• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, January 30, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abasirikare ba FARDC bayobotse M23, nyuma y’uko leta ya Kinshasa, itangiye gutoteza abavuka mu Ntara ya Katanga no muri Kivu Yaruguru ni y’Epfo.

minebwenews by minebwenews
January 11, 2024
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Nyuma y’uko ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, bu toteje abasirikare ba vuka mu Ntara ya Katanga no mu Ntara z’iherereye mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bya tumye Ingabo za FARDC bakomeza kwi yonkora k’ubutegetsi bwa Kinshasa bakiyunga n’inyeshamba zo mu mutwe wa M23, ufatanije n’i Shyaka rya Alliance Fleuve Congo, rya shizwe na Corneille Nangaa.

You might also like

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

K’umunsi w’ejo hashize itariki ya 10/01/2024, i Rutsuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ahar’i birindiro by’Ingabo za M23, bakiriye umusirikare w’indwanyi, wari ukomeye mu Ngabo za FARDC, ariwe Colonel Biyoyo.

Andi makuru ya komeje gucyicibikana ku mbuga nkoranya mbaga, kuri uyu wa Kane, tariki ya 11/01/2024, na y’undi musirikare wo mungabo za FARDC, Colonel Bahati Balingene Saddam, wari uzwi cyane muri brigade ya 21, mu Ngabo za Republika ya Demokarasi ya Congo, mu masaha yakare yari yamaze kugera i Rutsuru, aho yaje kwifatanya na M23.

Ay’amakuru yemezwa n’u muvugizi wa M23 mu bya gisirikare, major Willy Ngoma, aho yagize ati: “Kubera ko Guverinoma ya Kinshasa, idaha agaciro abayo, biri gutuma Ingabo zitandukanya n’ubwo butegetsi bubi, ba ki yunga n’igisirikare kizi icyo gukora M23. Tumaze kwakira Colonel Bahati Balingene Saddam, ubu yamaze kugera i Rutsuru.”

Abasirikare ba FARDC bari kw’itandukanya n’ubutegetsi bwa Kinshasa, mugihe bamwe mu bayobozi bo hejuru bafunzwe bazira Intara bavukamo. Mu minsi ishize abasirikare ba FARDC k’urwego rwa General na Colonel, bavuka mu Ntara ya Katanga, barafunzwe bazira kuba bavuka iyo bavuka, nk’uko bya tangajwe n’urubuga rwa Alliance Fleuve Congo.

Mu bafunzwe harimo Colonel Kisu Numbi na General Kosongo bafunzwe bazira akarere ba vukamo ka Katanga.

Ibi kandi bigize igihe biba kubasirikare ba FARDC bavuka mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, nka Colonel Eric Geriyadi, wafungiwe i Kinshasa, mu mpera z’u kwezi kwa Cumi nabiri, aho yafatiwe mw’ikambi y’igisikare ca FARDC, iherereye Kokolo, azira ubwoko bwe Abatutsi.

Harimo kandi na Lieutenant Mudumira, wafatiwe Uvira ahagana tariki ya 26/12/2023, afungwa azira ubwoko bwe Abatutsi.

Mu ntangiriro z’u mwaka w’2023, abasirikare benshi bitandukanije n’ubutegetsi bwa Kinshasa, bagana M23, muri abo harimo Colonel Gekunzi Byinshi, Colonel Oscar Ndabahaza n’abandi benshi.

Ubwo aba bitandukanije na Guverinoma ya perezida Félix Tshisekedi, bahezaga ikiganiro itangaza makuru bavuze ko bagaye imikorere ya leta ya Kinshasa, kuba itoteza abaturage bo mu bwoko bw’Abatutsi, aho ndetse banahamije ko bamwe mu Batutsi bafungwa buzira impamvu abandi benshi bavuga ko bicwa bazira ubwoko bwabo.

Bruce Bahanda.

Tags: Abasirikare ba FARDC bayobotse M23KatangaNyuma y'uko leta ya Kinshasa
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

by Bahanda Bruce
January 29, 2026
0
Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya Ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 28/01/2026, Perezida w’u Rwanda,...

Read moreDetails

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda Mu ijambo rikomeye ryagarutse ku mateka n’icyerekezo cya politiki ya Uganda, Perezida Yoweri...

Read moreDetails

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make Mu gihe igihugu cy’u Burundi gikomeje guhura n’imbogamizi z’ubukungu n’imibereho igoye ku baturage...

Read moreDetails

RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026

RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026 Mu mwaka wa 2026, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yongeye kugaragara ku rutonde rw’ibihugu...

Read moreDetails

Uko Igeragezwa ry’Intwaro za Kirimbuzi Rigenda Risigira Isi Ibikomere Bitazibagirana

by Bahanda Bruce
January 27, 2026
0
Uko Igeragezwa ry’Intwaro za Kirimbuzi Rigenda Risigira Isi Ibikomere Bitazibagirana

Uko Igeragezwa ry’Intwaro za Kirimbuzi Rigenda Risigira Isi Ibikomere Bitazibagirana Raporo nshya yashyizwe ahagaragara n’umuryango Norwegian People’s Aid (NPA) igaragaza ishusho iteje impungenge ku ngaruka ndende z’igeragezwa ry’intwaro...

Read moreDetails
Next Post

Umubano w'igihugu c'u Burundi n'u Rwanda, wo ngeye kuzamo agatotsi nyuma y'uko leta y'u Burundi, ifunze imipaka.

Comments 1

  1. Mugeza says:
    2 years ago

    Mana rengera inzirakarengane

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?