• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, August 4, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abasirikare ba FARDC bayobotse M23, nyuma y’uko leta ya Kinshasa, itangiye gutoteza abavuka mu Ntara ya Katanga no muri Kivu Yaruguru ni y’Epfo.

minebwenews by minebwenews
January 11, 2024
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Nyuma y’uko ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, bu toteje abasirikare ba vuka mu Ntara ya Katanga no mu Ntara z’iherereye mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bya tumye Ingabo za FARDC bakomeza kwi yonkora k’ubutegetsi bwa Kinshasa bakiyunga n’inyeshamba zo mu mutwe wa M23, ufatanije n’i Shyaka rya Alliance Fleuve Congo, rya shizwe na Corneille Nangaa.

You might also like

EASTERN DRC REACHES A CRITICAL JUNCTURE: MRDP-Twirwaneho and AFC/M23 Reportedly Continue Expanding Their Territorial Control as the Role of Burundian Forces Remains Controversial

UBURASIRAZUBA BWA RDC BUGEZE AHANTU HAKOMEYE: MRDP-Twirwaneho na AFC/M23 Bavugwaho Gukomeza Kwagura Igenzura, Mu Gihe Uruhare rw’Ingabo z’u Burundi Rukomeje Guteza Impaka

Ibisubizo Bitangaje Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye Yatanze ku Byo Yagejeje ku Gihugu n’Abarundi mu Myaka Itandatu Amaze ku Butegetsi

K’umunsi w’ejo hashize itariki ya 10/01/2024, i Rutsuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ahar’i birindiro by’Ingabo za M23, bakiriye umusirikare w’indwanyi, wari ukomeye mu Ngabo za FARDC, ariwe Colonel Biyoyo.

Andi makuru ya komeje gucyicibikana ku mbuga nkoranya mbaga, kuri uyu wa Kane, tariki ya 11/01/2024, na y’undi musirikare wo mungabo za FARDC, Colonel Bahati Balingene Saddam, wari uzwi cyane muri brigade ya 21, mu Ngabo za Republika ya Demokarasi ya Congo, mu masaha yakare yari yamaze kugera i Rutsuru, aho yaje kwifatanya na M23.

Ay’amakuru yemezwa n’u muvugizi wa M23 mu bya gisirikare, major Willy Ngoma, aho yagize ati: “Kubera ko Guverinoma ya Kinshasa, idaha agaciro abayo, biri gutuma Ingabo zitandukanya n’ubwo butegetsi bubi, ba ki yunga n’igisirikare kizi icyo gukora M23. Tumaze kwakira Colonel Bahati Balingene Saddam, ubu yamaze kugera i Rutsuru.”

Abasirikare ba FARDC bari kw’itandukanya n’ubutegetsi bwa Kinshasa, mugihe bamwe mu bayobozi bo hejuru bafunzwe bazira Intara bavukamo. Mu minsi ishize abasirikare ba FARDC k’urwego rwa General na Colonel, bavuka mu Ntara ya Katanga, barafunzwe bazira kuba bavuka iyo bavuka, nk’uko bya tangajwe n’urubuga rwa Alliance Fleuve Congo.

Mu bafunzwe harimo Colonel Kisu Numbi na General Kosongo bafunzwe bazira akarere ba vukamo ka Katanga.

Ibi kandi bigize igihe biba kubasirikare ba FARDC bavuka mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, nka Colonel Eric Geriyadi, wafungiwe i Kinshasa, mu mpera z’u kwezi kwa Cumi nabiri, aho yafatiwe mw’ikambi y’igisikare ca FARDC, iherereye Kokolo, azira ubwoko bwe Abatutsi.

Harimo kandi na Lieutenant Mudumira, wafatiwe Uvira ahagana tariki ya 26/12/2023, afungwa azira ubwoko bwe Abatutsi.

Mu ntangiriro z’u mwaka w’2023, abasirikare benshi bitandukanije n’ubutegetsi bwa Kinshasa, bagana M23, muri abo harimo Colonel Gekunzi Byinshi, Colonel Oscar Ndabahaza n’abandi benshi.

Ubwo aba bitandukanije na Guverinoma ya perezida Félix Tshisekedi, bahezaga ikiganiro itangaza makuru bavuze ko bagaye imikorere ya leta ya Kinshasa, kuba itoteza abaturage bo mu bwoko bw’Abatutsi, aho ndetse banahamije ko bamwe mu Batutsi bafungwa buzira impamvu abandi benshi bavuga ko bicwa bazira ubwoko bwabo.

