• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Aka kanya perezida Cyril Ramaphosa ari i Kampala, menya icyitezwe muri uru ruzinduko rudasanzwe rwe.

minebwenews by minebwenews
April 16, 2024
in Regional Politics
0
Aka kanya perezida Cyril Ramaphosa ari i Kampala, menya icyitezwe muri uru ruzinduko rudasanzwe rwe.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu cya Afrika y’Epfo, Cyril Ramaphosa yageze i Kampala ku murwa mukuru w’i Gihugu cya Uganda, aho aje mu ruzinduko rwa kazi.

You might also like

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

Ni ahagana isaha ya saa munani n’iminota makumyabiri nine, z’igicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 16/04/2024, n’ibwo bwana Cyril Ramaphosa yageze ku ki buga cy’i ndege cya Intebbe ho muri Uganda.

Bwana Cyril Ramaphosa yakiririwe na perezida Museveni ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Entebbe, nk’uko byemejwe nibiro by’u mukuru w’igihugu cya Uganda.

Nyuma yaho aba bakuru bi bihugu byombi bagiye muri State House iri Entebe.

Uruzinduko rwa Cyril Ramaphosa rwatangiye ku vugwa mu mpera z’iki Cyumweru dusoje, aho ndetse byari biteganijwe ko uyu mukuru w’igihugu azagera i Kampala ku munsi w’ejo hashize.

Ariko kuri uyu wa Mbere perezida wa Uganda akaba yarakiriye bwana Jakaya Kikwete wahoze ari perezida wa Tanzania. Aba banyacyubahiro bombi baje no kuganira ku bibazo bimwe nabimwe bireba Afrika y’iburasizuba (EAC), harimo ko bavuze ku kubaka isoko izahuza ibihugu byo mu Burasirazuba bw’Afrika, imaze igihe kirekire iri mu mupango wibi bihugu.

Perezida Cyril Ramaphosa wageze i Kampala araganira na mugenzi we wa Uganda ku bibazo by’u garije akarere ndetse no ku mutekano muke uri mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, nk’uko byatangajwe n’ibiro bya perezida Cyril Ramaphosa.

Ibi biro byagize biti: “Nyakubahwa perezida Cyril Ramaphosa yakiririwe na perezida Kaguta Museveni muri States House, muri Uganda, aho ari muruzinduko rw’a kazi. Abakuru b’ibihugu byombi baraganira ku mutekano wa karere, harimo n’ibibera mu Burasirazuba bwa RDC, ndetse no muri Sadan y’Epfo.”

Byakomeje bitangaza ko aba bakuru bi bihugu byombi bari buze no kurebera hamwe barushaho kunoza umubano w’ibihugu byabo (Afrika y’Epfo na Uganda).

Mu Cyumweru gishize Cyril Ramaphosa yari i Kigali aho yari yitabiriye umuhango wo kwibuka ku nshuro ya 30 genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994. Mbere y’uko ahaguruka ava i Kigali yabanjye guha itangaza makuru ikiganiro avuga ko uruzinduko rwe i Kigali rwahinduye imiterekerereze ye ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.

Muri icyo gihe yavuze ko intambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC itagomba gukemurwa munzira y’intambara ko hubwo igomba gukemurwa munzira ya politiki.

Igihugu cya Afrika y’Epfo ni kimwe mu bihugu bitatu (Malawi, Tanzania na Afrika y’Epfo) byo muri SADC bifite abasirikare mu Burasirazuba bwa RDC aho bari gufasha leta ya Kinshasa kurwanya umutwe wa M23.

      Abasesenguzi benshi babona uru ruzinduko  ko rushobora ku byara igisubizo cyiza ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC. Abavuga ibi bashingira ku magambo ya Ramaphosa yavugiye i Kigali.
           

           MCN.
Tags: Ari i KampalaCyril RamaphosaIbiganiro na Perezida MuseveniUburasirazuba bwa RDCUmutekano
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano? Perezida Évariste Ndayishimiye yagaragaje amagambo akomeye igihe...

Read moreDetails

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge Umusesenguzi w’Umunye-Congo wo mu bwoko bw’Abanyamulenge, William Girinka Kabare, mu kiganiro yagiranye na Minembwe Capital...

Read moreDetails
Next Post
Abarundi bemeza ko mu Burundi habaye genocide yakorewe Abahutu, bahawe umuco ku cyo bari bagomba gukora nyuma bagategereza.

Abarundi bemeza ko mu Burundi habaye genocide yakorewe Abahutu, bahawe umuco ku cyo bari bagomba gukora nyuma bagategereza.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?