Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abo mu bwoko bw’Abapfurero, bishimiye ko minisitiri w’ibikorwa remezo, Gisaro Muvunyi, yatsinzwe amatora y’abadepite.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 14, 2024
in Regional Politics
2
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Humvikanye audio yatanzwe n’u mugabo wo mu bwoko bw’Abapfulero, Ruhindisha, wishimiye ko nta Munyamulenge watsinze Amatora ku rwego rw’Abdepite.

You might also like

Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi.

Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

Ni nyuma y’uko komisiyo y’igenga ishinzwe gutegura amatora yarimaze gutangaza bya gatenyo abadepite batsinze k’urwego rw’i Gihugu, mu matora yo kw’itariki ya 20/12/2023.

Muri audio ya Ruhindisha, ahanini yavuze ko ashimishijwe n’uko minisitiri wibikorwa remezo Gisaro Muhoza Muvunyi, yatsinzwe, akaba yari yitoreje muri teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Ruhindisha, yagize ati: “Nishimiye ko Muhoza Muvunyi Gisaro, atatsindiye umwanya wa Depite k’urwego rw’i Gihugu (Depite national).”

Yakomeje avuga ati: “Abanyamulenge bagomba gutsindwa gutsindwa kwabo niko kunesha kwacyu, bariya ni ba bi ni ubwoko bubi.”

Muhoza Muvunyi Gisaro, ni umunyamulenge, ukunze kunenga kwirwanaho akaba ari Mubanyamulenge bashigikira System yiswe “Nationalist,” irimo kandi n’abitwa Enock Ruberangabo n’abandi.

Bya vuzwe ko mu majwi ya tangajwe na komisiyo y’igenga ishinzwe gutegura amatora, nta mukandida n’umwe mubatavuga rumwe n’ubutegetsi watsinze.

Tubibutse ko mu materitware atatu(3) aherereye mo Abanyamulenge nta ni mwe umunyamulenge yatsinze.

Ayo materitware ni ya Uvira, Fizi na Mwenga.

Muri Uvira hatsinze uwitwa:

Justin Bitakwira (ARNC),

Claude Misare (ARNC),

Amin Kabare (UDPS) na

Dr Espoir Kamanda Delphin (UDPS).

Muri teritware ya Fizi:

Tchakubuto Th,

Théophile Bososhi,

Nyamangyoku Ishibwela,

na Jean Jacques Elekano.

Mwenga:

Lutala Mutiki Tresor,

Shirulwire Bulala Basengezi,

na Kubaka Kalimba.

Bruce Bahanda.

Tags: AbanyamulengeAbo mu bwoko bw'AbapfureroBishimiye ko minisitiri w'ibikorwa remezo Gisaro MuhozaUviraYatsinzwe amatora y'abadepite
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

by Bruce Bahanda
June 15, 2025
0
Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

Ibyo gusinya amasezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na Congo si byanone. Mu gihe Leta Zunze ubumwe z'Amerika zifuza ko u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo muri...

Read moreDetails

Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi.

by Bruce Bahanda
June 14, 2025
0
Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi.

Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi. Kikaya Bin Karubi, usanzwe ari mu bantu bahora hafi ya Joseph Kabila Kabange, akaba n'umujyamama we, ni...

Read moreDetails

Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

by Bruce Bahanda
June 13, 2025
0
Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

Kenya Department of Refugee Service Cracks Down on SIM Card Fraud The Department of Refugee Service (DRS) has issued a stern warning to refugees in Kenya, urging them...

Read moreDetails

Agezweho y’Ingabo za Afrika y’Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC.

by Bruce Bahanda
June 12, 2025
0
Agezweho y’Ingabo za Afrika y’Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC.

Agezweho y'Ingabo za Afrika y'Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC. Ingabo za Afrika y'Epfo zari zaroherejwe mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo mu butumwa bwa SADC,...

Read moreDetails

Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 11, 2025
0
Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23.

Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23. Intumwa idasanzwe y'Umunyamabanga mukuru w'umuryango w'Abibumbye ( UN) muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Bintou Keita, ategerejwe mu mujyi...

Read moreDetails
Next Post

Moïse Katumbi, yagereranije i shyaka rya UDPS riri kubutegetsi kimwe na MPR ya Mobutu Sese Seko.

Comments 2

  1. Gasore says:
    1 year ago

    Buliya ibyishimo bya bamwe na marira ya bandi isi niko iteye Kandi ihinduka uko bukeye ejo bindi Nabo bazatsindwa haze abandi
    Mwihangane mwihanganirane mwe gucika intége urugamba rurakomeje

    • Bruce says:
      1 year ago

      Ibaze nukuri bamwe kurira abandi bakishima

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?