• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, February 28, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

AFC/M23/MRDP yagaragaje ibyo ingabo za RDC ziri gukora muri iki gihe muri Kivu y’Epfo.

minebwenews by minebwenews
August 20, 2025
in Conflict & Security
0
AFC/M23 yagaragaje impamvu itazasubira mu biganiro by’i Doha.
72
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

AFC/M23/MRDP yagaragaje ibyo ingabo za RDC ziri gukora muri iki gihe muri Kivu y’Epfo.

You might also like

AFC/M23 Yemeje Urupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma, Igira n’Ibyo Isaba Ubutabera

Inzoga n’Ikimogi: Ni Ikihe Cyangiza Abantu Cyane? Isesengura Ryimbitse ku Ngaruka Zabyo n’Amateka y’Inkomoko y’Ikimogi

AFC/M23 Yivuganye Umurwanyi wa FDLR Ufite Ipeti rya Colonel

Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho ryagaragaje ko nubwo hari ibiri gukorwa kugira ngo amahoro agaruke mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ariko ko RDC ikomeje kurunda abasirikare bayo mu bice bitandukanye n’intwaro ziremereye.

Bikubiye mu itangazo AFC/M23/MRDP yaraye ishyize hanze risubiza iryo igisirikare cya RDC cyabashinjaga kurenga ku masezerano bagiranye , ubwo hatangazwaga imbanzirizamushinga y’amahoro i Doha mu kwezi gushize.

Itangazo rya FARDC ryasohowe mbere yirya AFC /M23/MRDP ryashinjaga iyi mitwe yombi kuyigabaho ibitero mu duce dutandukanye two muri Kivu y’Amajyepfo na Kivu y’Amajyaruguru.

Mu kuyisubiza, AFC/M23/MRDP yavuze ko ingabo za FARDC iz’u Burundi n’imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo FDLR ndetse n’imbonerakure bakomeje kugaba ibitero mu duce dutuwe cyane, kandi ko bakoresha za drones zitagira abapilote n’intwaro zirimo iziremereye.

Iri tangazo rikavuga ko ibyo bikorwa birenga ku masezerano yagahenge yemejwe, kandi ko bigize ibyaha by’intambara.

Rivuga kandi ko leta ikomeje kurunda abasirikare bayo n’intwaro mu bice birimo Bijombo, Rurambo, kandi ko abo yaharunze ari abu Burundi, FDLR na Wazalendo.

Ahandi ni mu duce twa Runingu, Kashatu, Gatobwe na Kahololo.

AFC/M23/MRDP ikavuga ko izakomeza kurinda abaturage b’abasivili, ngo kuko itabikoze bokomeza kuba mu kaga.

Hagataho, biragaragara ko amasezerano y’amahoro yasinyiwe i Washington DC, na mahame impande zishyamiranye zagiranye i Doha muri Qatar, hagati ya M23 na Leta y’i Kinshasa atanga.

Ahanini ayo masezerano yombi asaba izi mpande zombi guhagarika imirwano bya burundu. Ariko ibitero bikorwa umunsi ku munsi.

Tags: AFC/M23/mrdpIbiteroIngabo za RDCKivu yamajy'Epfo
Share29Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Yemeje Urupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma, Igira n’Ibyo Isaba Ubutabera

by Bahanda Bruce
February 28, 2026
0
AFC/M23 Yigaruriye Uduce Twinshi twa Masisi Nyuma y’Imirwano Ikaze Yahuje Ingabo za RDC n’Abafatanyabikorwa Bazo

AFC/M23 Yemeje Urupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma, Igira n'Ibyo Isaba Ubutabera Ihuriro Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 ryatangaje ku mugaragaro urupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma, umwe mu...

Read moreDetails

Inzoga n’Ikimogi: Ni Ikihe Cyangiza Abantu Cyane? Isesengura Ryimbitse ku Ngaruka Zabyo n’Amateka y’Inkomoko y’Ikimogi

by Bahanda Bruce
February 28, 2026
0
Inzoga n’Ikimogi: Ni Ikihe Cyangiza Abantu Cyane? Isesengura Ryimbitse ku Ngaruka Zabyo n’Amateka y’Inkomoko y’Ikimogi

Inzoga n’Ikimogi: Ni Ikihe Cyangiza Abantu Cyane? Isesengura Ryimbitse ku Ngaruka Zabyo n’Amateka y’Inkomoko y’Ikimogi Ikibazo cyo kumenya niba inzoga cyangwa ikimogi ari byo byangiza abantu cyane gikeneye...

Read moreDetails

AFC/M23 Yivuganye Umurwanyi wa FDLR Ufite Ipeti rya Colonel

by Bahanda Bruce
February 28, 2026
0
FARDC n’Abafatanyabikorwa Bayo Bagabye Ibindi Bitero Simusiga mu Gace kamwe ka Masisi, mu Gihe AFC/M23 Ikomeje Kwigarurira Uduce

AFC/M23 Yivuganye Umurwanyi wa FDLR Ufite Ipeti rya Colonel Amakuru aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) aravuga ko habaye imirwano ikomeye muri Teritwari ya...

Read moreDetails

Imirwano Ikaze muri Nyamaboko: AFC/M23 Yigaruriye Mulema n’Utundi Duce Twinshi

by Bahanda Bruce
February 27, 2026
0
Mu Mirwano Ikomeye, AFC/M23 Yongeye Kwigarurira Ibice Byinshi bya Masisi; Bamwe mu Bayobozi ba FARDC Bahasiga Ubuzima

Imirwano Ikaze muri Nyamaboko: AFC/M23 Yigaruriye Mulema n’Utundi Duce Twinshi Imirwano ikomeye yabaye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 27/02/2026 muri teritwari ya Masisi, mu Ntara ya Kivu...

Read moreDetails

Rugeyo Yasubije Kongolo ku By’Ibitero bya Drones muri teritware ya Fizi

by Bahanda Bruce
February 27, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Ubutegetsi bwa RDC Kugaba Ibitero bya Drone i Rubaya

Rugeyo Yasubije Kongolo ku By’Ibitero bya Drones muri teritware ya Fizi Rumenge Rugeyo Olivier, wigeze kwiyamamariza kuba Umudepite ku rwego rw’Igihugu muri Teritwari ya Fizi, yasohoye inyandiko zikomeye...

Read moreDetails
Next Post
Byakaze Imbonerakure zirwana muri RDC zashinje Leta yabo kuzihenda.

Ingabo z'u Burundi zasahuye mu baturage ku Ndondo ya Bijombo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?