• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, March 7, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Amakuru arambuye ku ngabo z’u muryango w’Abibumbye zahambiriye ziva muri Kivu y’Epfo.

minebwenews by minebwenews
June 25, 2024
in Regional Politics
0
Amakuru arambuye ku ngabo z’u muryango w’Abibumbye zahambiriye ziva muri Kivu y’Epfo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amakuru arambuye ku ngabo z’u muryango w’Abibumbye zahambiriye ziva muri Kivu y’Epfo.

You might also like

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Ni kuri uyu wa Kabiri tariki ya 25/06/2024, Ingabo z’u muryango w’Abibumbye zafunze amabiro yazo mu bice zakoreragamo byo muri Kivu y’Amajy’epfo, muri gahunda yo kuva muri iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Bintou Keita ukuriye MONUSCO ubwo aheruka mu ruzinduko yari yagiriye i Goma ku murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu Yaruguru, yavuze ko ibikorwa bya MONUSCO birimo kurangira muri Kivu y’Amajy’epfo ariko ko bizakomereza muri Kivu Yaruguru na Ituri.

Ahagana isaha z’igitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, Bintou Keita n’itsinda bari kumwe bagiye i Bukavu mu muhango wo gufunga ibikorwa bya MONUSCO biherereye muri iy’i Ntara. Bya navuzwe kandi ko uwo muhango wabereye ku kibuga cy’indege cya Kavumu, nkuko radio Okapi ihabwa inkunga na MONUSCO yabitangaje.

Muri uwo muhango ingabo za MONUSCO zavuze ko zakoze ibishoboka mu nshingano zahawe zo kugarura amahoro mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo mu myaka irenga 20.

Iz’i ngabo zivuye muri Kivu y’Amajy’epfo mu gihe muri ibyo bice hakivugwa imitwe yitwaje Imbunda nka Red Tabara, Maï Maï n’indi n’indi.

Ingabo z’u muryango w’Abibumbye muri Repubulika ya demokarasi ya Congo zibarirwa 12,835 kongera ho abakozi b’abasivili n’inzobere, bose hamwe barenga 17, 000. Ingengo y’imari yayo mu 2022 yageraga kuri miliyoni 1.1$.

MONUSCO igizwe ahanini n’abaturutse mu gihugu cya Pakistan ari nacyo gihugu gifite abasirikare benshi mu bagize MONUSCO aho baza gukurikirwa n’abavuye mu Buhinde, Bangladesh, Nepal na Afrika y’Epfo.

Uku gusoza ibikorwa bya MONUSCO kwemejwe mu kwezi kwa 12 umwaka w’ 2023 aho byemejwe n’akanama gashinzwe umutekano ku isi ka LONI nyuma yuko leta ya Kinshasa yagiye ibisaba kenshi.

Byari bikurikiye imyigaragambyo ikomeye y’abaturage ba Congo basaba ko Ingabo za MONUSCO ziva mu gihugu cyabo kuko babona nta musaruro zitanga.

Mu ntangiriro z’ukwezi kwa Gatatu uyu mwaka MONUSCO yafunze ibiro byayo muri Kamanyola, Bunyakiri, Uvira, Baraka, Kavumu mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo inshingano zo kurinda abasivile zisubizwa ingabo za RDC na polisi y’iki gihugu.

Gusa kuva kwa MONUSCO muri iy’i Ntara byatumye abakozi barenga 500 ba bura akazi.

                MCN...
Tags: BukavuKivu yamajy'EpfoMonuscoYafunze ibiro
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
March 7, 2026
0
Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko u Rwanda rwifuza amahoro arambye mu...

Read moreDetails

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

by Bahanda Bruce
March 6, 2026
0
Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze Mu gihe ibihugu byo mu Karere k’Ibiyaga Bigari bikomeje...

Read moreDetails

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza Mu gihe ibibazo by’umutekano bikomeje kwiyongera mu bice bitandukanye by’umugabane wa Afurika, Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje...

Read moreDetails

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

by Bahanda Bruce
March 4, 2026
0
Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi Mu gihe umwuka w’intambara ukomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails

U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

U Rwanda rwasubije abayobozi ba RDC bishimiye ibihano byafatiwe bamwe mu basirikare barwo na Amerika Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko ibihano bifatirwa uruhande rumwe...

Read moreDetails
Next Post
Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yatanze igisubizo ku wa mubajije niba ari Umuhutu cyangwa Umututsi.

Perezida w'u Rwanda Paul Kagame yatanze igisubizo ku wa mubajije niba ari Umuhutu cyangwa Umututsi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?