• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Amagambo ya perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, akomeje kuba inshobera mahanga.

minebwenews by minebwenews
March 4, 2024
in Regional Politics
0
Amagambo ya perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, akomeje kuba inshobera mahanga.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amagambo ya perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye akomeje kuba inshobera mahanga.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Mu Cyumweru gishize, ubwo yari ayoboye i Nama idasanzwe yabamukera rugendo, yabwiye abarundi ko abakura mbere bavugwa muri Bibiliya “banyoye ku mazi y’i Burundi,” ngo bikaba biri mubituma abarundi bahorana akanyamuneza.

Yagize ati: “Mwari muzi ko Abraham, Isake, Yakobo na Yesu, banyoye ku mazi y’i Burundi? Barayanyoye! nicyo gituma duhorana akanyamuneza.”

“Yesu yagize inyota nyinshi amwa kumazi yo mu gihugu cyacu, rero niwo mugisha abarundi bagendana.”

Yongeraho ati: “Yesu yerekana abahiriwe abaribo yaravuze ati ‘nari nyotewe mumpa icyo kumwa. Yesu yari kava ntara anyotewe abarundi bamuha icyo kumwa, aya mazi mubona i Burundi twayahawe na Yesu.”

Muri iki kiganiro kandi perezida w’u Burundi, yagarutse no ku barundi bahunze iki gihugu bagera hanze yaco bakagituka, avuga ko baba bari kwishiraho umuvumo.

Ati: “Abarundi basohotse igihugu baka kivuga nabi, abo nibo basohotse ya ngombyi ya Edeni kubera ibyaha byabo, kandi ku kigarukamo bizabagora.”

Ibi yabivuze nyuma y’uko yari yabanjye kuvuga ko ubwato bwa Nowa bwanditse muri Bibiliya, bwa vuye i Burundi bujanwa n’umwuzure mu gihugu cya Israel.

Anavuga ko ingombyi ya Edeni ari igihugu cy’u Burundi, nk’uko biri munkuru twakoze mu gitondo cyo ku itariki ya 03/03/2024.

                 MCN.
Tags: Akomeje kuba inshobera mahangaAmagambo ya perezida w'u BurundiEvariste Ndayishimiye
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Ibitero biremereye n’ibyo biramukiye mu bice byo muri teritware ya Masisi na Rutsuru, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Ibitero biremereye n'ibyo biramukiye mu bice byo muri teritware ya Masisi na Rutsuru, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?