• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, March 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Amagambo akomeye yavuzwe na perezida Denis Sasou-Nguesso kubihano bisabirwa u Rwanda.

minebwenews by minebwenews
February 17, 2025
in Regional Politics
0
Amagambo akomeye yavuzwe na perezida Denis Sasou-Nguesso kubihano bisabirwa u Rwanda.
119
SHARES
3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amagambo akomeye yavuzwe na perezida Denis Sasou-Nguesso ku bihano bisabirwa u Rwanda.

You might also like

Ibikorwa bya Gisirikare by’Ingabo z’u Burundi muri Kibira Bikomeje Guteza Impungenge mu Karere

Perezida Kagame Yihanangirije Abayobozi Batita ku Nama Bahabwa, Ababwira ko Igihe cyo Kubabaza Kigeze

Minisitiri Nduhungirehe Yaburiye Amahanga ku Byugarije Abatutsi bo muri RDC

Perezida wa Congo-Brazzaville, Denis Sassou-Nguesso, yatangaje ko ibihano byirirwa bisabirwa u Rwanda ntacyo byakemura ku kibazo cy’intambara iri kubera muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, hubwo ko hakenewe gushaka umuti urambye binyuze mu nzira y’ibiganiro.

Ubwo M23 y’uburaga intwaro muri 2021, ubutegetsi bwa Kinshasa nabwo bwahise butangira gukubita hirya no hino busaba ko u Rwanda rwofatirwa ibihano.

Ubu butegetsi bw’i Kinshasa buvuga ko u Rwanda arirwo rwateye igihugu cyabo runyuze mu mutwe wa M23, ibyo u Rwanda rwakomeje gutera utwatsi hubwo rugashinja Kinshasa gukorana byahafi n’umutwe wa FDLR urimo abasize bakoze jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994.

Ubu RDC yirirwa iririmba isaba imiryango mpuzamahanga n’ibihugu bikomeye byo mu Burengerazuba bw’isi gufatira u Rwanda ibihano.

Niho perezida Denis Sassou-Nguesso yahereye, ubwo yabazwaga n’umunyamakuru wa France24 ahar’ejo tariki ya 16/02/2025, niba ashigikiye ko u Rwanda rwa fatirwa ibihano nk’uko RDC imaze igihe ibisaba, nawe asubiza ati: “Mu bihe byamakimbirane buri ruhande ruba rushaka kwishyira aharyoshye, ariko kuri twe tubona icyiza ari uko ibiganiro bitangira mu buryo bumwe cyangwa ubundi.”

Nanone kandi umunyamakuru yahise yongera kumubaza ati: “Ibiganiro bitangire u Rwanda rutarafatirwa ibihano?”

Sassou-Nguesso ati: “Ibihano ntabwo byigeze bikemura ikibazo, icyiza kuri twe ni ugushakisha igisubizo nyakuri cy’ikibazo.”

Uyu mukuru w’igihugu cya Congo-Brazzaville, yahamije ko ibibazo bya Afrika bigomba gukemurwa n’abatuye kuri uyu mugabane, ndetse ko hakenewe umuntu winjira mu kubashakira umuti w’ibibazo.

Yagize ati: “Ntiwakwanga umusanzu w’inshuti n’abafatanyabikorwa ba Afrika ariko ab’ibanze ni Afrika. Twarabibonye muri Libiya, abafatanyabikorwa bigijeyo Abanyafrika ariko byarangiye babonye ko ikibazo nka kiriya kitakemurwa hatabayeho uruhare rwa Afrika.”

Ariko n’ubwo bimeze bityo, kugeza magingo aya perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ntarumva ko agomba kuganira n’umutwe wa M23. Kandi uyu mutwe ukomeje kwigarurira ibice bitandukanye byo muri iki gihugu.

Mu byumweru bitatu bishize uyu mutwe wigaruriye umujyi wa Goma, nanone kandi wongeye gufata n’umujyi wa Bukavu muri Kivu y’Amajy’epfo. Ndetse abarwanyi b’uyu mutwe bakomeje kwerekeza no mu bindi bice nka za Uvira n’ahandi.

Tags: IbihanoRdc
Share48Tweet30Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibikorwa bya Gisirikare by’Ingabo z’u Burundi muri Kibira Bikomeje Guteza Impungenge mu Karere

by Bahanda Bruce
March 24, 2026
0
Ibikorwa bya Gisirikare by’Ingabo z’u Burundi muri Kibira Bikomeje Guteza Impungenge mu Karere

Ibikorwa bya Gisirikare by’Ingabo z’u Burundi muri Kibira Bikomeje Guteza Impungenge mu Karere Mu burengerazuba bw’u Burundi, mu ishyamba rinini rya Kibira riherereye muri komine ya Bukinanyana, hamaze...

Read moreDetails

Perezida Kagame Yihanangirije Abayobozi Batita ku Nama Bahabwa, Ababwira ko Igihe cyo Kubabaza Kigeze

by Bahanda Bruce
March 24, 2026
0
Perezida Kagame Yihanangirije Abayobozi Batita ku Nama Bahabwa, Ababwira ko Igihe cyo Kubabaza Kigeze

Perezida Kagame Yihanangirije Abayobozi Batita ku Nama Bahabwa, Ababwira ko Igihe cyo Kubabaza Kigeze Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yongeye kugaragaza ko atazihanganira abayobozi batita ku...

Read moreDetails

Minisitiri Nduhungirehe Yaburiye Amahanga ku Byugarije Abatutsi bo muri RDC

by Bahanda Bruce
March 24, 2026
0
U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC

Minisitiri Nduhungirehe Yaburiye Amahanga ku Byugarije Abatutsi bo muri RDC Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yongeye kwibutsa umuryango mpuzamahanga inshingano ufite zo gukumira ibyaha ndengakamere, ashimangira...

Read moreDetails

Abimukira b’Abarundi n’Abanye-Congo bapfiriye mu rugendo rushyira ubuzima bwabo mu kaga

by Bahanda Bruce
March 22, 2026
0
Abimukira b’Abarundi n’Abanye-Congo bapfiriye mu rugendo rushyira ubuzima bwabo mu kaga

Abimukira b’Abarundi n’Abanye-Congo bapfiriye mu rugendo rushyira ubuzima bwabo mu kaga Inkuru iteye agahinda yagaragaye mu karere k’inyanja y’Abahinde, aho abantu bakomoka mu bihugu bya Afurika yo hagati...

Read moreDetails

Imvura Yateje Imyuzure i Nateete i Kampala

by Bahanda Bruce
March 21, 2026
0
Imvura Yateje Imyuzure i Nateete i Kampala

Imvura Yateje Imyuzure i Nateete i Kampala Abatwara ibinyabiziga mu gace ka Nateete, kari muri Diviziyo ya Rubaga mu Mujyi wa Kampala mu gihugu cya Uganda, bahuye n’akazi...

Read moreDetails
Next Post
Uko byifashe i Bukavu kuri iki Cyumweru tariki ya 16/02/2025.

M23 nyuma y'aho ifashe i Bukavu yagize icyo isaba ubutegetsi bwa Kinshasa igira n'ibindi isezeranya gukora.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?