• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Iby’akaga gakomeye gategereje abasirikare bakuru ba FARDC bahunze m23 i Bukavu.

minebwenews by minebwenews
March 8, 2025
in Regional Politics
0
Iby’akaga gakomeye gategereje abasirikare bakuru ba FARDC bahunze m23 i Bukavu.
144
SHARES
3.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Iby’akaga gakomeye gategereje abasirikare bakuru ba FARDC bahunze m23 i Bukavu.

You might also like

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko igiye gukurikirana abasirikare bakuru bayo bahunze intambara bahanganyemo n’abarwanyi bo muri m23, mu Burasizuba bw’iki gihugu.

Nibyatangajwe na minisiteri w’ubatabera wa RDC, Constant Mutamba , aho yagaragaje ko bariya basirikare bakuru bazatangira gukurikiranwa ku mugaragaro tariki ya 13/03/2025.

Mutambara yasobanuye ko aba basirikare bataye ibirindiro byabo, bija mu maboko y’abarwanyi ba m23, kandi ko babasigiye amasasu n’ibindi bikoresho byagisirikare, cyane cyane mu mujyi wa Bukavu na Goma.

Kimwecyo, ntiyagaragaje amazina y’abasirikare bakuru bagiye gukurikiranwa. Ikizwi ni uko abasirikare bakuru muri Congo ari abafite ipeti rya Major, Lieutenant Colonel, Brigadier General, General Major, Lieutenant General na General.

Minisitiri Mutamba yatangaje ko guhera tariki ya 07/03/2025, aba basirikare bose batemerewe kuva kubutaka bwa RDC kugeza ubwo hazatangirwa ibwiriza rishya.

Bikaba byavuzwe ko mu cyumweru gitaha hazaba hamaze kumenyekana amazina akomeye y’abasirikare bakurikiranyweho guhunga m23.

Abasirikare bataye umujyi wa Goma tariki ya 27/01/2025 nyuma y’imirwano ikomeye yabereye mu nkengero z’uyu mujyi, aho yarimo ihuza impande zombi.
Nyuma y’aho m23 yinjiye muri uyu mujyi irawubohoza wose, biza kugaragara ko ingabo za Fardc zataye imbunda nyinshi kandi harimo ni nini nka BM-21 n’izindi.

Zimwe mu ngabo z’iki gihugu zahungiye mu Rwanda izindi zihungira mu bigo by’ingabo z’u muryango w’Abibumbye.

Ubwo kandi abarwanyi ba m23 bafataga i Bukavu tariki ya 14/02/2025, na bwo ingabo za Fardc zarahunze, zita imbunda nyinshi, zitoragurwa na m23.

Abasirikare bakuru ba FARDC ndetse n’abato bari barinze umujyi wa Bukavu barahunze bajya i Uvira, i Kalemi mu ntara ya Tanganyika, abandi bahungira i Bujumbura mu Burundi.

Tags: akagaBahunzeBukavuFardcGomaM23
Share58Tweet36Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post
Iby’i gitero Masunzu yagabye mu Minembwe, kikaba  cyasenye n’ibirimo n’amatorero y’Abanyamulenge.

Iby'i gitero Masunzu yagabye mu Minembwe, kikaba cyasenye n'ibirimo n'amatorero y'Abanyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?