• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, March 5, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abo mu bwoko bw’Abapfurero, bishimiye ko minisitiri w’ibikorwa remezo, Gisaro Muvunyi, yatsinzwe amatora y’abadepite.

minebwenews by minebwenews
January 14, 2024
in Regional Politics
2
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Humvikanye audio yatanzwe n’u mugabo wo mu bwoko bw’Abapfulero, Ruhindisha, wishimiye ko nta Munyamulenge watsinze Amatora ku rwego rw’Abdepite.

You might also like

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona

Ni nyuma y’uko komisiyo y’igenga ishinzwe gutegura amatora yarimaze gutangaza bya gatenyo abadepite batsinze k’urwego rw’i Gihugu, mu matora yo kw’itariki ya 20/12/2023.

Muri audio ya Ruhindisha, ahanini yavuze ko ashimishijwe n’uko minisitiri wibikorwa remezo Gisaro Muhoza Muvunyi, yatsinzwe, akaba yari yitoreje muri teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Ruhindisha, yagize ati: “Nishimiye ko Muhoza Muvunyi Gisaro, atatsindiye umwanya wa Depite k’urwego rw’i Gihugu (Depite national).”

Yakomeje avuga ati: “Abanyamulenge bagomba gutsindwa gutsindwa kwabo niko kunesha kwacyu, bariya ni ba bi ni ubwoko bubi.”

Muhoza Muvunyi Gisaro, ni umunyamulenge, ukunze kunenga kwirwanaho akaba ari Mubanyamulenge bashigikira System yiswe “Nationalist,” irimo kandi n’abitwa Enock Ruberangabo n’abandi.

Bya vuzwe ko mu majwi ya tangajwe na komisiyo y’igenga ishinzwe gutegura amatora, nta mukandida n’umwe mubatavuga rumwe n’ubutegetsi watsinze.

Tubibutse ko mu materitware atatu(3) aherereye mo Abanyamulenge nta ni mwe umunyamulenge yatsinze.

Ayo materitware ni ya Uvira, Fizi na Mwenga.

Muri Uvira hatsinze uwitwa:

Justin Bitakwira (ARNC),

Claude Misare (ARNC),

Amin Kabare (UDPS) na

Dr Espoir Kamanda Delphin (UDPS).

Muri teritware ya Fizi:

Tchakubuto Th,

Théophile Bososhi,

Nyamangyoku Ishibwela,

na Jean Jacques Elekano.

Mwenga:

Lutala Mutiki Tresor,

Shirulwire Bulala Basengezi,

na Kubaka Kalimba.

Bruce Bahanda.

Tags: AbanyamulengeAbo mu bwoko bw'AbapfureroBishimiye ko minisitiri w'ibikorwa remezo Gisaro MuhozaUviraYatsinzwe amatora y'abadepite
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

by Bahanda Bruce
March 4, 2026
0
Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi Mu gihe umwuka w’intambara ukomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails

U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

U Rwanda rwasubije abayobozi ba RDC bishimiye ibihano byafatiwe bamwe mu basirikare barwo na Amerika Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko ibihano bifatirwa uruhande rumwe...

Read moreDetails

U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona

U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona Amakuru Minembwe Capital News dukesha inyandiko ya Pacifique Ninanahazwe, uhagarariye ishyirahamwe FECODE ritabariza Abarundi bari mu kaga, agaragaza...

Read moreDetails

RDC Yashimye Ibihano bya Amerika ku Ngabo z’u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
RDC Yashimye Ibihano bya Amerika ku Ngabo z’u Rwanda

RDC Yashimye Ibihano bya Amerika ku Ngabo z’u Rwanda Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yatangaje ko yakiriye neza icyemezo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Akababaro ku Bihano Byafashwe ku Ruhande Rumwe na Amerika, Rushimangira Uko Rwitwaye ku Mutekano n’Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 2, 2026
0
Perezida Kagame Yitezwe mu Nama Mpuzamahanga ku Ngufu za Nucléaire n’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

U Rwanda Rwagaragaje Akababaro ku Bihano Byafashwe ku Ruhande Rumwe na Amerika, Rushimangira Uko Rwitwaye ku Mutekano n’Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko itishimiye...

Read moreDetails
Next Post

Moïse Katumbi, yagereranije i shyaka rya UDPS riri kubutegetsi kimwe na MPR ya Mobutu Sese Seko.

Comments 2

  1. Gasore says:
    2 years ago

    Buliya ibyishimo bya bamwe na marira ya bandi isi niko iteye Kandi ihinduka uko bukeye ejo bindi Nabo bazatsindwa haze abandi
    Mwihangane mwihanganirane mwe gucika intége urugamba rurakomeje

    • Bruce says:
      2 years ago

      Ibaze nukuri bamwe kurira abandi bakishima

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?