• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 15, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Havuzwe amakuru mabi y’umusore wishwe arashwe na mugenzi we mu Rurambo.

minebwenews by minebwenews
September 24, 2024
in Uncategorized
1
Havuzwe amakuru mabi y’umusore wishwe arashwe na mugenzi we mu Rurambo.
184
SHARES
4.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe amakuru mabi y’umusore wishwe arashwe na mugenzi we mu Rurambo.

Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 24/09/2024, mu Rurambo ho muri teritware ya Uvira, mu ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, abasore batatu, bari batembereye bisanzwe bishe umwe muri bo bakoresheje imbunda, nyuma y’uko habaye gutongana hagati yabo, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

READ ALSO

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

Uwitwa Kabose niwe warashwe ahita y’itaba Imana.
Amakuru avuga ko yarashwe na Ngenzabuhoro mwene Ndungeri, ni mu gihe bavaga mu Muhana wa Gitoga berekeje mu misozi yo muri utu duce, ndetse byavuzwe ko bari bagiye gushaka rezo(network) ya telefone dore ko muri iriya misozi batora urugenzi kugira ngo baje guhamagara abavandimwe babo baba bari kure.

Ubuhamya bw’inyandiko MCN yahawe bugira buti: “Turi mu kiriyo hano mu nkambi zo mu Rurambo. Kabose yishwe arashwe; yarashwe mu ijosi n’amaguru arashwe na Ngenzabuhoro mwene Ndungeri wa Muronsi.”

Ubu buhamya bunavuga ko mbere y’uko Kabose yicwa, habanje kuba ukutumvikana hagati yaba basore uko ari batatu(Kabose , Ngenzabuhoro na Nzabakiza). Uyu Nzabakiza nawe nimwene Pasiteri Semahoro wo kuri Nyarurambi.

Kutavuga rumwe hagati yabo, ni nabyo byatumye Ngenzabuhoro asubira inyuma aja kuzana imbunda mu rugo iwabo mu Muhana wa Gitoga aza yiruka ageze iruhande rwa Kabose ahita amurasa arapfa.

Nyuma y’uko Kabose yari amaze kurangiza ubuzima bwe bwo mu Isi, bagenzi be, Ngenzabuhoro na Nzabakiza, bahise berekeza iy’ishyamba ndetse andi makuru yo avuga ko berekeje ku mushyasha(Uvira).

Aba bari basanzwe ari abasivile ariko kenshi, nk’uko byagiye bivugwa ahanini abasore batunga imbunda kubera ibibazo by’umutekano muke ukunze kurangwa muri ibi bice byo mu misozi ya teritware ya Fizi, Mwenga na Uvira.

           MCN.
Tags: AbasoreBakoresheje imbundaBishe mugenzi waboKabose

Related Posts

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo
Uncategorized

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo

August 14, 2026
RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho
Uncategorized

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

July 29, 2026
Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara
Uncategorized

Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

July 25, 2026
Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego
Uncategorized

Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego

July 22, 2026
Tshisekedi Yatangaje Ikiganiro Cyagutse Kizahuza Abanyekongo Bose: Dore Ibyamaze Kwemezwa, Ibigiye Gukorwa n’Ibizagenderwaho
Uncategorized

Les raisons du report de la visite du Président Tshisekedi à New York ont été révélées

July 20, 2026
BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki
Uncategorized

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

June 9, 2026
Next Post
RDC:Herekanwe imbunda zirimo izirasa kure zatahuwe ahatekerwaga hanavugwa abazihashyize.

RDC:Herekanwe imbunda zirimo izirasa kure zatahuwe ahatekerwaga hanavugwa abazihashyize.

Comments 1

  1. ndaruhutse olivier says:
    2 years ago

    We are very appreciative to this information

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Inkongi Yahitanye Abanyeshuri i Bukavu: Nangaa n’Abayobozi ba AFC-M23 Bitabiriye Umuhango wo Kubasezeraho
  • Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza
  • Sauvons la RDC Yamaganira Kure Gahunda y’Ibiganiro bya Tshisekedi
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?