• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, August 7, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

M23 nyuma y’aho ifashe i Bukavu yagize icyo isaba ubutegetsi bwa Kinshasa igira n’ibindi isezeranya gukora.

minebwenews by minebwenews
February 17, 2025
in Regional Politics
0
Uko byifashe i Bukavu kuri iki Cyumweru tariki ya 16/02/2025.
100
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

M23 nyuma y’aho ifashe i Bukavu yagize icyo isaba ubutegetsi bwa Kinshasa igira n’ibindi isezeranya gukora.

You might also like

Ibyo Utaruzi ku Kibuga Mpuzamahanga cya Bugesera u Rwanda Rurimo Kubaka: Umushinga Uzahindura Isura y’Ubwikorezi bwo mu Kirere muri Afurika

L’Ambassade des États-Unis clarifie la vérité sur la caution de visa imposée aux Congolais

Ambasade ya Amerika Yasobanuye Ukuri ku Ngwate ya Visa ku Banye-Congo

Umutwe wa M23 ukomeje kujegeza ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi Tshilombo wa Congo, nyuma y’uko ufashe umujyi wa Bukavu muri Kivu y’Amajy’epfo, wasabye ubutegetsi bwe kuyoboka inzira y’ibiganiro, mu gihe bwinangiye ukomeze imirwano kugeza ugeze i Kinshasa ku murwa mukuru w’iki gihugu.

Bikubiye mu itangazo uyu mutwe wa M23 washyize hanze aho iryo tangazo wagize uti: “M23 iramenyesha umuryango mpuzamahanga ko kubera ikibazo cy’umutekano muke, kwica abaturage no gusahura bikorwa na FARDC, ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo, wiyemeje gufasha abasivili. Kuva ku Cyumweru igisirikare cya cyacu kiri kugerageza kugarura umutekano w’abaturage n’ibyabo.”

Uyu mutwe muri iryo tangazo wakomeje ugira uti: “Turongera guhamagrira Leta ya Kinshasa kuyoboka inzira y’ibiganiro, ngo amahoro yongere agaruke mu gihugu cyacu.”

Nyamara nubwo uyu mutwe wa M23 ugaragaza ko ufite umuhate wo gukemura amakimbirane mu nzira y’ibiganiro, ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi bwo buvuga ko butazigera bujya mu biganiro n’uyu mutwe wa M23 n’umunsi umwe. Ibisa nk’aho ubu butegetsi bw’izeye ibitazwi ko bizabutabara bikabukiza uyu mutwe ukomeje gutsinde bidasanzwe ingabo z’iki gihugu.

Ubuyobozi bw’uyu mutwe wa M23 buvuga ko mu gihe iyi Leta y’i Kinshasa izakomeza kwinangira mu gukemura iki kibazo mu nzira y’ibiganiro, bwo buzakomeza kurwana mpaka abarwanyi babwo bafashe i Kinshasa, kandi bakureho ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Aho ndetse aba barwanyi bamaze kwigarurira bimwe mu bikorwa bikomeye birimo ko bafashe ibibuga by’indege bya Goma na Kavumu,ibigo bikomeye by’ingabo, imipaka ihuza RDC n’ibindi bihugu, inyubako za Leta , ndetse n’ibindi bikorwa remezo bihambaye.

Tags: BukavuibiganiroM23
Share40Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibyo Utaruzi ku Kibuga Mpuzamahanga cya Bugesera u Rwanda Rurimo Kubaka: Umushinga Uzahindura Isura y’Ubwikorezi bwo mu Kirere muri Afurika

by Bahanda Bruce
August 7, 2026
0
Ibyo Utaruzi ku Kibuga Mpuzamahanga cya Bugesera u Rwanda Rurimo Kubaka: Umushinga Uzahindura Isura y’Ubwikorezi bwo mu Kirere muri Afurika

Ibyo Utaruzi ku Kibuga Mpuzamahanga cya Bugesera u Rwanda Rurimo Kubaka: Umushinga Uzahindura Isura y’Ubwikorezi bwo mu Kirere muri Afurika MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gihe ibihugu bya...

Read moreDetails

L’Ambassade des États-Unis clarifie la vérité sur la caution de visa imposée aux Congolais

by Bahanda Bruce
August 6, 2026
0
Ambasade ya Amerika Yasobanuye Ukuri ku Ngwate ya Visa ku Banye-Congo

L’Ambassade des États-Unis clarifie la vérité sur la caution de visa imposée aux Congolais MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Alors que des informations largement relayées sur les réseaux sociaux...

Read moreDetails

Ambasade ya Amerika Yasobanuye Ukuri ku Ngwate ya Visa ku Banye-Congo

by Bahanda Bruce
August 6, 2026
0
Ambasade ya Amerika Yasobanuye Ukuri ku Ngwate ya Visa ku Banye-Congo

Ambasade ya Amerika Yasobanuye Ukuri ku Ngwate ya Visa ku Banye-Congo MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gihe ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gukwirakwira amakuru yavugaga ko abaturage ba Repubulika...

Read moreDetails

RDC : Une enquête internationale sème le doute : de l’uranium aurait-il été exporté sous couvert de l’hydroxyde de cobalt ?

by Bahanda Bruce
August 6, 2026
0
RDC : Une enquête internationale sème le doute : de l’uranium aurait-il été exporté sous couvert de l’hydroxyde de cobalt ?

RDC : Une enquête internationale sème le doute : de l’uranium aurait-il été exporté sous couvert de l’hydroxyde de cobalt ? MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Une enquête internationale...

Read moreDetails

RDC Mu Rujijo Nyuma y’Iperereza Mpuzamahanga: Uranium Yaba Yarajyanwaga Mu Mahanga Mu Izina rya Cobalt?

by Bahanda Bruce
August 6, 2026
0
RDC Mu Rujijo Nyuma y’Iperereza Mpuzamahanga: Uranium Yaba Yarajyanwaga Mu Mahanga Mu Izina rya Cobalt?

RDC Mu Rujijo Nyuma y'Iperereza Mpuzamahanga: Uranium Yaba Yarajyanwaga Mu Mahanga Mu Izina rya Cobalt? MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Iperereza mpuzamahanga ryakozwe na Lighthouse Reports ku bufatanye na...

Read moreDetails
Next Post
Guhohotera Abanyamulenge b’impunzi mu Burundi byongeye gufata indi ntera.

Guhohotera Abanyamulenge b'impunzi mu Burundi byongeye gufata indi ntera.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Mikenke Minembwe Monusco MRDP-TWIRWANEHO Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?