• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abo mu bwoko bw’Abapfurero, bishimiye ko minisitiri w’ibikorwa remezo, Gisaro Muvunyi, yatsinzwe amatora y’abadepite.

minebwenews by minebwenews
January 14, 2024
in Regional Politics
2
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Humvikanye audio yatanzwe n’u mugabo wo mu bwoko bw’Abapfulero, Ruhindisha, wishimiye ko nta Munyamulenge watsinze Amatora ku rwego rw’Abdepite.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni nyuma y’uko komisiyo y’igenga ishinzwe gutegura amatora yarimaze gutangaza bya gatenyo abadepite batsinze k’urwego rw’i Gihugu, mu matora yo kw’itariki ya 20/12/2023.

Muri audio ya Ruhindisha, ahanini yavuze ko ashimishijwe n’uko minisitiri wibikorwa remezo Gisaro Muhoza Muvunyi, yatsinzwe, akaba yari yitoreje muri teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Ruhindisha, yagize ati: “Nishimiye ko Muhoza Muvunyi Gisaro, atatsindiye umwanya wa Depite k’urwego rw’i Gihugu (Depite national).”

Yakomeje avuga ati: “Abanyamulenge bagomba gutsindwa gutsindwa kwabo niko kunesha kwacyu, bariya ni ba bi ni ubwoko bubi.”

Muhoza Muvunyi Gisaro, ni umunyamulenge, ukunze kunenga kwirwanaho akaba ari Mubanyamulenge bashigikira System yiswe “Nationalist,” irimo kandi n’abitwa Enock Ruberangabo n’abandi.

Bya vuzwe ko mu majwi ya tangajwe na komisiyo y’igenga ishinzwe gutegura amatora, nta mukandida n’umwe mubatavuga rumwe n’ubutegetsi watsinze.

Tubibutse ko mu materitware atatu(3) aherereye mo Abanyamulenge nta ni mwe umunyamulenge yatsinze.

Ayo materitware ni ya Uvira, Fizi na Mwenga.

Muri Uvira hatsinze uwitwa:

Justin Bitakwira (ARNC),

Claude Misare (ARNC),

Amin Kabare (UDPS) na

Dr Espoir Kamanda Delphin (UDPS).

Muri teritware ya Fizi:

Tchakubuto Th,

Théophile Bososhi,

Nyamangyoku Ishibwela,

na Jean Jacques Elekano.

Mwenga:

Lutala Mutiki Tresor,

Shirulwire Bulala Basengezi,

na Kubaka Kalimba.

Bruce Bahanda.

Tags: AbanyamulengeAbo mu bwoko bw'AbapfureroBishimiye ko minisitiri w'ibikorwa remezo Gisaro MuhozaUviraYatsinzwe amatora y'abadepite
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post

Moïse Katumbi, yagereranije i shyaka rya UDPS riri kubutegetsi kimwe na MPR ya Mobutu Sese Seko.

Comments 2

  1. Gasore says:
    2 years ago

    Buliya ibyishimo bya bamwe na marira ya bandi isi niko iteye Kandi ihinduka uko bukeye ejo bindi Nabo bazatsindwa haze abandi
    Mwihangane mwihanganirane mwe gucika intége urugamba rurakomeje

    • Bruce says:
      2 years ago

      Ibaze nukuri bamwe kurira abandi bakishima

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?