Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Aka kanya minisitiri w’intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, atangaje ibindi bishya leta ye, igiye gukora kuri Ira.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 17, 2024
in Regional Politics
0
Aka kanya minisitiri w’intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, atangaje ibindi bishya leta ye, igiye gukora kuri Ira.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubutegetsi bw’igihugu cya Israel bwongeye kuvuga bushize amanga ku byo bugiye gukora nyuma y’uko Iran ibagabyeho igitero gikaze.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni bikubiye mu jambo minisitiri w’intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu yatanze kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 17/04/2024.

Ntagushidikanya Netanyahu yavuze ko ntakabuza leta ye, igomba kuza hora.

Yagize ati: “Israel izakora ibishoboka byose kugira ngo yirwanaho.”

Ijambo rya Benjamin Netanyahu rije mu gihe amakimbirane hagati ya Iran na Israel akomeje kubamo umwuka mubi.

Benjamin Netanyahu ibi kandi yabivuze mu gihe kuri uyu wa Gatatu yari yagiranye ibiganiro bidasanzwe aho yari yabikoranye na minisitiri w’intebe w’u Bwongereza, bwana David Cameron ndetse na Annalena Baebock, minisitiri w’intebe w’u Budage.

Ibinyamakuru byo muri icyo gihugu byavuze ko aba bayobozi bombi bari baje guha i Nama Israel icyo yakora kugira ihore kuri Iran iheruka kuyigabaho igitero kidasanzwe.

Mu ijambo rya Benjamin Netanyahu yanashimiye bagenzi be bamubaye hafi aho yagize ati: “I Nama zanyu ndazishima, ariko kandi ndashaka kumvikanisha ibyemezo byacu tuzabifata vuba.”

Ku mu goroba wo ku wa Gatandatu, w’i Cyumweru dusoje, nibwo Iran yagabye kuri Israel ibitero bikaze, ikoresheje indege z’intambara zitagira abapilote ndetse na za Misile.

Gusa leta ya Amerika yavuze ko yatabaye Israel ndetse ibasha no gupfubya ibisasu hafi yabyose Iran yari yagabye kuri iki gihugu.

Nyuma Iran yigambye iki gitero ariko itangaza ko nta kindi gitero yenda gukora mu gihe Israel itohora, kandi ivuga ko kiriya gitero yagikoze mu rwego rwo guhorera abasirikale babo barasiwe kuri ambasade yabo iri muri Siriya, abo ivuga ko barashwe n’igisirikare cya Israel.

         MCN.
Tags: Benjamin NetanyahuGuhoraIbindi bishyaIran
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Leta ya Uganda yafashe icyemezo cyo kurekura abasirikare bari bafunzwe bazira kuba intasi z’u Rwanda.

Leta ya Uganda yafashe icyemezo cyo kurekura abasirikare bari bafunzwe bazira kuba intasi z'u Rwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?