• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 13, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Amerika yagaragaje ikiyihangayishije ku ntambara ibera muri RDC.

minebwenews by minebwenews
September 24, 2024
in Uncategorized
2
Amerika yagaragaje ikiyihangayishije ku ntambara ibera muri RDC.
86
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amerika yagaragaje ikiyihangayishije ku ntambara ibera muri RDC.

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yamaganye Guverinoma ya Kinshasa ikoresha imbaraga zagisirikare mu gushakira u Burasirazuba bw’iki gihugu amahoro, igaragaza ko ibiganiro by’i Luanda aribyo bigomba gushyirwa imbere kandi bigakomeza hagati y’u Rwanda na RDC.

READ ALSO

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

Ni byatangajwe n’umuvugizi wa Francophone mu butegetsi bwa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Johann Schmonsees, ubwo bari mu bikorwa by’inteko rusange igira iya 79 y’umuryango w’Abibumbye.

Mu kiganiro uyu muyobozi yahaye ibiro ntara makuru by’Abanye-kongo, ACP, yagize ati: “Nta gisubizo gihari cya Gisirikare cyazana umuti w’ibibazo biri mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.”

Yagaragaje kandi ko Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zidashyigikiye ibibera muri RDC byo guhonyora uburenganzira bwa muntu. Ati: “Turamagana twivuye inyuma ibikorwa by’ibyaha bihohotera abaturage b’abasivile.” Avuga kandi ko igihugu cye gikomeje gushyira imbere inzira z’ibiganiro mu bibazo byose byaba biri ku mugabane wa Afrika, ndetse avuga ko iki gihugu gishyigikiye imyanzuro yafatiwe i Luanda muri Angola n’i Nairobi muri Kenya, mu gushaka umuti urambye ku bibazo bikomeje mu Burasirazuba bwa RDC.

Yanaboneyeho kandi gushyikiriza Guverinoma ya Kinshasa n’iya Kigali gukomeza inzira yo gushaka umuti w’ibibazo biri hagati y’ibi bihugu byombi zikoresheje ibiganiro.

                   MCN.
Tags: AmerikaRdcU Burasirazuba bwa RDC

Related Posts

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo
Uncategorized

Uvira: Abaturage Basohotse mu Mihanda Basaba Amahoro, Banamagana Isahurwa ry’Ibyabo

August 14, 2026
RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho
Uncategorized

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

July 29, 2026
Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara
Uncategorized

Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

July 25, 2026
Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego
Uncategorized

Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego

July 22, 2026
Tshisekedi Yatangaje Ikiganiro Cyagutse Kizahuza Abanyekongo Bose: Dore Ibyamaze Kwemezwa, Ibigiye Gukorwa n’Ibizagenderwaho
Uncategorized

Les raisons du report de la visite du Président Tshisekedi à New York ont été révélées

July 20, 2026
BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki
Uncategorized

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

June 9, 2026
Next Post
Havuzwe amakuru mabi y’umusore wishwe arashwe na mugenzi we mu Rurambo.

Havuzwe amakuru mabi y'umusore wishwe arashwe na mugenzi we mu Rurambo.

Comments 2

  1. Pierre N. Kayiranga says:
    2 years ago

    Pierrekayiranga3@gmail.com
    Nibareke guteka umutwe, Iyo ushyigikiye ikinyoma ntacyo ugeraho !

  2. Pierre N. Kayiranga says:
    2 years ago

    Ubu niho kwibutsa kuririr’abaphuye !
    Iyo umuntu yitaby’IMANA Imana mu Rwanda , abayarashwe!!!
    Indwara ntizikic’Abantu !!!??

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • INTWARI MAJOR BYINSHI KIJUGUMBA: Hashize Umwaka Umwe Havuzwe Amakuru y’Urupfu Rwe mu Minembwe
  • Imirwano Hagati y’Ihuriro ry’Ingabo za RDC na MRDP-Twirwaneho Yongeye Kuvugwa i Fizi
  • Ibanga ryo Gukira no Kuba Umukire: Uko Umushahara Wawe Wakubakira Ubukire Burambye
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?