• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 16, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Iby’i gitero Masunzu yagabye mu Minembwe, kikaba cyasenye n’ibirimo n’amatorero y’Abanyamulenge.

minebwenews by minebwenews
March 10, 2025
in Regional Politics
0
Iby’i gitero Masunzu yagabye mu Minembwe, kikaba  cyasenye n’ibirimo n’amatorero y’Abanyamulenge.
120
SHARES
3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Iby’i gitero Masunzu yagabye mu Minembwe, kikaba cyasenye n’ibirimo n’amatorero y’Abanyamulenge.

Indege y’intambara yo mu bwoko bwa Sukhoi-25 y’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo(Fardc), yagabye igitero gikaze mu Minembwe ahazwi nk’i Mulenge muri Kivu y’Amajyepfo, gisenya ibikorwa remezo by’Abanyamulenge bahatuye, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

READ ALSO

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

Igihe c’isaha ya saa tanu z’igitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 10/03/2025, ni bwo indege yo mu bwoko bwa Sukhoi-25 yatangiye gutera ibisasu mu duce dutuwe n’Abanyamulenge mu Minembwe.

Bivugwa ko yateye ibisasu birenga bitanu, aho yabiteye ku kibuga cy’indege cya Minembwe giherereye mu gice cya Kiziba, ibindi ibitera haruguru y’iki kibuga cy’indege ahari umuhana utuwe n’Abanyamulenge, ndetse bisenya n’itorero rya Methodist Libre riyobowe na Surtandant Bitebetebe Rusingizwa.

Ni mu gihe ibindi nabyo yabiteye ku ishuri rya kaminuza rya UEMI naryo riri aha ku Kiziba, bikaba byangije cyane inyubako ziri shuri.

Nk’uko aya makuru abivuga mbere yuko iriya ndege ya Sukhoi-25 itera biriya bisasu, habanje kuza drone, izenguruka iki gice cyose cya Minembwe, kandi ngo igenda iri gufotora.

Nyuma nibwo haje kuza iriya yateye ibisasu; mu mashusho yagiye hanze agaragaza iki kibuga cyahindanye, aho ubona ahacitse imikuku ahandi ibitaka byirunze, bigaragaza ko cyangirijwe n’ibyo bisasu.

Umwe mu Banyamulenge uherereye muri ibyo bice ya bwiye Minembwe Capital News ko iyi ndege yoherejwe na Lt.Gen.Pacifique Masunzu, kandi ko yabikoze kubera ko aha’rejo indege yajanye inkomeri i Bukavu izivanye aha mu Minembwe.

Yagize ati: “Iyi ndege yoherejwe n’umunyeshyari Gen.Masunzu. Arashaka Kwangiza ikibuga cy’indege cya Minembwe. Kubera ko inkomeri zajanwe i Bukavu zivuye aha mu Minembwe.”
Iki gice cyose cya Minembwe kigenzurwa na Twirwaneho iyo Masunzu abona nk’umwanzi wayo ukomeye cyane.

Yatubwiye kandi ko n’urusengero rwa Methodist Libre rwangijwe cyane.

Ati: “Urusengero rwaha ku Kiziba rwa Methodist Libre rwangiritse bishoboka.”

Iyi nkuru isoza ivuga ko iyi ndege yaturutse i Kisangani ahari icyicaro gikuru cya zone ya gatatu, y’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, iyobowe na Lieutenant General Pacifique Masunzu.

Tubibutsa kandi ko ubushize drone y’ingabo za Fardc yateye ibisasu i Gakangala, byica General Rukunda Michel Makanika, nayo byavuzwe ko yabiteye iturutse i Kisangani, nk’uko byemejwe n’ubuyobozi bwa Twirwaneho mu itangazo bwashyize hanze icyo gihe.

Tags: IgiteroMasunzuMinembwe

Related Posts

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC
Regional Politics

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

September 15, 2026
Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza
Regional Politics

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

September 14, 2026
Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR
Regional Politics

Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR

September 14, 2026
Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
Regional Politics

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

September 12, 2026
Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
Regional Politics

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

September 12, 2026
Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Next Post
M23 yungutse amaboko mashya ihita yizeza abayikunda gukomeza urugamba rwo kubohora RDC.

M23 yungutse amaboko mashya ihita yizeza abayikunda gukomeza urugamba rwo kubohora RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • RDC: Manda ya Gatatu ya Tshisekedi: Ibyo Perezida Yavuze n’Impaka Byateje mu Gihugu
  • Perezida Theodore Roosevelt na Donald Trump: Abayobozi Babiri Bashatse Guhindura Amerika, Amateka Yabo Atandukaniye He?
  • Uvira : La visite du député Justin Bitakwira suscite des réactions contrastées
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?