Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Amerika yagaragaje ikiyihangayishije ku ntambara ibera muri RDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 24, 2024
in Uncategorized
2
Amerika yagaragaje ikiyihangayishije ku ntambara ibera muri RDC.
86
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amerika yagaragaje ikiyihangayishije ku ntambara ibera muri RDC.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yamaganye Guverinoma ya Kinshasa ikoresha imbaraga zagisirikare mu gushakira u Burasirazuba bw’iki gihugu amahoro, igaragaza ko ibiganiro by’i Luanda aribyo bigomba gushyirwa imbere kandi bigakomeza hagati y’u Rwanda na RDC.

Ni byatangajwe n’umuvugizi wa Francophone mu butegetsi bwa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Johann Schmonsees, ubwo bari mu bikorwa by’inteko rusange igira iya 79 y’umuryango w’Abibumbye.

Mu kiganiro uyu muyobozi yahaye ibiro ntara makuru by’Abanye-kongo, ACP, yagize ati: “Nta gisubizo gihari cya Gisirikare cyazana umuti w’ibibazo biri mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.”

Yagaragaje kandi ko Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zidashyigikiye ibibera muri RDC byo guhonyora uburenganzira bwa muntu. Ati: “Turamagana twivuye inyuma ibikorwa by’ibyaha bihohotera abaturage b’abasivile.” Avuga kandi ko igihugu cye gikomeje gushyira imbere inzira z’ibiganiro mu bibazo byose byaba biri ku mugabane wa Afrika, ndetse avuga ko iki gihugu gishyigikiye imyanzuro yafatiwe i Luanda muri Angola n’i Nairobi muri Kenya, mu gushaka umuti urambye ku bibazo bikomeje mu Burasirazuba bwa RDC.

Yanaboneyeho kandi gushyikiriza Guverinoma ya Kinshasa n’iya Kigali gukomeza inzira yo gushaka umuti w’ibibazo biri hagati y’ibi bihugu byombi zikoresheje ibiganiro.

                   MCN.
Tags: AmerikaRdcU Burasirazuba bwa RDC
Share34Tweet22Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe amakuru mabi y’umusore wishwe arashwe na mugenzi we mu Rurambo.

Havuzwe amakuru mabi y'umusore wishwe arashwe na mugenzi we mu Rurambo.

Comments 2

  1. Pierre N. Kayiranga says:
    9 months ago

    Pierrekayiranga3@gmail.com
    Nibareke guteka umutwe, Iyo ushyigikiye ikinyoma ntacyo ugeraho !

  2. Pierre N. Kayiranga says:
    9 months ago

    Ubu niho kwibutsa kuririr’abaphuye !
    Iyo umuntu yitaby’IMANA Imana mu Rwanda , abayarashwe!!!
    Indwara ntizikic’Abantu !!!??

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?