’uko bivugwa uru rubanza rwarimo abaregwa 31, barimo abasirikare 27 n’abasivile bane, abagore b’abasirikare. Aba basirikare bashinjwa kuba baratereranye ibirindiro byabo bya Kanyabayonga, ngo bikaviramo ko umwanzi afata uwo mujyi aza no kwigarurira ibindi bice birimo n’umuhanda mu nini ugana mu mujyi wa Butembo.

Bivugwa ko uru rubanza rwo ku wa Gatatu rwabereye muri Alimbongo, mu gace ka Lubero, mu birometero bike uvuye naho intambara iri kubera.

Uwunganira abaregwa yagaragaje ko yifuza kujurira icyemezo cy’urukiko, nubwo ati geze ahisha ko nta cyizere gike ko ibyo bizagenda neza ku bahamwe n’icyaha.

Usibye ibirego aba basirikare baregwa byo guhunga ku rugamba, bamwe muribo kandi bashinjwa kuba barasahuye ibyabaturage, ndetse kandi ngo banyaze n’ibyamashyirahamwe ategamiye kuri leta.

Gusa, abagore bane muri abo 31 bararekuwe, ni mu gihe ibimenyetso kubyo bakekwagaho byabuze bahita bagirwa abere, nk’uko iy’inkuru tuyikesha abasirikare bakorera muri ibyo bice.

Tags: Abasirikare 25Bakatiwe urwo gupfaBazira guhunga M23Intambara muri Lubero
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Abapolisi babiri bo mu gihugu cya Sudan y’Epfo, bafatiwe ku butaka bwa Repubilika ya Demokarasi ya Congo.

Abapolisi babiri bo mu gihugu cya Sudan y'Epfo, bafatiwe ku butaka bwa Repubilika ya Demokarasi ya Congo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?