• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, December 5, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Avugwa mu biganiro by’i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n’iza leta y’i Kinshasa.

minebwenews by minebwenews
July 11, 2025
in Regional Politics
0
Avugwa mu biganiro by’i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n’iza leta y’i Kinshasa.
96
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Avugwa mu biganiro by’i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n’iza leta y’i Kinshasa.

You might also like

Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose

Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House

Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Ibiganiro by’imishyikirano byahuriyemo intumwa z’umutwe wa M23 n’iza leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo i Doha muri Qatar, byanitabiriwe kandi na minisitiri w’umutekano w’u Rwanda, Vincent Biruta n’uwa RDC w’ubutegetsi Jacquemain Shabani.

Ni ku nshuro ya gatanu impande zombi zihurira mu biganiro i Doha, aho kuri iyi nshuro zageze muri iki gihugu ku mugoroba w’ahar’ejo ku wa kane tariki ya 10/07/2025.

Minisitiri Vincent Biruta w’u Rwanda na mugenzi we wa RDC, bwana Jaquemin Shabani, bitabiriye ibi biganiro nk’abaje kubikurikira gusa, nk’uko RFI yabitangaje. Ndetse kandi byanitabiriwe n’intumwa zohorejwe na komisiyo y’Umuryango wa Afrika Yunze ubumwe na Togo.

Ibi biganiro birimo kuba ku gitutu cya Leta Zunze ubumwe z’Amerika, kandi abategetsi b’iki gihugu cya Amerika bemeza ko bizeye neza ko bizagenda neza, ndetse kandi ko ari nabyo ntambwe yanyuma bahite bagra ku bw’umvikane.

Massad Boulos, umujyanama wa perezida Donald Trump kuri Afrika yatangaje ko ibiganiro bya Doha ubu bizaba bihagarariwe n’abategetsi bakomeye kurushaho ku mpande zombi, yongeraho ko na bo muri Amerika bazaba bahari.

Kugeza ubu impande zombi ziri i Doha ntizirumvikana ku byo buri ruhande rusaba.

Mu kwezi kwa gatanu abategetsi ba RDC mubyo barimo basaba cyane, harimo ko M23 irekura ibice yafashe hagashyirwaho ubutegetsi bugengwa na Kinshasa n’igisirikare cya Leta.

Mbere yuko impande zombi zisubira i Doha, umutwe wa AFC/M23 wagaragaje ingingo umunani wifuza kugira ngo hasubire kwizerana hagati yabo na Kinshasa.

Uyu mutwe wa M23 ugenzura hafi u Burasirazuba bwa Congo bwose, ahanini mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo na Kivu y’Amajyaruguru.

Muri ibi biganiro hitezwe byinshi, kuko nibyo byitezweho kugeza RDC ku mahoro arambye, nyuma y’ibindi biganiro by’amahoro byahuriyemo u Rwanda na RDC i Washington mu kwezi gushize mu mpera zako.

Mu gihe ibi biganiro bitogenda neza, n’ibyasinyiwe i Washington ntacyizere cyabyo cyaba kigihari.

Nyamara kurundi ruhande, ibi biganiro bibaye mu gihe Leta ya Congo yiteguye kurwana intambara ikomeye, kuko iheruka kurunda abasirikare bayo benshi i Uvira no mu bice bitandukanye byo mu misozi miremire y’i Mulenge, nko kwa Mulima, i Ndondo ya Rurambo n’i Kilembwe. Amakuru avuga ko ibi yabikoze mu rwego rwo gutegura uko aba basirikare bayo bongera kwisubiza ibice umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho byabambuye birimo n’umujyi wa Bukavu ufatwa nk’umurwa mukuru w’i ntara ya Kivu y’Amajyepfo n’uwa Goma na wo ufatwa nk’umurwa mukuru w’i ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Tags: I DohaM23Rdc
Share38Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose

Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose Mu muhango w’amateka wabereye i Washington DC, Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na...

Read moreDetails

Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House

Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House Itangazo ryasohowe kuri uyu wa kane tariki ya 04/12/2025, na...

Read moreDetails

Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w'umunye-Kongo Léonard She Okitundu, wahoze ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (2016–2019) akaba ubu ari Umudepite ndetse...

Read moreDetails

Iby’ingenzi ku Masezerano ya Washington hagati y’u Rwanda na RDC

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Perezida Kagame na Tshisekedi bagiye gusinya amasezerano akomeye ashobora guhindura isura y’umutekano mu Karere k’Ibiyaga Bigari

Iby’ingenzi ku Masezerano ya Washington hagati y’u Rwanda na RDC Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) na Repubulika y’u Rwanda tariki ya 27/06/2025 zasinye i Washington amasezerano akomeye...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi mu Ihurizo Rikomeye i Washington, amasezerano Ashobora Kwigaranzura Ubutegetsi Bwe

by Bahanda Bruce
December 3, 2025
0
Perezida Tshisekedi mu Ihurizo Rikomeye i Washington, amasezerano Ashobora Kwigaranzura Ubutegetsi Bwe

Perezida Tshisekedi mu Ihurizo Rikomeye i Washington, amasezerano Ashobora Kwigaranzura Ubutegetsi Bwe Perezida Félix Tshisekedi Tshilombo ari mu rugendo rufatwa nk’urugena imiterere y’ahazaza h’ubutegetsi bwe. Nyuma y’igihe kinini...

Read moreDetails
Next Post
Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n’uruva gusenya.

Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n'uruva gusenya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?