• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, March 5, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Amerika yagaragaje ko hakiri ibituma ishobora kongera kugaba ibitero kuri Iran.

minebwenews by minebwenews
June 28, 2025
in World News
0
Ibyo perezida Trump atangaje nyuma y’igitero Iran yagabye ku ngabo ze.
71
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amerika yagaragaje ko hakiri ibituma ishobora kongera kugaba ibitero kuri Iran.

You might also like

Ibikoresho by’Ingenzi byasenywe mu Gikorwa cya Gisirikare Cyitondewe cya Israel

Abapfuye muri Iran Bakomeje Kwiyongera, Misile Yageze muri Turikiya mu gihe Amerika na Israel Bakomeje Ibitero Simusiga

Ihererekanyabubasha i Tehran: Mojtaba Yatorewe Gusimbura Ayatollah ku Buyobozi bw’Ikirenga bwa Iran

Leta Zunze ubumwe z’Amerika zibinyujije ku gisirikare cyayo, ngo yaba igiye kongera kugaba ibitero ku bikorwa bya Nucléaire bya Iran, ngo mu gihe izaba ibona ko ari ngombwa.

Byatangajwe na perezida Donald Trump w’iki gihugu gikomeye ku Isi, nyuma y’aho ubuyobozi bw’igihugu cye bukomeje kugaragaza icyizere ku bitero giheruka kugaba ku bigo bitatu Iran yakoreragamo ibya nucléaire ko byagenze neza.

Trump yagize ati: “Yego cyane. Nta gushidikanya, byaba ari ibintu bikomeye. Ni ibintu byansaba kumva ko koko bikwiye.”
Yavuze ibi ubwo yasubizaga uwari wamubajije niba atekereza kongera kugaba ibitero kuri Iran mu gihe raporo nshya z’ubutasi zaba zerekana ko Iran irimo kongera gutunganya Uranium.

Yongeyeho kandi avuga ko atekereza ko Iran itasubira vuba muri gahunda yo gutunganya nucléaire nyuma y’ibitero Amerika yayigabyeho.

Kimwecyo ntampungenge yagaragaje ku bijyanye n’aho Iran yaba iri gukorera ibikorwa bya nucléaire, ibikora mu ibanga. Gusa avuga ko Iran na Israel bose bashishikajwe no kubaho kuruta ibindi byose muri iki gihe.

Yagize ati: “Bumvise bananiwe. Kandi n’Abanya-Israel nabo barananiwe. Naganiriye nabo bombi, bose bashaka ko ibintu birangira. Twakoze akazi gakomeye. Ubu icyo batekereza ni ejo hazaza, uko bazabaho.”

Hagati mu nteko ishinga amategeko ya Amerika, habaye impaka zikomeye ubwo bari mu nama mucyumba cya Sena, abo mu ishyaka riri ku butegetsi ry’Abarepubulikani benshi muri bo bemeje ko ibitero bya Amerika kuri Iran byagize icyo bikora kinini, mu gihe abo mu ishyaka ry’Abademokarate bo bagishidikanya, bavuga ko urunium igihari, kandi ko bidashobora kwemeza ko gahunda ya Iran ya Nucléaire yasenywe.

Abadepite barimo Nancy Pelosi na Ro Khanna bavuga ko hakiri ibibazo byinshi bitarabonerwa igisubizo, kandi ko hagikenewe uburyo bwemewe bwo kugenzura n’ubushishozi bwa dipolomasi, kugira ngo ikibazo cya Iran gikemurwe burundu.

Tags: AmerikaIbiteroIranNucléaire
Share28Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibikoresho by’Ingenzi byasenywe mu Gikorwa cya Gisirikare Cyitondewe cya Israel

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Ibikoresho by’Ingenzi byasenywe mu Gikorwa cya Gisirikare Cyitondewe cya Israel

Ibikoresho by’Ingenzi byasenywe mu Gikorwa cya Gisirikare Cyitondewe cya Israel Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zagabye igitero gikomeye cyibasiye ibikorwa by’ingenzi byari bigize gahunda ya misile ziraswa...

Read moreDetails

Abapfuye muri Iran Bakomeje Kwiyongera, Misile Yageze muri Turikiya mu gihe Amerika na Israel Bakomeje Ibitero Simusiga

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Amerika na Israel Byagabye Igitero Simusiga kuri Irani

Abapfuye muri Iran Bakomeje Kwiyongera, Misile Yageze muri Turikiya mu gihe Amerika na Israel Bakomeje Ibitero Simusiga Intambara iri guhuza Iran n’ihuriro rigizwe na Leta Zunze Ubumwe za...

Read moreDetails

Ihererekanyabubasha i Tehran: Mojtaba Yatorewe Gusimbura Ayatollah ku Buyobozi bw’Ikirenga bwa Iran

by Bahanda Bruce
March 4, 2026
0
Ihererekanyabubasha i Tehran: Mojtaba Yatorewe Gusimbura Ayatollah ku Buyobozi bw’Ikirenga bwa Iran

Ihererekanyabubasha i Tehran: Mojtaba Yatorewe Gusimbura Ayatollah ku Buyobozi bw’Ikirenga bwa Iran Mu bihe by’ihungabana rikomeye muri politiki y’akarere ka Tuwayeri no ku rwego mpuzamahanga, haravugwa inkuru y’uko...

Read moreDetails

Impungenge ku Ntambara ya Iran: Ibitero bya Israel na Amerika, Ikoranabuhanga rya Hypersonic n’Ingaruka ku Mutekano w’Isi

by Bahanda Bruce
March 4, 2026
0
Impungenge ku Ntambara ya Iran: Ibitero bya Israel na Amerika, Ikoranabuhanga rya Hypersonic n’Ingaruka ku Mutekano w’Isi

Impungenge ku Ntambara ya Iran: Ibitero bya Israel na Amerika, Ikoranabuhanga rya Hypersonic n’Ingaruka ku Mutekano w’Isi Mu gihe umwuka mubi wa politiki n’umutekano ukomeje kuzamuka mu Burasirazuba...

Read moreDetails

Iran n’Imbaraga za Kirimbuzi: Ese Ububiko bw’Intwaro bwatangiye Gushyira Isi mu Ngorane z’Umwuka w’Intambara

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
Iran n’Imbaraga za Kirimbuzi: Ese Ububiko bw’Intwaro bwatangiye Gushyira Isi mu Ngorane z’Umwuka w’Intambara

Iran n’Imbaraga za Kirimbuzi: Ese Ububiko bw’Intwaro bwatangiye Gushyira Isi mu Ngorane z’Umwuka w’Intambara Amakuru agezweho ava mu biro bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika aravuga ko Iran...

Read moreDetails
Next Post
Uganda: Perezida Museveni azongera yiyamamaze.

Perezida Museveni yavuze ku Banyarwanda bimwa ubwenegihugu bwa Uganda, ubwe na we avuga ku bwoko bwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?