• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, August 14, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yatanze igisubizo ku wa mubajije niba ari Umuhutu cyangwa Umututsi.

minebwenews by minebwenews
June 26, 2024
in Regional Politics
0
Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yatanze igisubizo ku wa mubajije niba ari Umuhutu cyangwa Umututsi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yatanze igisubizo ku wa mubajije niba ari Umuhutu cyangwa Umututsi.

You might also like

RDC: Mu gihe intambara n’ubukene bikomeje, Leta ya Tshisekedi yerekeje amaso kuri TikTok

GATUMBA 22 YEARS LATER: Why Remembering the Banyamulenge Victims of the 2004 Genocide Remains a Sensitive Issue in Burundi — Those Responsible and the Justice Still Awaited

Kinshasa et Bujumbura prépareraient-ils quelque chose dans le secret ? Le général Prime, les avions des FARDC et Erik Prince au cœur des nouvelles interrogations au Sud-Kivu

Paul Kagame kuri ubu uri kwiyamamaza ku mwanya w’u mukuru w’igihugu cy’u Rwanda, umukandida w’ishyaka rya RPF Inkotanyi, yagaragaje ko hari umuntu wigeze ku mubaza niba ari umuhutu cyangwa umututsi, abisobanura ko yabimubajije nabi mu buryo bugaragaza ko nta mateka y’u Rwanda azi, nk’uko tubikesha igitangaza makuru cya Igihe.

Iki kiganiro perezida w’u Rwanda Paul Kagame yakigarutseho kuri uyu wa Kabiri tariki ya 25/06/2024, ubwo yari mu gikorwa cyo kwiyamamaza mu karere ka Nyarugenge.

Muri icyo kiganiro Paul Kagame yavuze ko nta kimutera ishema nko kuba ayoboye ishyaka rya RPF Inkotanyi n’Abanyarwanda muri rusange bafite ubushake kandi bashoboye.

Aha Inyarugenge abaturage bari bamwitabye bari abantu babarirwa mu ibihumbi 300, Paul Kagame yagaragaje ko u Rwanda rwanyuze mu mateka akomeye ariko yashibutsemo ubutwari.

Yagize ati: “Iki gihugu cyacu mureba cyagize amateka mabi, cyanyuze muri byinshi biteye agahinda, amateka yatwambuye abacu. Abantu bagira igihe cyabo bakagenda ariko gutwarwa n’undi muntu, ubuzima bwawe bukarangizwa n’undi muntu, ntabwo ari byo. Rero niyo mpamvu bitantangaza ko u Rwanda rwanyuze muri biriya rwashibukamo abantu nka mwe, abantu nka twe, ariko ibyo ni ibikwiye guhoraho, bikwiye guhora biranga u Rwanda.”

Yakomeje avuga ko kugira ngo u Rwanda rukomeze kurangwa n’ubu butwari hari icyo bisaba.

Ati: “Ibyo rero kugira ngo bihoreho, Abanyarwanda bahitamo neza, bumva neza, Abanyarwanda bakora neza. Twagize Imana rero muri ya mpinduka y’amateka tugiramo RPF.”

Kagame yavuze ko Abanyarwanda nibakomeza kurangwa n’iyi myitwarire y’u butwari bazagera kuri byinshi bizacecekesha n’abirirwa bibasira u Rwanda.

Yifashishije urugero rw’ibyamubayeho, Kagame yagaragaje ko hari nabibasira u Rwanda batazi amateka yarwo kuko hari uwigeze kumubaza niba ari Tutu (ashaka kuvuga Hutu) cyangwa Hutsi( ashaka kuvuga Umututsi).

Ati: “Ariko ko benshi banatuvuga batanatuzi. Hari uwigeze kumbaza ngo ariko uri iki wewe? Ngo uri Tutu (umuhutu) cyangwa uri Hutsi(umututsi)? Ntazi n’ibyo ari byo ariko arambaza, ndamubwira nti ‘njye mu Rwanda ndi ibyo byose ariko n’ibindi utavuze.”

Ubwo yashakaga kumbaza niba ndi Umuhutu cyangwa Umututsi ariko ngo Tutu cyangwa Hutsi, ndamubwira nti ‘ni ibyo byombi ariko n’ibindi ‘, nti ‘ariko ibyo byose bikubiye mu kuba Umunyarwanda nti ‘ndi Umunyarwanda.”

