• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abasirikare b’u Burundi bari baroherejwe mu mahanga kwiga mbere y’uko boherezwa muri RDC batorotse

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 20, 2025
in Regional Politics
0
Abasirikare b’u Burundi bari baroherejwe mu mahanga kwiga mbere y’uko boherezwa muri RDC batorotse
89
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abasirikare b’u Burundi bari baroherejwe mu mahanga kwiga mbere y’uko boherezwa muri RDC batorotse

You might also like

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

Abasirikare b’u Burundi bari baroherejwe kwiga amashuri ya gisirikare mu Burusiya mbere y’uko boherezwa muri Repubulika ya demokarasi ya Congo kurwanya umutwe wa AFC/M23/MRDP batorotse.

Aba basirikare bivugwa ko bari umunani, nyuma y’aho bageze mu Burusiya aho bari bagiye kwitoreza imyitozo ihambaye ya gisirikare, bahise bacikira i Moscow ku murwa mukuru w’iki gihugu cy’u Burusiya baja gukora ubuzi bubafasha ku giti cyabo.

Iki gikorwa aba basirikare bakoze gica amarenga ko badashaka kujya kurwanira mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, kuko hari n’abandi benshi babyanze barafungwa.

Hari n’abandi benshi bahanganye n’uy’u mutwe wa M23 muri Kivu y’Amajyepfo, ariko batumva icyo bari kurwanira kugeza n’ubu.

Ingabo z’u Burundi zifatanya n’iza RDC mu rugamba rwo kurwanya AFC/M23/MRDP kuva mu 2023. Ariko amakuru avuga ko zitigeze zihirwa muri iyi ntambara, ni mu gihe zambuwe ibice byinshi ubundi kandi ziyitakarizamo ku kigero cyo hejuru.

Umwe mu basirikare ba kuru b’u Burundi ufite ipeti rya Colonel yatangaje ko abofisiye bo ku rwego rwa General barwanyije icyemezo cyo kohereza abasirikare babo muri RDC bitewe n’uko izi ngabo z’u Burundi zitarigera zitsinda intambara mu mateka yazo.

Nubwo abo babyanze, perezida Evariste Ndayishimiye we yakomeje guhatiriza, biturutse ahanini ku kayabo k’amafaranga yahawe na mugenzi we perezida Felix Tshisekedi wa RDC.

Ni nabwo guverinoma zombi zahise zigirana amasezerano y’ubufatanye mu bya gisirikare mu kwezi kwa gatanu umwaka wa 2022. Icyo gihe Ndayishimiye yahise ahabwa ishimwe rya miliyoni 2 z’amadolari y’Amerika. Abasirikare be bari barijejwe na bo ko bazajya bahabwa umushahara ugera ku madolari 5000 ariko amenshi ajya mu kigega cya perezida wabo n’icy’u mugaba w’Ingabo zabo.

Tags: Ingabo zu BurundiZatorotse
Share36Tweet22Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware Abasirikare b’Igihugu cy’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware n’inzego z’umutekano, bashinjwa gutoroka inshingano za gisirikare nyuma yo gutsindwa ku...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida Leta ya Uganda yongeye gufungura internet mu gihugu hose nyuma y’itangazwa ry’ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, byemeje...

Read moreDetails

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora Leta ya Uganda yafashe icyemezo gikomeye cyo guhagarika internet mu gihugu hose mu gihe kitazwi. Iki cyemezo cyatangajwe n’Ikigo...

Read moreDetails

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Robert Kyagulanyi Ssentamu, uzwi cyane ku izina rya Bobi Wine, yatangaje...

Read moreDetails
Next Post
Abanye-kongo babujijwe kwitabira amarushanwa y’isi yo gusiganwa kw’amagare agiye kubera i Kigali

Abanye-kongo babujijwe kwitabira amarushanwa y'isi yo gusiganwa kw'amagare agiye kubera i Kigali

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?