• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, November 4, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abo mu bwoko bw’Abapfurero, bishimiye ko minisitiri w’ibikorwa remezo, Gisaro Muvunyi, yatsinzwe amatora y’abadepite.

minebwenews by minebwenews
January 14, 2024
in Regional Politics
2
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Humvikanye audio yatanzwe n’u mugabo wo mu bwoko bw’Abapfulero, Ruhindisha, wishimiye ko nta Munyamulenge watsinze Amatora ku rwego rw’Abdepite.

You might also like

Perezida Tshisekedi yavuze ko RDC igiye gucibwamo ibice

Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23

U Burundi mu bibangamiye amahoro y’Abanyamulenge n’amasezerano u Rwanda rwasinyanye na RDC-Minisitiri Nduhungirehe

Ni nyuma y’uko komisiyo y’igenga ishinzwe gutegura amatora yarimaze gutangaza bya gatenyo abadepite batsinze k’urwego rw’i Gihugu, mu matora yo kw’itariki ya 20/12/2023.

Muri audio ya Ruhindisha, ahanini yavuze ko ashimishijwe n’uko minisitiri wibikorwa remezo Gisaro Muhoza Muvunyi, yatsinzwe, akaba yari yitoreje muri teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Ruhindisha, yagize ati: “Nishimiye ko Muhoza Muvunyi Gisaro, atatsindiye umwanya wa Depite k’urwego rw’i Gihugu (Depite national).”

Yakomeje avuga ati: “Abanyamulenge bagomba gutsindwa gutsindwa kwabo niko kunesha kwacyu, bariya ni ba bi ni ubwoko bubi.”

Muhoza Muvunyi Gisaro, ni umunyamulenge, ukunze kunenga kwirwanaho akaba ari Mubanyamulenge bashigikira System yiswe “Nationalist,” irimo kandi n’abitwa Enock Ruberangabo n’abandi.

Bya vuzwe ko mu majwi ya tangajwe na komisiyo y’igenga ishinzwe gutegura amatora, nta mukandida n’umwe mubatavuga rumwe n’ubutegetsi watsinze.

Tubibutse ko mu materitware atatu(3) aherereye mo Abanyamulenge nta ni mwe umunyamulenge yatsinze.

Ayo materitware ni ya Uvira, Fizi na Mwenga.

Muri Uvira hatsinze uwitwa:

Justin Bitakwira (ARNC),

Claude Misare (ARNC),

Amin Kabare (UDPS) na

Dr Espoir Kamanda Delphin (UDPS).

Muri teritware ya Fizi:

Tchakubuto Th,

Théophile Bososhi,

Nyamangyoku Ishibwela,

na Jean Jacques Elekano.

Mwenga:

Lutala Mutiki Tresor,

Shirulwire Bulala Basengezi,

na Kubaka Kalimba.

Bruce Bahanda.

Tags: AbanyamulengeAbo mu bwoko bw'AbapfureroBishimiye ko minisitiri w'ibikorwa remezo Gisaro MuhozaUviraYatsinzwe amatora y'abadepite
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Tshisekedi yavuze ko RDC igiye gucibwamo ibice

by Bahanda Bruce
November 3, 2025
0
Perezida Tshisekedi yavuze ko RDC igiye gucibwamo ibice

Perezida Tshisekedi yavuze ko RDC igiye gucibwamo ibice Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo (RDC), Félix Tshisekedi, yongeye gushinja u Rwanda umugambi wo kwiyomekaho igice cy’uburasirazuba bw’igihugu...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23

by Bahanda Bruce
November 3, 2025
0
Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23

Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23 Perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yatangaje ko Leta ye igiye gusubukura ibiganiro n'umutwe...

Read moreDetails

U Burundi mu bibangamiye amahoro y’Abanyamulenge n’amasezerano u Rwanda rwasinyanye na RDC-Minisitiri Nduhungirehe

by Bahanda Bruce
November 2, 2025
0
I Burundi hikanzwe coup d’etat bituma Ndayishimiye asubika uruzinduko yagombaga kugira

U Burundi mu bibangamiye amahoro y'Abanyamulenge n'amasezerano y'amahoro u Rwanda rwagiranye na RDC- minisitiri Nduhungirehe Igihugu cy'u Burundi byavuzwe ko kiri mu bibangamiye amasezerano y'amahoro yasinywe hagati y'u...

Read moreDetails

Abarimo ibyamamare mu muziki muri Tanzania bahunze igihugu

by Bahanda Bruce
November 1, 2025
0
Abarimo ibyamamare mu muziki muri Tanzania bahunze igihugu

Abarimo ibyamamare mu muziki muri Tanzania bahunze igihugu Mu gihe imyigaragambyo ikomeje kuzamura ubukana mu gihugu cya Tanzania, abaririmbyi barimo n'icyamamare Diamond Platnumz berekeje iy'ubuhungiro. Iyi myigaragambyo yatangiye...

Read moreDetails

U Rwanda rwasubije u Bufaransa busaba AFC/M23 gufungura ikibuga cy’indege cya Goma

by Bahanda Bruce
October 31, 2025
0
U Rwanda rwasubije u Bufaransa busaba AFC/M23 gufungura ikibuga cy’indege cya Goma

U Rwanda rwasubije u Bufaransa busaba AFC/M23 gufungura ikibuga cy'indege cya Goma U Rwanda rubinyujije kuri minisitiri warwo w'ubanye n'amahanga, Olivier Nduhungurehe, yavuze ko ikibuga cy'indege cya Goma...

Read moreDetails
Next Post

Moïse Katumbi, yagereranije i shyaka rya UDPS riri kubutegetsi kimwe na MPR ya Mobutu Sese Seko.

Comments 2

  1. Gasore says:
    2 years ago

    Buliya ibyishimo bya bamwe na marira ya bandi isi niko iteye Kandi ihinduka uko bukeye ejo bindi Nabo bazatsindwa haze abandi
    Mwihangane mwihanganirane mwe gucika intége urugamba rurakomeje

    • Bruce says:
      2 years ago

      Ibaze nukuri bamwe kurira abandi bakishima

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?