Kagame yasabye Abanyarwanda kubaha abo banyamahanga gusa nabo bakubahwa nabo.

Ati: “Mubane nabo, mubahe agaciro, mububahe ariko gusa ari uko nabo babahaye agaciro kandi banabubashye.”

            MCN.
Tags: Hutu cyangwa TutsiIgisubizoPaul KagameRwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC: Mu gihe intambara n’ubukene bikomeje, Leta ya Tshisekedi yerekeje amaso kuri TikTok

by Bahanda Bruce
August 14, 2026
0
RDC: Mu gihe intambara n’ubukene bikomeje, Leta ya Tshisekedi yerekeje amaso kuri TikTok

RDC: Mu gihe intambara n’ubukene bikomeje, Leta ya Tshisekedi yerekeje amaso kuri TikTok Minembwe Capital News Mu gihe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje guhangana n’intambara n’umutekano...

Read moreDetails

GATUMBA 22 YEARS LATER: Why Remembering the Banyamulenge Victims of the 2004 Genocide Remains a Sensitive Issue in Burundi — Those Responsible and the Justice Still Awaited

by Bahanda Bruce
August 13, 2026
0
GATUMBA 22 YEARS LATER: Why Remembering the Banyamulenge Victims of 2004 Remains a Sensitive Issue in Burundi — Those Responsible and the Justice Still Awaited

GATUMBA 22 YEARS LATER: Why Remembering the Banyamulenge Victims of the 2004 Genocide Remains a Sensitive Issue in Burundi — Those Responsible and the Justice Still Awaited Minembwe...

Read moreDetails

Kinshasa et Bujumbura prépareraient-ils quelque chose dans le secret ? Le général Prime, les avions des FARDC et Erik Prince au cœur des nouvelles interrogations au Sud-Kivu

by Bahanda Bruce
August 13, 2026
0
Kinshasa et Bujumbura prépareraient-ils quelque chose dans le secret ? Le général Prime, les avions des FARDC et Erik Prince au cœur des nouvelles interrogations au Sud-Kivu

Kinshasa et Bujumbura prépareraient-ils quelque chose dans le secret ? Le général Prime, les avions des FARDC et Erik Prince au cœur des nouvelles interrogations au Sud-Kivu Minembwe...

Read moreDetails

Kinshasa na Bujumbura Hari Ibyo Bategura Mu Ibanga? Gen. Prime, Indege za FARDC na Erik Prince Bagarutse Mu Ishusho ya Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
August 13, 2026
0
Kinshasa na Bujumbura Hari Ibyo Bategura Mu Ibanga? Gen. Prime, Indege za FARDC na Erik Prince Bagarutse Mu Ishusho ya Kivu y’Amajyepfo

Kinshasa na Bujumbura Hari Ibyo Bategura Mu Ibanga? Gen. Prime, Indege za FARDC na Erik Prince Bagarutse Mu Ishusho ya Kivu y’Amajyepfo Minembwe Capital News Mu gihe intambara...

Read moreDetails

Tshisekedi i Dar es Salaam: Ibanga Rikomeye Ryihishe inyuma y’Urugendo—Kabila, M23 na Kalemie Bihuriye he?

by Bahanda Bruce
August 12, 2026
0
Tshisekedi i Dar es Salaam: Ibanga Rikomeye Ryihishe inyuma y’Urugendo—Kabila, M23 na Kalemie Bihuriye he?

Tshisekedi i Dar es Salaam: Ibanga Rikomeye Ryihishe inyuma y’Urugendo—Kabila, M23 na Kalemie Bihuriye he? Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, aravugwa ko ategerejwe...

Read moreDetails
Next Post
Imyigaragambyo imaze iminsi ibera i Nairobi mu gihugu cya Kenya yafashe indi ntera, ndetse igwamo n’abantu.

Imyigaragambyo imaze iminsi ibera i Nairobi mu gihugu cya Kenya yafashe indi ntera, ndetse igwamo n'abantu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Mikenke Minembwe Monusco MRDP-TWIRWANEHO Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?