• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abasirikare b’u Burundi, bo muri TAFOC, bashinjwe gusambanya abagore ku ngufu, muri Kivu y’Amajy’epfo.

minebwenews by minebwenews
December 17, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abasirikare b’u Burundi, boherejwe mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bashinjwe n’Ibyaha birimo no gufata abagore ku ngufu.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni byatangajwe n’umuryango wa Burundi Human Rights initiative(BHRI), uyu muryango uharanira uburenganzira bw’Amuntu. Ibi wabisohoye kw’itariki 15/12/2023.

Muri raporo bashize hanze igaragaza ko abasirikare b’u Burundi batangiye gusambanya abagore ku ngufu ba banyekongo, guhera mu mpera z’u mwaka w’2021, ubwo boherezwa ga mu misozi miremire y’Imulenge, ho mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu buryo bwa TAFOC.

Iy’i raporo igira it: “Bariya banyekongo bahohotewe imiryango yabo yavuze ko usibye n’igisirikare ahubwo ko n’Imbonerakure z’ikorana n’Igisirikare ca leta ya Bujumbura, ko bafashe abagore ku ngufu, barafunze, barahohoteye no gushimuta. Ibyo bakoze binyuranyije n’amategeko.”

Uy’u muryango wa BHRI, wanatanze akarorero, kavuga ko “ahagana mu kwezi kwa Cyenda 9, umwaka w’ 2022, bariya basirikare b’u Burundi bafashe ku ngufu umugore wari kumwe na muramukazi we, bamusambanyiriza mu maso y’Abana batatu.”

Munyandiko uyu muryango washize hanze zikomeza zivuga ko nyuma y’uriya mudamu wafashwe kungufu mu maso y’Abana, hari n’abandi abasirikare b’u Burundi bakomeje guhohotera. Mu bimenyetso bagaragaje n’uko abo basirikare babaga bambaye umwambaro w’igisirikare c’u Burundi kandi bavuga n’ururimi rw’Ikirundi.

Imiryango Mpuzamahanga n’iyimbere mu gihugu c’u Burundi, basabye ko hokorwa iperereza ry’Imbitse kuri ubwo busambo bwakozwe n’igisirikare c’u Burundi mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo. Iy’i miryango kandi irasaba ko perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, ko yatanga uburenganzira iryo perereza rigakorwa.

Igisirikare c’u Burundi, kimaze igihe kingana n’imyaka ikabakaba itatu ku butaka bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, aho bivugwa ko bagiye gufasha FARDC kurwanya imitwe y’inyeshamba y’itwaje Imbunda irimo n’ikomoka mu gihugu c’u Burundi, nka Red Tabara, FNL ya Gen Aloys Nzabampema n’Indi.

Abasirikare b’u Burundi kandi bari baroherejwe mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, bashinjwe kuba barafatanije n’Awazalendo na FDLR, irimo abasize bakoze Genocide mu Rwanda. Bariya basirikare bari mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, m’urwego rwa EAC.

Bruce Bahanda.

Tags: BashinjweBHRIGusambanya abagore ku ngufuIngabo z'u BurundiKivu yamajy'EpfoTAFOC
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post

Ubwoko buvukamo Justin Bitakwira, byiswe ko aribo batera umwanda mu Mujyi wa Uvira.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?