• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, March 7, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abategetsi ba leta ya Congo baganiriye na ba Kenya bashinja guha urubuga ihuriro rya Alliance Fleuve Congo(AFC).

minebwenews by minebwenews
May 12, 2024
in Regional Politics
0
Abategetsi ba leta ya Congo baganiriye na ba Kenya bashinja guha urubuga ihuriro  rya Alliance Fleuve Congo(AFC).
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abategetsi ba Repubulika ya demokarasi ya Congo baganiriye na ba Kenya bashinja guha urubuga ihuriro ry’imitwe ya politiki n’igisirikare rya Alliance Fleuve Congo.

You might also like

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Ni minisitiri w’u banye n’amahanga wa Kenya, Musalia Mudavadi wagiranye ikiganiro na mugenzi we wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Christophe Lutundula.

Ibi biganiro babigiranye ubwo minisitiri w’u banye n’amahanga wa Kenya, Musalia Mudavadi yari yagiriye uruzinduko i Kinshasa, nyuma y’uko sosiyete y’Abanyakenya ikora ubwikorezi bwo mu kirere, Kenya Airways yari yasubukuye ingendo, ni mu gihe abakozi bayo bari barekurwe n’igisirikare cya RDC; aho bari baratawe muri yombi n’iki gisirikare.

Muri uru ruzinduko, Musali yahuye n’abayobozi bo muri leta ya perezida Félix Tshisekedi baganira ku ngingo zitandukanye, cyane cyane izirebana n’intambara iri mu Burasirazuba bw’iki gihugu, n’uruhare Kenya yagize mu guhuza impande zihanganye.

Kuri AFC, Christophe Lutundula yagaragarije Musalia ko leta ya Kinshasa yababajwe no kuba iri huriro ryarashingiwe muri Kenya, nawe amusobanurira ko ubuyobozi bw’i gihugu cyabo bwa babajwe no kubona iki gikorwa kibera i Nairobi.

Yagize ati: “Ubwo ibi byabaga, natwe twarababaye. Twizeye ko mu gihe kizaza bitazasubira.”

Ubwo iri huriro rya AFC ryashingwaga ubutegetsi bwa Kinshasa bubinyujije kuri minisitiri w’u banye n’amahanga wayo, bwasabye minisitiri w’u banye n’amahanga wa Kenya gutanga ibisobanuro ku ihuriro rirwanya leta ya perezida Félix Tshisekedi ryashingiwe i Nairobi no gukurikirana ibyaryo, gusa perezida wa Kenya William Ruto icyo gihe yabiteye utwatsi.

Lutundula kandi yagaragaje ko igihugu nka Kenya guhuriye na RDC mu muryango wa Afrika y’iburasizuba, EAC, kitakabaye cyemera ko ishingwa ry’ihuriro rirwanya ubutegetsi rigitangarizwamo, ko ahubwo cyakabaye kinakurikirana abarigize.

Yatanze urugero kuri Kenya, agaragaza ko hari igitotsi kiri mu mubano w’ibihugu bigize uyu muryango, kandi ko kudafatanya mu gukurikirana abantu nk’aba bisa n’ubufatanyacyaha.

Kimweho RDC iri gukorana byahafi n’ibihugu byo mu karere mu guhungana n’ihuriro rya AFC/M23. Hashingiwe ku masezerano ifitanye n’u Burundi, ingabo z’ibihugu byombi ziri ku rugamba rwo kurwanya uyu mutwe.

            MCN.
Tags: Abategetsi ba RDCIshinja guha urubuga ihuriro ry'imitwe ya politiki n'igisirikare rya Alliance Fleuve CongoKenya
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
March 7, 2026
0
Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko u Rwanda rwifuza amahoro arambye mu...

Read moreDetails

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

by Bahanda Bruce
March 6, 2026
0
Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze Mu gihe ibihugu byo mu Karere k’Ibiyaga Bigari bikomeje...

Read moreDetails

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza Mu gihe ibibazo by’umutekano bikomeje kwiyongera mu bice bitandukanye by’umugabane wa Afurika, Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje...

Read moreDetails

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

by Bahanda Bruce
March 4, 2026
0
Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi Mu gihe umwuka w’intambara ukomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails

U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

U Rwanda rwasubije abayobozi ba RDC bishimiye ibihano byafatiwe bamwe mu basirikare barwo na Amerika Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko ibihano bifatirwa uruhande rumwe...

Read moreDetails
Next Post
Leta y’u Burundi yongeye kwikoma u Rwanda ku bisasu byatewe i Bujumbura ku wa Gatanu, mu gihugu cy’u Burundi.

Leta y'u Burundi yongeye kwikoma u Rwanda ku bisasu byatewe i Bujumbura ku wa Gatanu, mu gihugu cy'u Burundi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?