• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 4, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Amakuru mashya M23 yafashe ibirindiro bikomeye bya FDLR na Wazalendo, bya Kirumbu, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

minebwenews by minebwenews
March 30, 2024
in Regional Politics
0
Amakuru mashya M23 yafashe ibirindiro bikomeye bya FDLR na Wazalendo, bya Kirumbu, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amakuru mashya M23 yafashe i Centre ya Kirumbu, yarimo ibirindiro bikomeye bya Wazalendo na FDLR.

You might also like

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona

Ni mu mirwano yaramukiye mu bice byinshi byo muri teritware ya Masisi na Rutsuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa, nk’uko Minembwe Capital News imaze guhabwa ay’amakuru.

Avuga ko ahagana isaha za saa tanu abarwanyi ba M23 bari bamaze gufata centre ya Kirumbu, yo muri Localité ya Kirumbu, muri teritware ya Masisi.

Umuturage wahaye Minembwe Capital News ay’amakuru, yavuze ko Kirumba ari agace karimo ibirindiro bikomeye bya FDLR na Wazalendo ko kandi bagakoreragamo urugomo rwinshi, harimo gutangisha imisoro abaturage mu buryo burenze urugero, ndetse kandi basambanyaga n’abagore ku ngufu.

Yagize ati: “Kirumbu, yarimo insoresore z’Abahutu n’Abahunde, mu minsi ishize bagiye bakorera abaturage ibikorwa bibi by’urugomo nko kubaka imisoro bita ‘yalala salama’ no gufata abagore kungufu.”

Yakomeje agira ati: “Ubu tuvugana Intare zisarambwe (M23) zamaze kuyitaha. Bahafashe.”

Kirumbu, iri ku rubariro rumwe na Mweso, Kibarizo na Muheto.

Ku rundi ruhande ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, rya gabye ibitero bikomeye i Rwindi, muri teritware ya Rutsuru no mu nkengero za Sake, muri teritware ya Masisi.

Ay’amakuru ava muri ibyo bice avuga ko ibi bitero FARDC n’abambari bayo, babigabye bakoresheje kurasisha imbunda zirasa kure.Ariko ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga ziracari mu birindiro byabo muri Rwindi no muri turiya duce twa Masisi, nk’uko iy’inkuru ikomeza ivuga.

Umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare, Lt Col Willy Ngoma yemeje ay’amakuru, avuga ko ingabo zabo zihagaze neza ko kandi zirikiri mu birindiro byabo, ndetse ko zikomeje kurwanirira abaturage.

Yagize ati: “Ingabo za FARDC n’abambari babo bagabye ibitero ahatuwe n’abaturage benshi, nko muri Nyange, Gatovu, Makafe na Kimoka. Ariko Ingabo zisarambwe turi kubirukaho, turashaka kubaka imbunda barimo kurasisha mu baturage.”

              MCN.
Tags: Ibirindiro bikomeye bya FDLR na WazalendoKirumbuM23MasisiYafashe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

by Bahanda Bruce
March 4, 2026
0
Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi Mu gihe umwuka w’intambara ukomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails

U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

U Rwanda rwasubije abayobozi ba RDC bishimiye ibihano byafatiwe bamwe mu basirikare barwo na Amerika Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko ibihano bifatirwa uruhande rumwe...

Read moreDetails

U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona

U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona Amakuru Minembwe Capital News dukesha inyandiko ya Pacifique Ninanahazwe, uhagarariye ishyirahamwe FECODE ritabariza Abarundi bari mu kaga, agaragaza...

Read moreDetails

RDC Yashimye Ibihano bya Amerika ku Ngabo z’u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
RDC Yashimye Ibihano bya Amerika ku Ngabo z’u Rwanda

RDC Yashimye Ibihano bya Amerika ku Ngabo z’u Rwanda Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yatangaje ko yakiriye neza icyemezo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Akababaro ku Bihano Byafashwe ku Ruhande Rumwe na Amerika, Rushimangira Uko Rwitwaye ku Mutekano n’Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 2, 2026
0
Perezida Kagame Yitezwe mu Nama Mpuzamahanga ku Ngufu za Nucléaire n’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

U Rwanda Rwagaragaje Akababaro ku Bihano Byafashwe ku Ruhande Rumwe na Amerika, Rushimangira Uko Rwitwaye ku Mutekano n’Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko itishimiye...

Read moreDetails
Next Post
Umwe mu bakozi ba LUCHA, yirukanwe muri uwo muryango azira gushigikira M23.

Umwe mu bakozi ba LUCHA, yirukanwe muri uwo muryango azira gushigikira M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?