• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Avugwa ku ngabo za mahanga zigiye kurwanya m23.

minebwenews by minebwenews
March 28, 2025
in Regional Politics
0
Avugwa ku ngabo za mahanga zigiye kurwanya m23.
144
SHARES
3.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Avugwa ku ngabo za mahanga zigiye kurwanya m23.

You might also like

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Hari amakuru avuga ko Ingabo z’u Bubiligi, iz’u Burundi n’iza leta y’i Kinshasa ko zamaze kwihuza murwego rwo kugira ngo zigiwize imbaraga zigabe ibitero ku barwanyi bo mu mutwe wa m23 mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ni amakuru yatangiye kuvugwa mu cyumweru gishize, aho hari indege nyinshi za gisirikare zavuye i Buruseri mu Bubiligi zerekeza i Bujumbura, izindi zija i Kinshasa.

Aya makuru yavugaga ko izo ndege zimwe zari zitwaye ibikoresho bya gisirikare izindi zitwaye abasirikare.

Tariki ya 21 z’uku kwezi turimo, indege ya Falcon 8x y’Ingabo zirwanira mu kirere cy’u Bubiligi yahagurutse mu birindiro bya gisirikare bya Melsbroec mu Bubiligi yerekeza i Bujumbura hamwe n’abakozi batatu. Abayobozi bashinzwe iby’indege mu Burundi bakoze iyo bwabaga kugira ngo bahishe ayo makuru, ariko biranga bija hanze.

Amakuru akomeza avuga ko iyo ndege yasubiye mu Bubiligi bukeye bwaho, isubiranayo n’intumwa z’u Burundi zigizwe n’abasirikare umunani. Kugeza ubu ntiharamenyekana ubutumwa bw’izi ntumwa, ariko amakuru yo kuruhande avuga ko ntakindi kigamijwe usibye kurwanya m23.

Mbere yuko iyo ndege igwa i Bujumbura, indege y’Ingabo zirwanira mu kirere z’u Bubiligi yari yituye i Kinshasa, hanyuma yerekeza i Kindu mu ntara ya Manyema, ahoherejwe Ingabo z’Ababiligi zirenga 500 zoherejwe hamwe n’indege zitagira abapilote n’ibifaru kugira ngo zifashe Ingabo za Congo kurwanya m23.

I Bujumbura bivugwa ko haheruka kwitura i ndege ya Boing yahaguye iturutse i Kinshasa, aho bivugwa ko yaririmo utudege tutagira abapilote, kubera ko igisirikare cy’u Burundi nta drone gisigaranye, nyuma y’aho m23 ihanuye zibiri yari gira zonyine.

Indi ndege iheruka kuva i Kinshasa yerekeza i Bujumbura. Intumwa za Congo yari itwaye ntizigeze zimenyekana, ariko tariki ya 25/03/2025, perezida Evariste Ndayishimiye akoresheje x yatangaje ko yakiriye Thérèse Kayikwamba Wagner minisitiri w’ubanye n’amahanga wa RDC, kandi ko yaje ari intumwa ya perezida Felix Tshisekedi.

Muri ubwo butumwa nk’uko bivugwa, perezida Felix Tshisekedi yifuza gushimangira no kwagura umubano mwiza w’ibihugu byombi hagati ya RDC n’u Burundi.

Aya makuru kandi avuga ko vuba aha, perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye, aheruka kohereza abasirikare benshi i Uvira barimo Ingabo n’Imbonerakure. Aba akaba yarabohereje mu rwego rwo kugira ngo iki gice gihana umupaka n’u Burundi ntigifatwe n’uriya mutwe wa m23.

Tags: IgiteroIngabo z'u BubiligiIza RDCM23
Share58Tweet36Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
1
Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by'i ngabo z'u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n'amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge Me.Moise Nyarugabo uzwi cyane muri politiki ya Repubulika ya...

Read moreDetails

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Igihano gitangaje cyahanishijwe abasirikare b'u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC Abasirikare b'u Burundi bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n'amaguru nyuma y'uko bishyuzaga umushara barwaniye muri Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails
Next Post
Avugwa mu Kibaya cya Rusizi muri Kivu y’Amajyepfo.

Avugwa mu Kibaya cya Rusizi muri Kivu y'Amajyepfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?