• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, March 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bahunze Uvira, ubu turi mu masasu menshi,” ibivugwa n’Abanya-b’Uvira.

minebwenews by minebwenews
February 19, 2025
in Regional Politics
0
Iby’imbitse ku mirwano yabereye Uvira muri Kivu y’Epfo.
124
SHARES
3.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

“Bahunze Uvira, ubu turi mu masasu menshi,” ibivugwa n’Abanya-b’Uvira.

You might also like

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC

Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa zari mu Mujyi wa Uvira zahahunze zerekeza mu bindi bice byo mu yandi ma teritwari yo muri Kivu y’Epfo n’i Kalemi, nyuma y’uko habaye ukutumvukana hagati y’izi ngabo za leta na Wazalendo.

Mu minsi mike ishize muri Uvira nibwo hahungiye ingabo nyinshi za FARDC, aho zarimo ziva i Bukavu nyuma y’uko m23 yarimaze kuhafata.
Bivugwa ko Uvira hari ibihumbi byinshi by’ingengo za Congo (FARDC).

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 19/02/2025, nk’uko abaturage baturiye umujyi wa Uvira babwiye Minembwe.com ko ziriya ngabo zahavuye hasigaramo Wazalendo gusa, ariko ko bari kurasagura amasasu yo gufusha ubusa, ndetse ko ibyo kurasa byatangiye mu gitondo kugeza isaha zamanywa.

Ati: “Abasirikare ba FARDC bavuye Uvira. Bamwe muri bo berekeje i Kalemi abandi i Fizi, hari n’abazamutse imisozi.”
Aba baturage bavuze ko abasirikare berekeje i Kalemi bagiye n’ibato(bateau).

Ati: “FARDC iri kwerekeza kw’iporo(port) kugira ngo burire ibato baje i Kalemi.”

Ntacyo ubuyobozi bwa FARDC buratangaza kuri iri hunga ry’izi ngabo ziri kuva mu mujyi wa Uvira.

Usibye ko umwe muri aba baturage yatubwiye ko Uvira nta buyobozi bukiharangwa.

Mubutumwa bw’amajwi uyu muturage yaduhaye, bugira buti: “Hano turi mu gihugu kitari icya perezida Félix Tshisekedi, kandi kitari icya M23 . Rero ni mu kavuyo gusa. Kuva mu gitondo cya kare imbunda ziri kuvuga ubutitsa. Biradushobeye! Nawe ngira ng’ubu turi kuvugana uri kumva amasasu. Wazalendo nibo bari muri aka karere. Barinjira mu mazu bagakora ibyo bashaka.”

Yakomeje avuga ko hari n’umudamu w’Umunyamulenge warashwe na Wazalendo baramukomeretsa, kandi ko bamusanze iwiwe mu rugo.

Kuva ku wa mbere nta bikorwa biriko bikorwa, amashuri, iby’ubucuruzi ndetse no gutembera mu mihanda ntabyo.
Ahanini byavuye kukutumvikana hagati ya Wazalendo na Fardc, kuko Wazalendo bashinja izi ngabo za leta guta umujyi wa Bukavu ukigarurirwa na m23.
Bikaba byaraviriyemo ihangana rikomeye ryabaye ku cyumweru no ku wa mbere hagati y’impande zombi. Ari nabyo bitumye Fardc ihunga iva Uvira.
Muri iyo mirwano yapfuyemo abantu 14 barimo abasivili n’abasirikare.

Hagataho umutwe wa m23 ukomeje kwigarurira ibice byinshi, aho no ku munsi w’ejo wafashe umujyi wa Kamanyola uri mu nzira igana Uvira unyuze mu Kibaya cya Rusizi.

Andi makuru ataremezwa n’uyu mutwe wa m23 avuga ko wafashe ibice bimwe byo muri iki Kibaya cya Rusizi giherereye mu ntera ngufi n’umujyi wa Uvira.

Tags: BahunzeFardcUviraWazalendo
Share50Tweet31Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka East African Community (EAC), wasabye impande zihanganye mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails

Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC

by Bahanda Bruce
March 7, 2026
0
Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC

Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC Mu nama ya 25 y’Abakuru b’Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, East African Community (EAC), yabereye mu Mujyi wa Arusha muri...

Read moreDetails

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
March 7, 2026
0
Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko u Rwanda rwifuza amahoro arambye mu...

Read moreDetails

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

by Bahanda Bruce
March 6, 2026
0
Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze Mu gihe ibihugu byo mu Karere k’Ibiyaga Bigari bikomeje...

Read moreDetails
Next Post

Umupaka wa Kamanyola watangiye kugenzurwa na M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?