Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Iby’akaga gakomeye gategereje abasirikare bakuru ba FARDC bahunze m23 i Bukavu.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 8, 2025
in Regional Politics
0
Iby’akaga gakomeye gategereje abasirikare bakuru ba FARDC bahunze m23 i Bukavu.
144
SHARES
3.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Iby’akaga gakomeye gategereje abasirikare bakuru ba FARDC bahunze m23 i Bukavu.

You might also like

Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi.

Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko igiye gukurikirana abasirikare bakuru bayo bahunze intambara bahanganyemo n’abarwanyi bo muri m23, mu Burasizuba bw’iki gihugu.

Nibyatangajwe na minisiteri w’ubatabera wa RDC, Constant Mutamba , aho yagaragaje ko bariya basirikare bakuru bazatangira gukurikiranwa ku mugaragaro tariki ya 13/03/2025.

Mutambara yasobanuye ko aba basirikare bataye ibirindiro byabo, bija mu maboko y’abarwanyi ba m23, kandi ko babasigiye amasasu n’ibindi bikoresho byagisirikare, cyane cyane mu mujyi wa Bukavu na Goma.

Kimwecyo, ntiyagaragaje amazina y’abasirikare bakuru bagiye gukurikiranwa. Ikizwi ni uko abasirikare bakuru muri Congo ari abafite ipeti rya Major, Lieutenant Colonel, Brigadier General, General Major, Lieutenant General na General.

Minisitiri Mutamba yatangaje ko guhera tariki ya 07/03/2025, aba basirikare bose batemerewe kuva kubutaka bwa RDC kugeza ubwo hazatangirwa ibwiriza rishya.

Bikaba byavuzwe ko mu cyumweru gitaha hazaba hamaze kumenyekana amazina akomeye y’abasirikare bakurikiranyweho guhunga m23.

Abasirikare bataye umujyi wa Goma tariki ya 27/01/2025 nyuma y’imirwano ikomeye yabereye mu nkengero z’uyu mujyi, aho yarimo ihuza impande zombi.
Nyuma y’aho m23 yinjiye muri uyu mujyi irawubohoza wose, biza kugaragara ko ingabo za Fardc zataye imbunda nyinshi kandi harimo ni nini nka BM-21 n’izindi.

Zimwe mu ngabo z’iki gihugu zahungiye mu Rwanda izindi zihungira mu bigo by’ingabo z’u muryango w’Abibumbye.

Ubwo kandi abarwanyi ba m23 bafataga i Bukavu tariki ya 14/02/2025, na bwo ingabo za Fardc zarahunze, zita imbunda nyinshi, zitoragurwa na m23.

Abasirikare bakuru ba FARDC ndetse n’abato bari barinze umujyi wa Bukavu barahunze bajya i Uvira, i Kalemi mu ntara ya Tanganyika, abandi bahungira i Bujumbura mu Burundi.

Tags: akagaBahunzeBukavuFardcGomaM23
Share58Tweet36Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

by Bruce Bahanda
June 15, 2025
0
Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

Ibyo gusinya amasezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na Congo si byanone. Mu gihe Leta Zunze ubumwe z'Amerika zifuza ko u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo muri...

Read moreDetails

Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi.

by Bruce Bahanda
June 14, 2025
0
Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi.

Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi. Kikaya Bin Karubi, usanzwe ari mu bantu bahora hafi ya Joseph Kabila Kabange, akaba n'umujyamama we, ni...

Read moreDetails

Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

by Bruce Bahanda
June 13, 2025
0
Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

Kenya Department of Refugee Service Cracks Down on SIM Card Fraud The Department of Refugee Service (DRS) has issued a stern warning to refugees in Kenya, urging them...

Read moreDetails

Agezweho y’Ingabo za Afrika y’Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC.

by Bruce Bahanda
June 12, 2025
0
Agezweho y’Ingabo za Afrika y’Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC.

Agezweho y'Ingabo za Afrika y'Epfo ziri gucyurwa zivanwa muri RDC. Ingabo za Afrika y'Epfo zari zaroherejwe mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo mu butumwa bwa SADC,...

Read moreDetails

Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 11, 2025
0
Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23.

Umuyobozi wa MONUSCO ategerejwe i Goma kuganira na AFC/M23. Intumwa idasanzwe y'Umunyamabanga mukuru w'umuryango w'Abibumbye ( UN) muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Bintou Keita, ategerejwe mu mujyi...

Read moreDetails
Next Post
Iby’i gitero Masunzu yagabye mu Minembwe, kikaba  cyasenye n’ibirimo n’amatorero y’Abanyamulenge.

Iby'i gitero Masunzu yagabye mu Minembwe, kikaba cyasenye n'ibirimo n'amatorero y'Abanyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?