• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, October 26, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Aka FDLR ngo kaba kagiye gushoboka nyuma yibyemeranijweho muri Angola.

minebwenews by minebwenews
August 1, 2024
in Regional Politics
0
Aka FDLR ngo kaba kagiye gushoboka nyuma yibyemeranijweho muri Angola.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Aka FDLR ngo kaba kagiye gushoboka nyuma yibyemeranijweho muri Angola.

You might also like

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Leta ya Kigali, iya Kinshasa na Angola zemeje ko umutwe w’iterabwoba wa FDLR ufite ibirindiro mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, bawusenyagura burundu.

Iki cyemezo cyafatiwe mu biganiro birimo kubera i Luanda, bihuje intumwa za leta ya Kinshasa, iz’u Rwanda na Angola. Ibi biganiro bikaba biteganijwe ko bizamara iminsi itatu aho byatangiye ku itariki ya 30/07/2024.

Mu biganiro biheruka byabaye tariki ya 21/03/2024, intumwa za RDC zari ziyobowe na Dr Christophe Lutundula wari minisitiri w’ubabanye n’amahanga, zatanze isezerano ko mu kwezi kwa Kane uyu mwaka zizagaragaza uko zishoboye zigasenya FDLR.

Izi ntumwa zabivuze mu gihe Raporo z’impuguke z’umuryango w’Abibumbye zari zagaragaje ko FDLR ikorana n’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo mu ntambara zihanganyemo n’umutwe wa m23 muri Kivu y’Amajyaruguru.

Icyo gihe, intumwa za leta ya Kigali zari ziyobowe na Dr Vincent Biruta wari minisitiri w’ubabanye n’amahanga n’ubutwererane, nazo zemeje ko zizasuzuma uko Guverinoma ya Kinshasa izaba isenya FDLR, mu rwego rwo kurinda umutekano w’u Rwanda.

Tariki ya 26/04/2024, RDC yeretse umuhuza, Angola, umugambi w’uko iteganya gusenya FDLR, ku ya 6/05/2024 u Rwanda na rwo rwereka Angola uko ruteganya gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ry’uyu mugambi.

Intumwa zitabiriye ibi biganiro zagaragaje ko umutekano ukomeje kuzamba mu Burasirazuba bwa RDC, zemeranya ko imirwano hagati y’impande zihanganye igomba guhagarara guhera tariki ya 4/08/2024.

Nk’uko babyemeranyijeho, abo mu rwego rw’ubutasi ruhuriweho n’ibi bihugu bitatu bazagenzura ishyirwa mu bikorwa ry’uyu mwanzuro, nk’uko byashimangiwe n’ibiro bya perezida wa Angola na za minisiteri z’ububanyi n’amahanga.

Zemezanije ko tariki ya 07/08/2024, abo munzego z’ubutasi zo muri ibi bihugu bitatu ndetse n’izindi zirebwa n’iyi myanzuro, bazahurira i Luanda, basuzume icyifuzo cy’umuhuza cyo guhuza imbaraga mu gusenya FDLR.

Abo mu rwego rw’ubutasi bahawe tariki ya 15/08/2024 nk’igihe ntarengwa cyo kuba bagejeje ku ba minisitiri raporo kuri iki cyifuzo mbere yuko bongera guhura muri uko kwezi.

                MCN.
Tags: Akayo kashobotseFDLRRdc
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
1
Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by'i ngabo z'u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n'amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge Me.Moise Nyarugabo uzwi cyane muri politiki ya Repubulika ya...

Read moreDetails

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Igihano gitangaje cyahanishijwe abasirikare b'u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC Abasirikare b'u Burundi bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n'amaguru nyuma y'uko bishyuzaga umushara barwaniye muri Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails
Next Post
Abarimo abayobozi bakuru bo muri AFC/M23, basabiwe igihano cy’urupfu, ndetse bategekwa no kwishura amande.

Umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Kinshasa wagize icyo uvuga ku myanzuro yafatiwe i Luanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?