Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abasivile barashwe n’umusirikare mu Minembwe umwe ahasiga ubuzima.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 18, 2025
in Regional Politics
0
Abasivile barashwe n’umusirikare mu Minembwe umwe ahasiga ubuzima.
107
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abasivile barashwe n’umusirikare mu Minembwe umwe ahasiga ubuzima.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Umusirikare wo mu ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, wo muri brigade ya 21 ikorera mu Minembwe mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, yishe arashe umwana w’umukobwa akomeretsa n’umuhungu wari kumwe n’uwo mukobwa. Bombi bakaba ari abo mu bwoko bw’Abashi.

Amakuru ava muri ibyo bice avuga ko iryo raswa ry’abo basivile byabaye ahagana isaha ya saa tanu z’ijoro ryo ku wa kane tariki ya 16/01/2025.

Nk’uko iyi nkuru ibisobanura ibyo byabereye neza muri centre ya Minembwe ahatuwe n’Abashi benshi babacuruzi.

Bikavugwa ko uwo muhungu yari yararanye n’uriya mwana w’Umukobwa, bombi bakaba bari mu kigero cy’imyaka y’amavuko iri hejuru ya 25.

Nyuma y’aho bari bamaze kuryama, Umusirikare wo mu ngabo za FARDC yarabinjiranye akoresheje imbaraga, kuko byavuzwe ko yakubise umuryango urakinguka, ubundi ahita yinjira ni bwo yahise arasa umukobwa arapfa umuhungu we arakomereka bikabije.

Kuri ubu uwakomeretse ari mu bitaro bikuru bya Minembwe aho ari kwitabwaho, ndetse bikavugwa ko ari gushakirwa transfer imujana i Bukavu ku murwa mu kuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, kugira ngo akomeze kwitabwaho.

Mu gihe uriya musirikare we wicanye yahise atabwa muri yombi, nawe akaba azoherezwa Uvira kugira ngo aryozwe ibyo yakoze, nk’uko iyi nkuru dukesha inzego z’umutekano mu Minembwe ziyavuga.

Tags: FardcMinembweUmushi
Share43Tweet27Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Ibitangazwa na Gen Muhoozi byongeye kuzana impaka zikomeye.

Ibitangazwa na Gen Muhoozi byongeye kuzana impaka zikomeye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?