• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abategetsi ba leta ya Congo baganiriye na ba Kenya bashinja guha urubuga ihuriro rya Alliance Fleuve Congo(AFC).

minebwenews by minebwenews
May 12, 2024
in Regional Politics
0
Abategetsi ba leta ya Congo baganiriye na ba Kenya bashinja guha urubuga ihuriro  rya Alliance Fleuve Congo(AFC).
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abategetsi ba Repubulika ya demokarasi ya Congo baganiriye na ba Kenya bashinja guha urubuga ihuriro ry’imitwe ya politiki n’igisirikare rya Alliance Fleuve Congo.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni minisitiri w’u banye n’amahanga wa Kenya, Musalia Mudavadi wagiranye ikiganiro na mugenzi we wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Christophe Lutundula.

Ibi biganiro babigiranye ubwo minisitiri w’u banye n’amahanga wa Kenya, Musalia Mudavadi yari yagiriye uruzinduko i Kinshasa, nyuma y’uko sosiyete y’Abanyakenya ikora ubwikorezi bwo mu kirere, Kenya Airways yari yasubukuye ingendo, ni mu gihe abakozi bayo bari barekurwe n’igisirikare cya RDC; aho bari baratawe muri yombi n’iki gisirikare.

Muri uru ruzinduko, Musali yahuye n’abayobozi bo muri leta ya perezida Félix Tshisekedi baganira ku ngingo zitandukanye, cyane cyane izirebana n’intambara iri mu Burasirazuba bw’iki gihugu, n’uruhare Kenya yagize mu guhuza impande zihanganye.

Kuri AFC, Christophe Lutundula yagaragarije Musalia ko leta ya Kinshasa yababajwe no kuba iri huriro ryarashingiwe muri Kenya, nawe amusobanurira ko ubuyobozi bw’i gihugu cyabo bwa babajwe no kubona iki gikorwa kibera i Nairobi.

Yagize ati: “Ubwo ibi byabaga, natwe twarababaye. Twizeye ko mu gihe kizaza bitazasubira.”

Ubwo iri huriro rya AFC ryashingwaga ubutegetsi bwa Kinshasa bubinyujije kuri minisitiri w’u banye n’amahanga wayo, bwasabye minisitiri w’u banye n’amahanga wa Kenya gutanga ibisobanuro ku ihuriro rirwanya leta ya perezida Félix Tshisekedi ryashingiwe i Nairobi no gukurikirana ibyaryo, gusa perezida wa Kenya William Ruto icyo gihe yabiteye utwatsi.

Lutundula kandi yagaragaje ko igihugu nka Kenya guhuriye na RDC mu muryango wa Afrika y’iburasizuba, EAC, kitakabaye cyemera ko ishingwa ry’ihuriro rirwanya ubutegetsi rigitangarizwamo, ko ahubwo cyakabaye kinakurikirana abarigize.

Yatanze urugero kuri Kenya, agaragaza ko hari igitotsi kiri mu mubano w’ibihugu bigize uyu muryango, kandi ko kudafatanya mu gukurikirana abantu nk’aba bisa n’ubufatanyacyaha.

Kimweho RDC iri gukorana byahafi n’ibihugu byo mu karere mu guhungana n’ihuriro rya AFC/M23. Hashingiwe ku masezerano ifitanye n’u Burundi, ingabo z’ibihugu byombi ziri ku rugamba rwo kurwanya uyu mutwe.

            MCN.
Tags: Abategetsi ba RDCIshinja guha urubuga ihuriro ry'imitwe ya politiki n'igisirikare rya Alliance Fleuve CongoKenya
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Leta y’u Burundi yongeye kwikoma u Rwanda ku bisasu byatewe i Bujumbura ku wa Gatanu, mu gihugu cy’u Burundi.

Leta y'u Burundi yongeye kwikoma u Rwanda ku bisasu byatewe i Bujumbura ku wa Gatanu, mu gihugu cy'u Burundi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?