Bruce Bahanda.

Tags: Abasirikare ba FARDC bayobotse M23KatangaNyuma y'uko leta ya Kinshasa
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

EASTERN DRC REACHES A CRITICAL JUNCTURE: MRDP-Twirwaneho and AFC/M23 Reportedly Continue Expanding Their Territorial Control as the Role of Burundian Forces Remains Controversial

by Bahanda Bruce
August 2, 2026
0
EASTERN DRC REACHES A CRITICAL JUNCTURE: MRDP-Twirwaneho and AFC/M23 Reportedly Continue Expanding Their Territorial Control as the Role of Burundian Forces Remains Controversial

EASTERN DRC REACHES A CRITICAL JUNCTURE: MRDP-Twirwaneho and AFC/M23 Reportedly Continue Expanding Their Territorial Control as the Role of Burundian Forces Remains Controversial MINEMBWE CAPITAL NEWS The ongoing...

Read moreDetails

UBURASIRAZUBA BWA RDC BUGEZE AHANTU HAKOMEYE: MRDP-Twirwaneho na AFC/M23 Bavugwaho Gukomeza Kwagura Igenzura, Mu Gihe Uruhare rw’Ingabo z’u Burundi Rukomeje Guteza Impaka

by Bahanda Bruce
August 2, 2026
0
Umusesenguzi Christian Moleka Yagaragaje Impungenge ko RDC Ishobora Guhura n’Ibyago byo Gucikamo Ibice

UBURASIRAZUBA BWA RDC BUGEZE AHANTU HAKOMEYE: MRDP-Twirwaneho na AFC/M23 Bavugwaho Gukomeza Kwagura Igenzura, Mu Gihe Uruhare rw'Ingabo z'u Burundi Rukomeje Guteza Impaka MINEMBWE CAPITAL NEWS Imirwano ikomeje kubera...

Read moreDetails

Ibisubizo Bitangaje Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye Yatanze ku Byo Yagejeje ku Gihugu n’Abarundi mu Myaka Itandatu Amaze ku Butegetsi

by Bahanda Bruce
August 1, 2026
0
Ibisubizo Bitangaje Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye Yatanze ku Byo Yagejeje ku Gihugu n’Abarundi mu Myaka Itandatu Amaze ku Butegetsi

Ibisubizo Bitangaje Perezida w'u Burundi Évariste Ndayishimiye Yatanze ku Byo Yagejeje ku Gihugu n'Abarundi mu Myaka Itandatu Amaze ku Butegetsi MINEMBWE CAPITAL NEWS Perezida w'u Burundi, Évariste Ndayishimiye,...

Read moreDetails

Minisitiri Nduhungirehe Yahakanye Yivuye Inyuma Ibyavuzwe na Perezida Ndayishimiye ku Ihererekanya ry’Abakekwaho Kugerageza Guhirika Ubutegetsi bw’u Burundi mu 2015

by Bahanda Bruce
August 1, 2026
0
Minisitiri Nduhungirehe Yahakanye Yivuye Inyuma Ibyavuzwe na Perezida Ndayishimiye ku Ihererekanya ry’Abakekwaho Kugerageza Guhirika Ubutegetsi bw’u Burundi mu 2015

Minisitiri Nduhungirehe Yahakanye Yivuye Inyuma Ibyavuzwe na Perezida Ndayishimiye ku Ihererekanya ry'Abakekwaho Kugerageza Guhirika Ubutegetsi bw'u Burundi mu 2015 MINEMBWE CAPITAL NEWS Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga n'Ubutwererane Mpuzamahanga w'u...

Read moreDetails

C64 : Après son déplacement au Burundi, une nouvelle mission de la coalition vers un autre pays est évoquée

by Bahanda Bruce
July 31, 2026
0
RDC : Le C64 Met en Place une Nouvelle Stratégie pour Contraindre Félix Tshisekedi à Démissionner alors que le Débat sur la Révision de la Constitution s’Intensifie

C64 : Après son déplacement au Burundi, une nouvelle mission de la coalition vers un autre pays est évoquée MINEMBWE CAPITAL NEWS Alors que la République démocratique du...

Read moreDetails
Next Post

Umubano w'igihugu c'u Burundi n'u Rwanda, wo ngeye kuzamo agatotsi nyuma y'uko leta y'u Burundi, ifunze imipaka.

Comments 1

  1. Mugeza says:
    3 years ago

    Mana rengera inzirakarengane

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Mikenke Minembwe Monusco MRDP-TWIRWANEHO Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?