• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, December 4, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Amerika yabwiwe akaga isi yakwinjwiramo mu gihe yoramuka yivanze mu ntambara ya Israel na Iran.

minebwenews by minebwenews
June 20, 2025
in World News
0
Iran yagabye igitero gikaze i Tel Aviv.
79
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amerika yabwiwe akaga isi yakwinjwiramo mu gihe yoramuka yivanze mu ntambara ya Israel na Iran.

You might also like

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

Abategetsi bo mu bihugu bitandukanye basabye Leta Zunze ubumwe z’Amerika kutinjira mu ntambara Israel na Iran bihanganyemo, ngo kuko igihe yoramuka iyivanzemo bishobora kuzateza akarere kose ibyago bikomeye.

Muri abo bategetsi barimo na minisitiri wungirije w’ubanye n’amahanga wa Iran, Saeed Khatibzadeth, watangaje ko niba Amerika yibeshye ikivanga mu bitero bya Israel kuri Iran, akarere k’u Burasizuba bwo hagati kazahinduka “nk’ukuzimu.”

Ni nyuma y’aho ibiro bya perezida wa Amerika ku wa kane byatangaje ko mu gihe kitarenze ibyumweru bibiri biri imbere, Trump azafata icyemezo cyo kwinjira mu ntambara mu buryo butaziguye cyangwa kuyireka.

Minisitiri Saeed Khatibzadeth yabwiye itangazamakuru ko “iyi atari intambara ya Amerika,” kandi ko mu gihe perezida Donald Trump yayivanzemo, azahora yibukwa nka perezida winjiye mu ntambara itamureba.

Ahamya ko mu gihe yayinjiramo iby’iyi ntambara byahita bihinduka “isayo.”

Byagarutsweho kandi n’u Burusiya, aho bwaburiye Leta Zunze ubumwe z’Amerika ko niramuka ikoze ikosa ikarasa igisasu cya GBU57 kuri Iran ko ibintu bizahita bihindura isura kurusha uko yabitekerezaga. Byatangajwe n’umuvugizi wa minisiteri y’ubanyi n’amahanga w’u Burusiya, Marie Zakharova, aho kandi yongeye ko mu gihe Amerika yakora iryo kosa, ibisa nihamagariye ibyago kuza ku Isi.

Byagarutsweho kandi na Leta ya Korea Yaruguru yatangaje ko Israel iri nka Kanseri ku mahoro yo mu Burasizuba bwo hagati. Ivuga kandi ko ishinja Amerika kwenyegeza umuriro hagati ya Israel na Iran.

Iki gihugu cya Korea Yaruguru gisanzwe gifite imikoranire ya hafi na Iran ivuga ko gutera Iran bikozwe na Israel ari gikorwa cyo kuvogera ikindi gihugu gifite ubwigenge ndetse ari icyaha kitababarirwa cyibasira inyokomuntu.

Korea Yaruguru ni kimwe mu bihugu bimaze imyaka bihanganye na Amerika n’inshuti zayo, ndetse kikaba igihugu gitunze intwaro kirimbuzi.

Ibi byavuzwe nyuma y’aho Iran igabye igitero gikaze ku bitaro bya Israel biherereye mu majy’Epfo y’iki gihugu cya Israel bizwi nka Soroko.

Ibitangazamakuru byo muri Iran byatangaje ko icyo gitero cyari kigamije ku kigo cya gisirikare kiri hafi y’ibyo bitaro, aho kuba kubitaro ubwabyo.

Minisitiri y’ubuzima ya Israel yatangaje ko abantu 71 bakomerekeye mu gitero cya misile cyagabwe ku bitaro bya Soroko.

Israel na yo yarashe ku bigo bya nucléaire bya Iran, birimo n’ikigo kitagikora cya Arak gikoresha amazi menshi, ndetse n’ikigo cya Natanz.

Ariko Iran ntiyatanze amakuru mashya ku bapfuye n’ababikomerekeyemo.

Tags: AmerikaIsraelKutivangaYaburiwe
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Auto Draft

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yafashe icyemezo gikomeye cyo gusaba Perezida Isaac Herzog kumuha imbabazi zigamije guhagarika urubanza rwe...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye ku meza abayobozi bakomeye bo mu Nteko Ishinga...

Read moreDetails

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe - Perezida Museveni Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko Guverinoma ye iri mu cyiciro cya nyuma...

Read moreDetails

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

by Bahanda Bruce
December 1, 2025
0
Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya Amakuru aturuka mu Murwa Mukuru wa Sudan y’Epfo, Juba, aravuga ko inkongi y’umuriro yibasiye isoko rinini rya...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

by Bahanda Bruce
November 18, 2025
0
Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yarokotse impanuka ikomeye mu ruzinduko yari yagiriye ku kirombe cya zahabu giherereye mu Ntara ya Bujumbura...

Read moreDetails
Next Post
RDC: Amakuru avuga ku musirikare wishwe n’abagenzi be azira ubwoko bwe.

RDC: Amakuru avuga ku musirikare wishwe n'abagenzi be azira ubwoko bwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?