Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Avugwa ku ngabo za mahanga zigiye kurwanya m23.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 28, 2025
in Regional Politics
0
Avugwa ku ngabo za mahanga zigiye kurwanya m23.
143
SHARES
3.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Avugwa ku ngabo za mahanga zigiye kurwanya m23.

You might also like

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Hari amakuru avuga ko Ingabo z’u Bubiligi, iz’u Burundi n’iza leta y’i Kinshasa ko zamaze kwihuza murwego rwo kugira ngo zigiwize imbaraga zigabe ibitero ku barwanyi bo mu mutwe wa m23 mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ni amakuru yatangiye kuvugwa mu cyumweru gishize, aho hari indege nyinshi za gisirikare zavuye i Buruseri mu Bubiligi zerekeza i Bujumbura, izindi zija i Kinshasa.

Aya makuru yavugaga ko izo ndege zimwe zari zitwaye ibikoresho bya gisirikare izindi zitwaye abasirikare.

Tariki ya 21 z’uku kwezi turimo, indege ya Falcon 8x y’Ingabo zirwanira mu kirere cy’u Bubiligi yahagurutse mu birindiro bya gisirikare bya Melsbroec mu Bubiligi yerekeza i Bujumbura hamwe n’abakozi batatu. Abayobozi bashinzwe iby’indege mu Burundi bakoze iyo bwabaga kugira ngo bahishe ayo makuru, ariko biranga bija hanze.

Amakuru akomeza avuga ko iyo ndege yasubiye mu Bubiligi bukeye bwaho, isubiranayo n’intumwa z’u Burundi zigizwe n’abasirikare umunani. Kugeza ubu ntiharamenyekana ubutumwa bw’izi ntumwa, ariko amakuru yo kuruhande avuga ko ntakindi kigamijwe usibye kurwanya m23.

Mbere yuko iyo ndege igwa i Bujumbura, indege y’Ingabo zirwanira mu kirere z’u Bubiligi yari yituye i Kinshasa, hanyuma yerekeza i Kindu mu ntara ya Manyema, ahoherejwe Ingabo z’Ababiligi zirenga 500 zoherejwe hamwe n’indege zitagira abapilote n’ibifaru kugira ngo zifashe Ingabo za Congo kurwanya m23.

I Bujumbura bivugwa ko haheruka kwitura i ndege ya Boing yahaguye iturutse i Kinshasa, aho bivugwa ko yaririmo utudege tutagira abapilote, kubera ko igisirikare cy’u Burundi nta drone gisigaranye, nyuma y’aho m23 ihanuye zibiri yari gira zonyine.

Indi ndege iheruka kuva i Kinshasa yerekeza i Bujumbura. Intumwa za Congo yari itwaye ntizigeze zimenyekana, ariko tariki ya 25/03/2025, perezida Evariste Ndayishimiye akoresheje x yatangaje ko yakiriye Thérèse Kayikwamba Wagner minisitiri w’ubanye n’amahanga wa RDC, kandi ko yaje ari intumwa ya perezida Felix Tshisekedi.

Muri ubwo butumwa nk’uko bivugwa, perezida Felix Tshisekedi yifuza gushimangira no kwagura umubano mwiza w’ibihugu byombi hagati ya RDC n’u Burundi.

Aya makuru kandi avuga ko vuba aha, perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye, aheruka kohereza abasirikare benshi i Uvira barimo Ingabo n’Imbonerakure. Aba akaba yarabohereje mu rwego rwo kugira ngo iki gice gihana umupaka n’u Burundi ntigifatwe n’uriya mutwe wa m23.

Tags: IgiteroIngabo z'u BubiligiIza RDCM23
Share57Tweet36Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo. Nyuma y'uko bimenyekanye ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post
Avugwa mu Kibaya cya Rusizi muri Kivu y’Amajyepfo.

Avugwa mu Kibaya cya Rusizi muri Kivu y'Amajyepfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?