Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abategetsi bo mu ishaka riri k’ubutegetsi mu Burundi, ntibacana uwaka kubiheruka gutanzwa na perezida wabo, Evariste Ndayishimiye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 4, 2024
in Regional Politics
0
Abategetsi bo mu ishaka riri k’ubutegetsi mu Burundi, ntibacana uwaka kubiheruka gutanzwa na perezida wabo, Evariste Ndayishimiye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amagambo perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye aheruka kubwira abarundi, nta vugwaho rumwe n’abategetsi bo muri icyo gihugu.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni byo uyu mukuru w’igihugu cy’u Burundi aheruka gutangaza mu Cyumweru gishize, ubwo yarayoboye ibiganiro bya bamukerarugendo, byari byabereye kuri Lac Tanganyika, i herereye i Bujumbura, ku murwa mukuru w’u bukungu.

Bimwe mubyo uyu mukuru w’igihugu cy’u Burundi yatangarije abarundi, harimo ko yavuze ngo “Ingombyi ya Edeni yanditswe muri Bibiliya ko iri mu Burundi. Avuga kandi ko ubwato bwa Nowa ko bwa vuye mu Burundi bujanwa n’umuyaga muri Israel, maze aba burimwo babonye inzuzi zaho bazitiranya n’izo mu Burundi.”

Ndayishimiye kandi yavuze ko “Abrahamu, Isake, Yakobo na Yesu ko banyoye amazi yo mu Burundi, ngo bikaba biri mu bituma abarundi bahorana akanyamuneza.”

Ibi ngo biri mu byababaje abategetsi bo mu i shyaka rya CNDD FDD, harimo n’abasirikare bakuru bo kurwego rw’abajenerali. Abo bategetsi bivugwa ko bari baraburiye perezida wabo, kugabanya ibyavuga, ko ndetse adakwiye kujya vuga amagambo atanditse mu gihe haba hari Nama zikomeye.

Inkuru dukesha urubuga rwa Pacifique Nininahazwe, ushinzwe gutabariza abarundi bari mu kaga, ivuga ko “mu ishyaka rya CNDD FDD basanganwe ibibazo, bityo ko badakwiye kwiha rubanda, mu kuvuga ibitajanye n’igihe.”

Uru rubuga rwa Pacifique Nininahazwe, rukomeza ruvuga ko abategetsi b’u Burundi bakurikiye ijambo rya Evariste Ndayishimiye ko byabateye ikimwaro, hanyuma bikabaterera gushinja abashinzwe gutegurira umukuru w’igihugu ijambo, ari nabo bashinzwe ku muha i Nama, bakavuga ko batabikora nk’uko bikwiye.

Iy’i nkuru ikomeza ivuga ko umwe mu bashinzwe gutegurira umukuru w’igihugu, ariwe Guilene Rosine Gatoni, ko yabwiye aba bategetsi ko biriya perezida w’u Burundi aheruka gutangaza ko atari byo bari ba muteguriye ko ahubwo bari bamuteguriye ijambo ryiza, rimwe rya nditse mu gifaransa, irindi mu kirundi.

Uy’u avuga ko Evariste Ndayishimiye yahisemo kuvuga iryo mukirundi ariko naryo ntiyarivuga uko riri, yivugira ibindi bye.

Ariko rero bivugwa ko ikosa bariya bategetsi bashinja Guilene Rosine Gatoni, utegura ijambo rya perezida, si ukuba atamutegurira, ahubwo n’uko atamugira i nama kubyo akwiye kuvuga nibyo adakwiye kuvuga.

Urubuga rwa Pacifique Nininahazwe rusoza ruvuga ko perezida Evariste Ndayishimiye ko ari umuntu utagirwa i Nama akora ibije byose mu mutwe.

           MCN.
Tags: CNDD FDDNtibacana uwaka kubiheruka gutanzwa naPerezida Evariste Ndayishimiye
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
M23 irigamba gukorera umuti ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, no gufata ibindi bice byingenzi, mu mirwano yabaye kuri uyu wa Mbere.

M23 irigamba gukorera umuti ihuriro ry'ingabo z'ubutegetsi bwa Kinshasa, no gufata ibindi bice byingenzi, mu mirwano yabaye kuri uyu wa Mbere.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?