• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, December 2, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abenshi bagarutse muri guverinoma nshya yashyizweho na perezida Felix Tshisekedi.

minebwenews by minebwenews
August 8, 2025
in Regional Politics
0
Abenshi bagarutse muri guverinoma nshya yashyizweho na perezida Felix Tshisekedi.
72
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abenshi bagarutse muri guverinoma nshya yashyizweho na perezida Felix Tshisekedi.

You might also like

Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

Gen (Rtd) James Kabarebe Yahawe Inshingano Nshya mu Biro bya Perezida wa Repubulika

Corneille Nangaa: Birashoboka ko nzaba Perezida wa RDC, niba igihugu kibikeneye

Perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yashyizeho guverinoma nshya aho yagarutsemo benshi mubari bagize icyuye igihe, ndetse kandi na minisitiri w’intebe yakomeje kuba Judith Suminwa Tuluku.

Ku mugoroba w’ahar’ejo ku wa kane tariki ya 07/08/2025, ni bwo iyi guverinoma nshya ya Judith Suminwa Tuluku yatangajwe ku mugaragaro, nyuma y’aho Tshisekedi yaragize igihe abica amarenga.

Perezida Tshisekedi mugutangaza iyi guverinoma yavuze ko ari iyubumwe bw’abanyekongo, anizeza ko izageza iki gihugu ku mahoro arambye, kandi ko izamufasha gukemura ibibazo byingutu.

Abenshi mu bari bagize guverinoma ivuyeho bagarutse ku myanya yabo, nka Therese Kayikwamba yakomeje kuba minisitiri w’ubanye n’amahanga, Guy Kabombo Muadivita akomeza kuba minisitiri w’ingabo mu gihe Jacquemain Shabani na we yagumishijwe ku mwanya wa minisitiri w’umutekano.

Naho Jean Pierre Bemba Gombo asubizwa ku mwanya wa minisitiri w’ubwikorezi, Muyaya Patrick akomeza kuba minisitiri w’itumanaho n’umuvugizi wa guverinoma.

Abashya bayijemo barimo Adolph Muzito utavugarumwe n’ubutegetsi wagizwe minisitiri w’imari, undi ni Guillaume Ngefa Atondoko wagizwe minisitiri w’ubutabera, Elizer Ntambwe ashingwa abahoze ari abasirikare na Floribert Azuluni agirwa minisitiri ushyinzwe ubufatanye n’akarere.

Nta munyamuryango wo mu ishyaka rya ECIDE washyizwe muri iyi guverinoma nshya, ni mu gihe byari byitezwe ko n’umuyobozi w’iri shyaka ayizamo kuko mu minsi ishize yagiye akorana ibiganiro na perezida Felix Tshisekedi.

Ariko kandi n’andi mashyaka akomeye atavuga rumwe n’ubutegetsi arimo n’irya PPRD rya Joseph Kabila wahoze ari perezida w’iki gihugu ndetse n’irya Ansemble rya Moïse Katumbi na yo yahejwe, ubutegetsi buriho buyashinja gukorana n’umutwe wa M23 urwanya ubu butegetsi.

Tags: Guverinoma nshyaSuminwa TulukuTshisekedi
Share29Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington Perezida w’u Burundi yatangaje ko agiye kugirira uruzinduko muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika,...

Read moreDetails

Gen (Rtd) James Kabarebe Yahawe Inshingano Nshya mu Biro bya Perezida wa Repubulika

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Gen (Rtd) James Kabarebe Yahawe Inshingano Nshya mu Biro bya Perezida wa Repubulika

Gen (Rtd) James Kabarebe Yahawe Inshingano Nshya mu Biro bya Perezida wa Repubulika Perezida Paul Kagame yakoze impinduka muri Guverinoma, ashyiraho abayobozi bashya mu myanya itandukanye, zirimo izasize...

Read moreDetails

Corneille Nangaa: Birashoboka ko nzaba Perezida wa RDC, niba igihugu kibikeneye

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Corneille Nangaa: Birashoboka ko nzaba Perezida wa RDC, niba igihugu kibikeneye

Corneille Nangaa: Birashoboka ko nzaba Perezida wa RDC, niba igihugu kibikeneye Umuyobozi w’ihuriro AFC/M23, Corneille Nangaa, yatangaje ko adateze gutinya inshingano zo kuba Perezida wa Repubulika ya Demokarasi...

Read moreDetails

Ndayishimiye Yongeye Kwibasira Perezida Kagame, Amushinja Gukoresha Impunzi z’Abarundi mu Nyungu za M23

by Bahanda Bruce
December 1, 2025
0
Ndayishimiye Yongeye Kwibasira Perezida Kagame, Amushinja Gukoresha Impunzi z’Abarundi mu Nyungu za M23

Ndayishimiye Yongeye Kwibasira Perezida Kagame, Amushinja Gukoresha Impunzi z’Abarundi mu Nyungu za M23 Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yongeye kunenga bikomeye mugenzi we w’u Rwanda, Paul Kagame, amushinja...

Read moreDetails

Mbayahaga Yikomye Umutwe urwana muri Kivu y’Amajyepfo, Avuga ko Ingabo z’u Burundi Zawutsinze

by Bahanda Bruce
December 1, 2025
0
Mbayahaga Yikomye Umutwe urwana muri Kivu y’Amajyepfo, Avuga ko Ingabo z’u Burundi Zawutsinze

Mbayahaga Yikomye Umutwe urwana muri Kivu y’Amajyepfo, Avuga ko Ingabo z’u Burundi Zawutsinze Umuvugabutumwa, umunyarwenya akaba n’umunyapolitiki w’inshuti magara ya Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, Mbayahaga Isidore, yongeye...

Read moreDetails
Next Post
AFC/M23/MRDP yigaruriye kamwe mu duce duherereye muri Kivu y’Epfo.

AFC/M23/MRDP yigaruriye kamwe mu duce duherereye muri Kivu y'Epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?