• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, May 8, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abasirikare ba FARDC bayobotse M23, nyuma y’uko leta ya Kinshasa, itangiye gutoteza abavuka mu Ntara ya Katanga no muri Kivu Yaruguru ni y’Epfo.

minebwenews by minebwenews
January 11, 2024
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Nyuma y’uko ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, bu toteje abasirikare ba vuka mu Ntara ya Katanga no mu Ntara z’iherereye mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bya tumye Ingabo za FARDC bakomeza kwi yonkora k’ubutegetsi bwa Kinshasa bakiyunga n’inyeshamba zo mu mutwe wa M23, ufatanije n’i Shyaka rya Alliance Fleuve Congo, rya shizwe na Corneille Nangaa.

You might also like

La famille du colonel Gapanda réclame justice et des éclaircissements sur sa détention, toujours entourée de mystère

Isoko rikomeye ryo mu Mujyi wa Bujumbura ryafashwe n’inkongi y’umuriro, abacuruzi bahura n’igihombo gikomeye

ONU Yamaganye Ibihano bya Amerika yafatiye Cuba, Ivuga ko Bikomeje Guteza Ibibazo Bikomeye Abaturage

K’umunsi w’ejo hashize itariki ya 10/01/2024, i Rutsuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ahar’i birindiro by’Ingabo za M23, bakiriye umusirikare w’indwanyi, wari ukomeye mu Ngabo za FARDC, ariwe Colonel Biyoyo.

Andi makuru ya komeje gucyicibikana ku mbuga nkoranya mbaga, kuri uyu wa Kane, tariki ya 11/01/2024, na y’undi musirikare wo mungabo za FARDC, Colonel Bahati Balingene Saddam, wari uzwi cyane muri brigade ya 21, mu Ngabo za Republika ya Demokarasi ya Congo, mu masaha yakare yari yamaze kugera i Rutsuru, aho yaje kwifatanya na M23.

Ay’amakuru yemezwa n’u muvugizi wa M23 mu bya gisirikare, major Willy Ngoma, aho yagize ati: “Kubera ko Guverinoma ya Kinshasa, idaha agaciro abayo, biri gutuma Ingabo zitandukanya n’ubwo butegetsi bubi, ba ki yunga n’igisirikare kizi icyo gukora M23. Tumaze kwakira Colonel Bahati Balingene Saddam, ubu yamaze kugera i Rutsuru.”

Abasirikare ba FARDC bari kw’itandukanya n’ubutegetsi bwa Kinshasa, mugihe bamwe mu bayobozi bo hejuru bafunzwe bazira Intara bavukamo. Mu minsi ishize abasirikare ba FARDC k’urwego rwa General na Colonel, bavuka mu Ntara ya Katanga, barafunzwe bazira kuba bavuka iyo bavuka, nk’uko bya tangajwe n’urubuga rwa Alliance Fleuve Congo.

Mu bafunzwe harimo Colonel Kisu Numbi na General Kosongo bafunzwe bazira akarere ba vukamo ka Katanga.

Ibi kandi bigize igihe biba kubasirikare ba FARDC bavuka mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, nka Colonel Eric Geriyadi, wafungiwe i Kinshasa, mu mpera z’u kwezi kwa Cumi nabiri, aho yafatiwe mw’ikambi y’igisikare ca FARDC, iherereye Kokolo, azira ubwoko bwe Abatutsi.

Harimo kandi na Lieutenant Mudumira, wafatiwe Uvira ahagana tariki ya 26/12/2023, afungwa azira ubwoko bwe Abatutsi.

Mu ntangiriro z’u mwaka w’2023, abasirikare benshi bitandukanije n’ubutegetsi bwa Kinshasa, bagana M23, muri abo harimo Colonel Gekunzi Byinshi, Colonel Oscar Ndabahaza n’abandi benshi.

