• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, March 7, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

AFC, yasobanuye impamvu intambara bahanganyemo na FARDC ishobora guhindura isura.

minebwenews by minebwenews
September 13, 2024
in Regional Politics
0
AFC, yasobanuye impamvu intambara bahanganyemo na FARDC ishobora guhindura isura.
62
SHARES
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

AFC, yasobanuye impamvu intambara bahanganyemo na FARDC ishobora guhindura isura.

You might also like

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Bikubiye mu itangazo ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC) ryashize hanze ku munsi w’ejo hashize, tariki ya 12/09/2024, aho iri huriro ryatanze ubusobanuro ko abarwana ku ruhande rwa Leta ya Kinshasa barimo n’umutwe wa FDLR urimo abasize bakoze genocide mu Rwanda, bakomeje kugaba ibitero mu baturage, bityo ko bishobora gutuma intambara irushaho gukomera ndetse kandi ngw’ikaba yahindura umurongo.

Kuva ku cyumweru uruhande rw’ingabo za RDC, rwagabye ibitero bikaze ahantu hatandukanye, mu bice byo muri teritware ya Masisi, Rutshuru na Lubero.

Ibitero byarakomeje no mu gitondo cya kare cyo ku wa Kane, aho iri huriro ry’ingabo za RDC rya bigabye mu duce turimo, Bwerimana, Mutwe na Ndumba, ndetse birangira M23 yigaruririye aka gace ka Ndumba gaherereye mu nkengero za Sake muri teritware ya Masisi.

Iri tangazo ry’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo ribarizwamo n’umutwe wa M23, ryavuze kuri ibi bitero byibasira abaturage, maze rishinja ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa ubushotoranyi bukabije.

Itangazo ritangira rivuga riti: “Ubuhuzabikorwa bwa AFC bubabajwe bidasanzwe n’ibitero bikomeje kugabwa mu baturage b’abasivile ndetse no mu birindiro by’ingabo zacu; bigabwe n’uruhande rwa Leta ya Kinshasa.”

Rikomeza rivuga riti: “Rero ibi, biraganisha ku kongerera intambara uburemere, mu gihe hariho ingamba z’abayobozi bo mu karere ndetse n’abafatanya bikorwa mpuzamahanga mu kugarura amahoro mu Burasirazuba bw’iki gihugu cya RDC.”

Iri huriro rya AFC muri iri tangazo, ryakomeje kwerekana ko mu ntambara yabaye ku munsi w’ejo hashize tariki ya 12/09/2024, uruhande bahanganye arirwo rurimo ingabo za FARDC, FDLR, Wazalendo, ingabo z’u Burundi na SADC, rwateye ibisasu biremereye mu bice bituwemo cyane n’abaturage b’abasivile.

Usibye ibyo, iri tangazo kandi ryagaragaje n’imyirondoro y’abantu batanu bahitanywe n’ibi bitero by’ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, barimo umugore wiciwe mu gace kazwi kw’izina rya Bufaransa, n’abandi batatu biciwe muri Bihambwe, n’umugabo wiciwe ahitwa Kisangani.

AFC yasoje ivuga ko ingabo z’u mutwe wa M23 ubarizwa muri iri huriro, uzakomeza gucungira umutekano abasivile bari mu bice ugenzura, ndetse kandi ko biteguye guhangana bikomeye n’ibitero byose by’umwanzi.

                MCN.
Tags: AFCGuhindura isuraIntambara
Share25Tweet16Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
March 7, 2026
0
Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko u Rwanda rwifuza amahoro arambye mu...

Read moreDetails

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

by Bahanda Bruce
March 6, 2026
0
Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze Mu gihe ibihugu byo mu Karere k’Ibiyaga Bigari bikomeje...

Read moreDetails

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza Mu gihe ibibazo by’umutekano bikomeje kwiyongera mu bice bitandukanye by’umugabane wa Afurika, Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje...

Read moreDetails

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

by Bahanda Bruce
March 4, 2026
0
Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi Mu gihe umwuka w’intambara ukomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails

U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

U Rwanda rwasubije abayobozi ba RDC bishimiye ibihano byafatiwe bamwe mu basirikare barwo na Amerika Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko ibihano bifatirwa uruhande rumwe...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe amakuru arambuye ku nkongi y’umuriro yadutse i Bukavu, yica abantu benshi.

Havuzwe amakuru arambuye ku nkongi y'umuriro yadutse i Bukavu, yica abantu benshi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?