• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, March 3, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abategetsi bo mu ishaka riri k’ubutegetsi mu Burundi, ntibacana uwaka kubiheruka gutanzwa na perezida wabo, Evariste Ndayishimiye.

minebwenews by minebwenews
March 4, 2024
in Regional Politics
0
Abategetsi bo mu ishaka riri k’ubutegetsi mu Burundi, ntibacana uwaka kubiheruka gutanzwa na perezida wabo, Evariste Ndayishimiye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amagambo perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye aheruka kubwira abarundi, nta vugwaho rumwe n’abategetsi bo muri icyo gihugu.

You might also like

U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona

RDC Yashimye Ibihano bya Amerika ku Ngabo z’u Rwanda

U Rwanda Rwagaragaje Akababaro ku Bihano Byafashwe ku Ruhande Rumwe na Amerika, Rushimangira Uko Rwitwaye ku Mutekano n’Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC

Ni byo uyu mukuru w’igihugu cy’u Burundi aheruka gutangaza mu Cyumweru gishize, ubwo yarayoboye ibiganiro bya bamukerarugendo, byari byabereye kuri Lac Tanganyika, i herereye i Bujumbura, ku murwa mukuru w’u bukungu.

Bimwe mubyo uyu mukuru w’igihugu cy’u Burundi yatangarije abarundi, harimo ko yavuze ngo “Ingombyi ya Edeni yanditswe muri Bibiliya ko iri mu Burundi. Avuga kandi ko ubwato bwa Nowa ko bwa vuye mu Burundi bujanwa n’umuyaga muri Israel, maze aba burimwo babonye inzuzi zaho bazitiranya n’izo mu Burundi.”

Ndayishimiye kandi yavuze ko “Abrahamu, Isake, Yakobo na Yesu ko banyoye amazi yo mu Burundi, ngo bikaba biri mu bituma abarundi bahorana akanyamuneza.”

Ibi ngo biri mu byababaje abategetsi bo mu i shyaka rya CNDD FDD, harimo n’abasirikare bakuru bo kurwego rw’abajenerali. Abo bategetsi bivugwa ko bari baraburiye perezida wabo, kugabanya ibyavuga, ko ndetse adakwiye kujya vuga amagambo atanditse mu gihe haba hari Nama zikomeye.

Inkuru dukesha urubuga rwa Pacifique Nininahazwe, ushinzwe gutabariza abarundi bari mu kaga, ivuga ko “mu ishyaka rya CNDD FDD basanganwe ibibazo, bityo ko badakwiye kwiha rubanda, mu kuvuga ibitajanye n’igihe.”

Uru rubuga rwa Pacifique Nininahazwe, rukomeza ruvuga ko abategetsi b’u Burundi bakurikiye ijambo rya Evariste Ndayishimiye ko byabateye ikimwaro, hanyuma bikabaterera gushinja abashinzwe gutegurira umukuru w’igihugu ijambo, ari nabo bashinzwe ku muha i Nama, bakavuga ko batabikora nk’uko bikwiye.

Iy’i nkuru ikomeza ivuga ko umwe mu bashinzwe gutegurira umukuru w’igihugu, ariwe Guilene Rosine Gatoni, ko yabwiye aba bategetsi ko biriya perezida w’u Burundi aheruka gutangaza ko atari byo bari ba muteguriye ko ahubwo bari bamuteguriye ijambo ryiza, rimwe rya nditse mu gifaransa, irindi mu kirundi.

Uy’u avuga ko Evariste Ndayishimiye yahisemo kuvuga iryo mukirundi ariko naryo ntiyarivuga uko riri, yivugira ibindi bye.

Ariko rero bivugwa ko ikosa bariya bategetsi bashinja Guilene Rosine Gatoni, utegura ijambo rya perezida, si ukuba atamutegurira, ahubwo n’uko atamugira i nama kubyo akwiye kuvuga nibyo adakwiye kuvuga.

Urubuga rwa Pacifique Nininahazwe rusoza ruvuga ko perezida Evariste Ndayishimiye ko ari umuntu utagirwa i Nama akora ibije byose mu mutwe.

           MCN.
Tags: CNDD FDDNtibacana uwaka kubiheruka gutanzwa naPerezida Evariste Ndayishimiye
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona

U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona Amakuru Minembwe Capital News dukesha inyandiko ya Pacifique Ninanahazwe, uhagarariye ishyirahamwe FECODE ritabariza Abarundi bari mu kaga, agaragaza...

Read moreDetails

RDC Yashimye Ibihano bya Amerika ku Ngabo z’u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
RDC Yashimye Ibihano bya Amerika ku Ngabo z’u Rwanda

RDC Yashimye Ibihano bya Amerika ku Ngabo z’u Rwanda Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yatangaje ko yakiriye neza icyemezo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Akababaro ku Bihano Byafashwe ku Ruhande Rumwe na Amerika, Rushimangira Uko Rwitwaye ku Mutekano n’Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 2, 2026
0
Perezida Kagame Yitezwe mu Nama Mpuzamahanga ku Ngufu za Nucléaire n’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

U Rwanda Rwagaragaje Akababaro ku Bihano Byafashwe ku Ruhande Rumwe na Amerika, Rushimangira Uko Rwitwaye ku Mutekano n’Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko itishimiye...

Read moreDetails

EAC: Inama ya 25 y’Abakuru b’Ibihugu ihuriranye n’umutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC n’umwuka mubi hagati ya Kinshasa na EAC: Byinshi kuri aya makuru

by Bahanda Bruce
March 2, 2026
0
EAC: Inama ya 25 y’Abakuru b’Ibihugu ihuriranye n’umutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC n’umwuka mubi hagati ya Kinshasa na EAC: Byinshi kuri aya makuru

EAC: Inama ya 25 y’Abakuru b’Ibihugu ihuriranye n’umutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC n’umwuka mubi hagati ya Kinshasa na EAC: Byinshi kuri aya makuru Abakuru b’Ibihugu na za...

Read moreDetails

Urupfu rwa Lt Col Willy Ngoma wa AFC/M23 ni Icyaha cy’Intambara – Senateri Evode Uwizeyimana

by Bahanda Bruce
March 2, 2026
0
Urupfu rwa Lt Col Willy Ngoma wa AFC/M23 ni Icyaha cy’Intambara – Senateri Evode Uwizeyimana

Urupfu rwa Lt Col Willy Ngoma wa AFC/M23 ni Icyaha cy’Intambara – Senateri Evode Uwizeyimana Urupfu rwa Lt Col Willy Ngoma, wari umuvugizi w’igisirikare cy’ihuriro rya Alliance Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
M23 irigamba gukorera umuti ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, no gufata ibindi bice byingenzi, mu mirwano yabaye kuri uyu wa Mbere.

M23 irigamba gukorera umuti ihuriro ry'ingabo z'ubutegetsi bwa Kinshasa, no gufata ibindi bice byingenzi, mu mirwano yabaye kuri uyu wa Mbere.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?