Ubwo aba bitandukanije na Guverinoma ya perezida Félix Tshisekedi, bahezaga ikiganiro itangaza makuru bavuze ko bagaye imikorere ya leta ya Kinshasa, kuba itoteza abaturage bo mu bwoko bw’Abatutsi, aho ndetse banahamije ko bamwe mu Batutsi bafungwa buzira impamvu abandi benshi bavuga ko bicwa bazira ubwoko bwabo.

Bruce Bahanda.

Tags: Abasirikare ba FARDC bayobotse M23KatangaNyuma y'uko leta ya Kinshasa
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

La famille du colonel Gapanda réclame justice et des éclaircissements sur sa détention, toujours entourée de mystère

by Bahanda Bruce
May 8, 2026
0
La famille du colonel Gapanda réclame justice et des éclaircissements sur sa détention, toujours entourée de mystère

La famille du colonel Gapanda réclame justice et des éclaircissements sur sa détention, toujours entourée de mystère La famille du colonel Ruhorimbere Gapanda, l’un des hauts gradés des...

Read moreDetails

Isoko rikomeye ryo mu Mujyi wa Bujumbura ryafashwe n’inkongi y’umuriro, abacuruzi bahura n’igihombo gikomeye

by Bahanda Bruce
May 8, 2026
0
Isoko rikomeye ryo mu Mujyi wa Bujumbura ryafashwe n’inkongi y’umuriro, abacuruzi bahura n’igihombo gikomeye

Isoko rikomeye ryo mu Mujyi wa Bujumbura ryafashwe n’inkongi y’umuriro, abacuruzi bahura n’igihombo gikomeyeIsoko rya Kinama riherereye mu Mujyi wa Bujumbura mu Burundi ryibasiwe n’inkongi y’umuriro ikomeye yatumye...

Read moreDetails

ONU Yamaganye Ibihano bya Amerika yafatiye Cuba, Ivuga ko Bikomeje Guteza Ibibazo Bikomeye Abaturage

by Bahanda Bruce
May 8, 2026
0
ONU Yamaganye Ibihano bya Amerika yafatiye Cuba, Ivuga ko Bikomeje Guteza Ibibazo Bikomeye Abaturage

ONU Yamaganye Ibihano bya Amerika yafatiye Cuba, Ivuga ko Bikomeje Guteza Ibibazo Bikomeye Abaturage Impuguke z’Umuryango w’Abibumbye (ONU) zagaragaje impungenge zikomeye ku cyemezo cya Perezida wa Leta Zunze...

Read moreDetails

Les Américains commencent à regretter profondément leur soutien au président Tshisekedi de la RDC

by Bahanda Bruce
May 8, 2026
0
Abanyamerika Batangiye Kwicuza Bikomeye Kuba Barashyigikiye Perezida Tshisekedi wa RDC

Les Américains commencent à regretter profondément leur soutien au président Tshisekedi de la RDC Alors que le pouvoir du président Félix Tshisekedi continue de subir de fortes pressions...

Read moreDetails

Abanyamerika Batangiye Kwicuza Bikomeye Kuba Barashyigikiye Perezida Tshisekedi wa RDC

by Bahanda Bruce
May 8, 2026
0
Abanyamerika Batangiye Kwicuza Bikomeye Kuba Barashyigikiye Perezida Tshisekedi wa RDC

Abanyamerika Batangiye Kwicuza Bikomeye Kuba Barashyigikiye Perezida Tshisekedi wa RDC Mu gihe ubutegetsi bwa Perezida Félix Tshisekedi bukomeje kotswa igitutu n’abatavuga rumwe na bwo ndetse n’abasesenguzi mpuzamahanga, amagambo...

Read moreDetails
Next Post

Umubano w'igihugu c'u Burundi n'u Rwanda, wo ngeye kuzamo agatotsi nyuma y'uko leta y'u Burundi, ifunze imipaka.

Comments 1

  1. Mugeza says:
    2 years ago

    Mana rengera inzirakarengane

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?