• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Leta y’u Burundi yongeye kwikoma u Rwanda ku bisasu byatewe i Bujumbura ku wa Gatanu, mu gihugu cy’u Burundi.

minebwenews by minebwenews
May 12, 2024
in Regional Politics
0
Leta y’u Burundi yongeye kwikoma u Rwanda ku bisasu byatewe i Bujumbura ku wa Gatanu, mu gihugu cy’u Burundi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta y’u Burundi yongeye kwikoma u Rwanda ku bisasu byatewe i Bujumbura ku wa Gatanu, mu gihugu cy’u Burundi.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

N’ibyatangajwe n’umuvugizi wa Polisi y’u Burundi, Pierre Nkurikiye, ubwo yari mu kiganiro n’abanyamakuru i Bujumbura kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 11/05/2024.

Muri iki kiganiro umuvugizi wa Polisi y’u Burundi yemeje ko cyakomerekeyemo abantu 38, ariko ko 5 muribo aribo bakomeretse bikabije.

Kandi avuga ko nta n’umwe wapfiriye muri icyo gitero, ngo kuko bahise bajanwa ku bitaro mu maguru mashya; kuri ubu bakaba bari kwitabwaho mu bitaro biherereye aho hafi.

Nk’uko uyu muvugizi w’igipolisi yabisobanuye yavuze ko hari kindi gisasu cyatewe ku mugoroba wo ku wa Gatanu muri Zone Ngagara ariko ko kitigeze kigira uwo gihitana, ninyuma yibyari byagabwe ku ruhande rwahahoze isoko nkuru ya Bujumbura, yemeza ko cya komerekeje uwo nyine wari wagiteye aho ngo yanaje gufatwa ndetse ngo asanganwa n’ikindi gisasu ateganya gutera.

Yakomeje avuga ko abakora itera bwoba bari bateye ikindi gisasu mu Kamenge ahitwa kuri Bar du peuple aho cyahitanye umuntu umwe muri batandatu bari bakomeretse.

Uyu muvugizi w’igipolisi cy’u Burundi yashimangiye ko abagize iryo tsinda ry’abatera ibisasu bategurwa bakanahabwa ibikoresho na leta y’u Rwanda biciye muri Red Tabara.

Ntacyo u Rwanda ruravuga kuri ibyo rushinjwa, usibye ko ataribwo bwa mbere u Burundi bushinja iki gihugu gutera inkunga uyu mutwe ibyo u Rwanda rwagiye ruhakana kenshi, ndetse rugashimangira ko nta mutwe n’umwe rukorana nawo.

Kimweho igisirikare cy’u Burundi nicyo cyagiye gifatanwa n’imitwe y’itwaje imbunda irimo na FDLR irwanya leta ya Kigali.

Ibyo byagaragaye mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, aho Imbonerakure z’u Burundi n’igisirikare cy’icyo gihugu bifatanya ku mugaragaro mu kurwanya M23, mu ntambara ihanganishije uwo mutwe n’Ingabo za leta ya Kinshasa, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

                  MCN.
Tags: Arashinja u RwandaGutera ibisasu i BujumburaUmuvugizi wa Polisi y'u Burundi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo perezida Evariste Ndayishimiye akunze gutangaza ngo byaba bifite uruhare mu kuba umutekano w’u Burundi uri kugerwa ku mashyi muri iki gihe.

Ibyo perezida Evariste Ndayishimiye akunze gutangaza ngo byaba bifite uruhare mu kuba umutekano w'u Burundi uri kugerwa ku mashyi muri iki gihe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?