• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 14, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abenshi bagarutse muri guverinoma nshya yashyizweho na perezida Felix Tshisekedi.

minebwenews by minebwenews
August 8, 2025
in Regional Politics
0
Abenshi bagarutse muri guverinoma nshya yashyizweho na perezida Felix Tshisekedi.
72
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abenshi bagarutse muri guverinoma nshya yashyizweho na perezida Felix Tshisekedi.

You might also like

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

Perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yashyizeho guverinoma nshya aho yagarutsemo benshi mubari bagize icyuye igihe, ndetse kandi na minisitiri w’intebe yakomeje kuba Judith Suminwa Tuluku.

Ku mugoroba w’ahar’ejo ku wa kane tariki ya 07/08/2025, ni bwo iyi guverinoma nshya ya Judith Suminwa Tuluku yatangajwe ku mugaragaro, nyuma y’aho Tshisekedi yaragize igihe abica amarenga.

Perezida Tshisekedi mugutangaza iyi guverinoma yavuze ko ari iyubumwe bw’abanyekongo, anizeza ko izageza iki gihugu ku mahoro arambye, kandi ko izamufasha gukemura ibibazo byingutu.

Abenshi mu bari bagize guverinoma ivuyeho bagarutse ku myanya yabo, nka Therese Kayikwamba yakomeje kuba minisitiri w’ubanye n’amahanga, Guy Kabombo Muadivita akomeza kuba minisitiri w’ingabo mu gihe Jacquemain Shabani na we yagumishijwe ku mwanya wa minisitiri w’umutekano.

Naho Jean Pierre Bemba Gombo asubizwa ku mwanya wa minisitiri w’ubwikorezi, Muyaya Patrick akomeza kuba minisitiri w’itumanaho n’umuvugizi wa guverinoma.

Abashya bayijemo barimo Adolph Muzito utavugarumwe n’ubutegetsi wagizwe minisitiri w’imari, undi ni Guillaume Ngefa Atondoko wagizwe minisitiri w’ubutabera, Elizer Ntambwe ashingwa abahoze ari abasirikare na Floribert Azuluni agirwa minisitiri ushyinzwe ubufatanye n’akarere.

Nta munyamuryango wo mu ishyaka rya ECIDE washyizwe muri iyi guverinoma nshya, ni mu gihe byari byitezwe ko n’umuyobozi w’iri shyaka ayizamo kuko mu minsi ishize yagiye akorana ibiganiro na perezida Felix Tshisekedi.

Ariko kandi n’andi mashyaka akomeye atavuga rumwe n’ubutegetsi arimo n’irya PPRD rya Joseph Kabila wahoze ari perezida w’iki gihugu ndetse n’irya Ansemble rya Moïse Katumbi na yo yahejwe, ubutegetsi buriho buyashinja gukorana n’umutwe wa M23 urwanya ubu butegetsi.

Tags: Guverinoma nshyaSuminwa TulukuTshisekedi
Share29Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
1
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko ibyo yavuze abizi, kandi ko abatamuzi ari bo bavuga ko yapfukamiye...

Read moreDetails

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 11, 2025
0
RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda Repubulika ya demokarasi ya Congo ibinyujije kuri minisitiri wayo w'ubanye n'amahanga, Therese Kayikwamba Wagner, yikomye umuryango w'ubumwe bw'u Burayi...

Read moreDetails

Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Stephanie Nyombayire, yavuze ko ibyatangajwe na perezida Felix Tshisekedi...

Read moreDetails

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y'ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel Perezida Paul Kagame w'u Rwanda yatangaje ko umuntu agize ikibazo akabombolekana nk'ingungura irimo ubusa, na we yaba afite...

Read moreDetails
Next Post
AFC/M23/MRDP yigaruriye kamwe mu duce duherereye muri Kivu y’Epfo.

AFC/M23/MRDP yigaruriye kamwe mu duce duherereye muri Kivu y'Epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?