• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, August 18, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Amerika yagaragaje ko hakiri ibituma ishobora kongera kugaba ibitero kuri Iran.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 28, 2025
in World News
0
Ibyo perezida Trump atangaje nyuma y’igitero Iran yagabye ku ngabo ze.
70
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amerika yagaragaje ko hakiri ibituma ishobora kongera kugaba ibitero kuri Iran.

You might also like

Russia Sees Victory as Trump Leans Toward Putin’s Path to Ending the War

Ibyavuye mu nama ya yahuje perezida Trump na mugenzi we Putin.

Amerika yanenze uburyo agahenge katubahirijwe muri RDC.

Leta Zunze ubumwe z’Amerika zibinyujije ku gisirikare cyayo, ngo yaba igiye kongera kugaba ibitero ku bikorwa bya Nucléaire bya Iran, ngo mu gihe izaba ibona ko ari ngombwa.

Byatangajwe na perezida Donald Trump w’iki gihugu gikomeye ku Isi, nyuma y’aho ubuyobozi bw’igihugu cye bukomeje kugaragaza icyizere ku bitero giheruka kugaba ku bigo bitatu Iran yakoreragamo ibya nucléaire ko byagenze neza.

Trump yagize ati: “Yego cyane. Nta gushidikanya, byaba ari ibintu bikomeye. Ni ibintu byansaba kumva ko koko bikwiye.”
Yavuze ibi ubwo yasubizaga uwari wamubajije niba atekereza kongera kugaba ibitero kuri Iran mu gihe raporo nshya z’ubutasi zaba zerekana ko Iran irimo kongera gutunganya Uranium.

Yongeyeho kandi avuga ko atekereza ko Iran itasubira vuba muri gahunda yo gutunganya nucléaire nyuma y’ibitero Amerika yayigabyeho.

Kimwecyo ntampungenge yagaragaje ku bijyanye n’aho Iran yaba iri gukorera ibikorwa bya nucléaire, ibikora mu ibanga. Gusa avuga ko Iran na Israel bose bashishikajwe no kubaho kuruta ibindi byose muri iki gihe.

Yagize ati: “Bumvise bananiwe. Kandi n’Abanya-Israel nabo barananiwe. Naganiriye nabo bombi, bose bashaka ko ibintu birangira. Twakoze akazi gakomeye. Ubu icyo batekereza ni ejo hazaza, uko bazabaho.”

Hagati mu nteko ishinga amategeko ya Amerika, habaye impaka zikomeye ubwo bari mu nama mucyumba cya Sena, abo mu ishyaka riri ku butegetsi ry’Abarepubulikani benshi muri bo bemeje ko ibitero bya Amerika kuri Iran byagize icyo bikora kinini, mu gihe abo mu ishyaka ry’Abademokarate bo bagishidikanya, bavuga ko urunium igihari, kandi ko bidashobora kwemeza ko gahunda ya Iran ya Nucléaire yasenywe.

Abadepite barimo Nancy Pelosi na Ro Khanna bavuga ko hakiri ibibazo byinshi bitarabonerwa igisubizo, kandi ko hagikenewe uburyo bwemewe bwo kugenzura n’ubushishozi bwa dipolomasi, kugira ngo ikibazo cya Iran gikemurwe burundu.

Tags: AmerikaIbiteroIranNucléaire
Share28Tweet18Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Russia Sees Victory as Trump Leans Toward Putin’s Path to Ending the War

by minebwenews
August 16, 2025
0
Russia Sees Victory as Trump Leans Toward Putin’s Path to Ending the War

Russia is hailing the outcome of the high profile summit between U.S. President Donald Trump and Russian President Vladimir Putin in Alaska, even though no formal agreement was...

Read moreDetails

Ibyavuye mu nama ya yahuje perezida Trump na mugenzi we Putin.

by Bruce Bahanda
August 16, 2025
0
Perezida Trump yahuye na mugenzi we w’u Burusiya Putin.

Ibyavuye mu nama yahuje perezida Trump na mugenzi we Putin. Umukuru w'igihugu cya Leta Zunze ubumwe z'Amerika Donald Trump yahuye na mugenzi we w'u Burusiya Vladimir Putin, umubonano...

Read moreDetails

Amerika yanenze uburyo agahenge katubahirijwe muri RDC.

by Bruce Bahanda
August 16, 2025
0
Amerika yanenze uburyo agahenge katubahirijwe muri RDC.

Amerika yanenze uburyo agahenge katubahirijwe muri RDC. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zamaganye kuba hatarabaye kubahiriza agahenge hagati y'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo n'izo mu ihuriro rya...

Read moreDetails

Trump, Putin Alaska Summit Ends Without Deal but Signals Openings for Future Talks

by minebwenews
August 16, 2025
0
Trump, Putin Alaska Summit Ends Without Deal but Signals Openings for Future Talks

The long-awaited face-to-face summit between U.S. President Donald Trump and Russian President Vladimir Putin concluded in Alaska without a formal agreement, though both leaders described the discussions as...

Read moreDetails

Kimwe mu bihugu byo muri Afrika kigiye kugura ibikoresho bya gisirikare bikaze muri Amerika.

by Bruce Bahanda
August 16, 2025
0
Kimwe mu bihugu byo muri Afrika kigiye kugura ibikoresho bya gisirikare bikaze muri Amerika.

Kimwe mu bihugu byo muri Afrika kigiye kugura ibikoresho bya gisirikare bikaze muri Amerika. Nigeria yemerewe kugura intwaro zikomeye muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika zihwanye na miliyoni 346...

Read moreDetails
Next Post
Uganda: Perezida Museveni azongera yiyamamaze.

Perezida Museveni yavuze ku Banyarwanda bimwa ubwenegihugu bwa Uganda, ubwe na we avuga ku bwoko bwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?