• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, January 30, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Amagambo akomeye yavuzwe na perezida Denis Sasou-Nguesso kubihano bisabirwa u Rwanda.

minebwenews by minebwenews
February 17, 2025
in Regional Politics
0
Amagambo akomeye yavuzwe na perezida Denis Sasou-Nguesso kubihano bisabirwa u Rwanda.
119
SHARES
3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amagambo akomeye yavuzwe na perezida Denis Sasou-Nguesso ku bihano bisabirwa u Rwanda.

You might also like

Perezida Faure Yageze mu Rwanda, mu Ruzinduko Rw’Ingenzi mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Akarere

RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

Perezida wa Congo-Brazzaville, Denis Sassou-Nguesso, yatangaje ko ibihano byirirwa bisabirwa u Rwanda ntacyo byakemura ku kibazo cy’intambara iri kubera muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, hubwo ko hakenewe gushaka umuti urambye binyuze mu nzira y’ibiganiro.

Ubwo M23 y’uburaga intwaro muri 2021, ubutegetsi bwa Kinshasa nabwo bwahise butangira gukubita hirya no hino busaba ko u Rwanda rwofatirwa ibihano.

Ubu butegetsi bw’i Kinshasa buvuga ko u Rwanda arirwo rwateye igihugu cyabo runyuze mu mutwe wa M23, ibyo u Rwanda rwakomeje gutera utwatsi hubwo rugashinja Kinshasa gukorana byahafi n’umutwe wa FDLR urimo abasize bakoze jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994.

Ubu RDC yirirwa iririmba isaba imiryango mpuzamahanga n’ibihugu bikomeye byo mu Burengerazuba bw’isi gufatira u Rwanda ibihano.

Niho perezida Denis Sassou-Nguesso yahereye, ubwo yabazwaga n’umunyamakuru wa France24 ahar’ejo tariki ya 16/02/2025, niba ashigikiye ko u Rwanda rwa fatirwa ibihano nk’uko RDC imaze igihe ibisaba, nawe asubiza ati: “Mu bihe byamakimbirane buri ruhande ruba rushaka kwishyira aharyoshye, ariko kuri twe tubona icyiza ari uko ibiganiro bitangira mu buryo bumwe cyangwa ubundi.”

Nanone kandi umunyamakuru yahise yongera kumubaza ati: “Ibiganiro bitangire u Rwanda rutarafatirwa ibihano?”

Sassou-Nguesso ati: “Ibihano ntabwo byigeze bikemura ikibazo, icyiza kuri twe ni ugushakisha igisubizo nyakuri cy’ikibazo.”

Uyu mukuru w’igihugu cya Congo-Brazzaville, yahamije ko ibibazo bya Afrika bigomba gukemurwa n’abatuye kuri uyu mugabane, ndetse ko hakenewe umuntu winjira mu kubashakira umuti w’ibibazo.

Yagize ati: “Ntiwakwanga umusanzu w’inshuti n’abafatanyabikorwa ba Afrika ariko ab’ibanze ni Afrika. Twarabibonye muri Libiya, abafatanyabikorwa bigijeyo Abanyafrika ariko byarangiye babonye ko ikibazo nka kiriya kitakemurwa hatabayeho uruhare rwa Afrika.”

Ariko n’ubwo bimeze bityo, kugeza magingo aya perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ntarumva ko agomba kuganira n’umutwe wa M23. Kandi uyu mutwe ukomeje kwigarurira ibice bitandukanye byo muri iki gihugu.

Mu byumweru bitatu bishize uyu mutwe wigaruriye umujyi wa Goma, nanone kandi wongeye gufata n’umujyi wa Bukavu muri Kivu y’Amajy’epfo. Ndetse abarwanyi b’uyu mutwe bakomeje kwerekeza no mu bindi bice nka za Uvira n’ahandi.

Tags: IbihanoRdc
Share48Tweet30Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Faure Yageze mu Rwanda, mu Ruzinduko Rw’Ingenzi mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Akarere

by Bahanda Bruce
January 30, 2026
0
Perezida Faure Yageze mu Rwanda, mu Ruzinduko Rw’Ingenzi mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Akarere

Faure Yageze mu Rwanda, mu Ruzinduko Rw’Ingenzi mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Akarere Perezida w’Inama y’Abaminisitiri ya Togo, Faure Essozimna Gnassingbé, yageze mu Rwanda mu ijoro ryo ku...

Read moreDetails

RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu

by Bahanda Bruce
January 30, 2026
0
RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu

RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu Ku wa Kane tariki ya 29/01/2026, Perezida wa Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

by Bahanda Bruce
January 29, 2026
0
Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya Ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 28/01/2026, Perezida w’u Rwanda,...

Read moreDetails

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda Mu ijambo rikomeye ryagarutse ku mateka n’icyerekezo cya politiki ya Uganda, Perezida Yoweri...

Read moreDetails

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make Mu gihe igihugu cy’u Burundi gikomeje guhura n’imbogamizi z’ubukungu n’imibereho igoye ku baturage...

Read moreDetails
Next Post
Uko byifashe i Bukavu kuri iki Cyumweru tariki ya 16/02/2025.

M23 nyuma y'aho ifashe i Bukavu yagize icyo isaba ubutegetsi bwa Kinshasa igira n'ibindi isezeranya gukora.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?