• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, September 11, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bahunze Uvira, ubu turi mu masasu menshi,” ibivugwa n’Abanya-b’Uvira.

minebwenews by minebwenews
February 19, 2025
in Regional Politics
0
Iby’imbitse ku mirwano yabereye Uvira muri Kivu y’Epfo.
124
SHARES
3.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

“Bahunze Uvira, ubu turi mu masasu menshi,” ibivugwa n’Abanya-b’Uvira.

Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa zari mu Mujyi wa Uvira zahahunze zerekeza mu bindi bice byo mu yandi ma teritwari yo muri Kivu y’Epfo n’i Kalemi, nyuma y’uko habaye ukutumvukana hagati y’izi ngabo za leta na Wazalendo.

READ ALSO

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

Rwanda–RDC : L’ambassadrice Urujeni accuse Kinshasa de poursuivre sa coopération avec les FDLR et les Wazalendo et appelle à traiter le problème à la racine

Mu minsi mike ishize muri Uvira nibwo hahungiye ingabo nyinshi za FARDC, aho zarimo ziva i Bukavu nyuma y’uko m23 yarimaze kuhafata.
Bivugwa ko Uvira hari ibihumbi byinshi by’ingengo za Congo (FARDC).

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 19/02/2025, nk’uko abaturage baturiye umujyi wa Uvira babwiye Minembwe.com ko ziriya ngabo zahavuye hasigaramo Wazalendo gusa, ariko ko bari kurasagura amasasu yo gufusha ubusa, ndetse ko ibyo kurasa byatangiye mu gitondo kugeza isaha zamanywa.

Ati: “Abasirikare ba FARDC bavuye Uvira. Bamwe muri bo berekeje i Kalemi abandi i Fizi, hari n’abazamutse imisozi.”
Aba baturage bavuze ko abasirikare berekeje i Kalemi bagiye n’ibato(bateau).

Ati: “FARDC iri kwerekeza kw’iporo(port) kugira ngo burire ibato baje i Kalemi.”

Ntacyo ubuyobozi bwa FARDC buratangaza kuri iri hunga ry’izi ngabo ziri kuva mu mujyi wa Uvira.

Usibye ko umwe muri aba baturage yatubwiye ko Uvira nta buyobozi bukiharangwa.

Mubutumwa bw’amajwi uyu muturage yaduhaye, bugira buti: “Hano turi mu gihugu kitari icya perezida Félix Tshisekedi, kandi kitari icya M23 . Rero ni mu kavuyo gusa. Kuva mu gitondo cya kare imbunda ziri kuvuga ubutitsa. Biradushobeye! Nawe ngira ng’ubu turi kuvugana uri kumva amasasu. Wazalendo nibo bari muri aka karere. Barinjira mu mazu bagakora ibyo bashaka.”

Yakomeje avuga ko hari n’umudamu w’Umunyamulenge warashwe na Wazalendo baramukomeretsa, kandi ko bamusanze iwiwe mu rugo.

Kuva ku wa mbere nta bikorwa biriko bikorwa, amashuri, iby’ubucuruzi ndetse no gutembera mu mihanda ntabyo.
Ahanini byavuye kukutumvikana hagati ya Wazalendo na Fardc, kuko Wazalendo bashinja izi ngabo za leta guta umujyi wa Bukavu ukigarurirwa na m23.
Bikaba byaraviriyemo ihangana rikomeye ryabaye ku cyumweru no ku wa mbere hagati y’impande zombi. Ari nabyo bitumye Fardc ihunga iva Uvira.
Muri iyo mirwano yapfuyemo abantu 14 barimo abasivili n’abasirikare.

Hagataho umutwe wa m23 ukomeje kwigarurira ibice byinshi, aho no ku munsi w’ejo wafashe umujyi wa Kamanyola uri mu nzira igana Uvira unyuze mu Kibaya cya Rusizi.

Andi makuru ataremezwa n’uyu mutwe wa m23 avuga ko wafashe ibice bimwe byo muri iki Kibaya cya Rusizi giherereye mu ntera ngufi n’umujyi wa Uvira.

Tags: BahunzeFardcUviraWazalendo

Related Posts

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi
Regional Politics

Rwanda–RDC : L’ambassadrice Urujeni accuse Kinshasa de poursuivre sa coopération avec les FDLR et les Wazalendo et appelle à traiter le problème à la racine

September 10, 2026
Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi
Regional Politics

Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi

September 9, 2026
Uganda: Arrests of Former CMI Chiefs Bring Military Intelligence Back Into the Spotlight of the Country’s History
Regional Politics

Uganda: Arrests of Former CMI Chiefs Bring Military Intelligence Back Into the Spotlight of the Country’s History

September 9, 2026
Uganda: Ifatwa ry’abahoze bayobora CMI ryasubije ubutasi bwa gisirikare mu isura y’amateka akomeye y’igihugu
Regional Politics

Uganda: Ifatwa ry’abahoze bayobora CMI ryasubije ubutasi bwa gisirikare mu isura y’amateka akomeye y’igihugu

September 9, 2026
Gen. Muhoozi yavuze abo atinya, anagaruka ku cyo avuga ko atigeze ageraho muri RDC
Regional Politics

Gen. Muhoozi yavuze abo atinya, anagaruka ku cyo avuga ko atigeze ageraho muri RDC

September 9, 2026
Next Post

Umupaka wa Kamanyola watangiye kugenzurwa na M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
  • FARDC, Ingabo z’u Burundi n’Imitwe Yitwaje Intwaro Bageze mu Bice bya Rurambo na Ndondo: Amakuru Mashya ku Miterere y’Ingabo Ziri Kuzamuka Ziva i Uvira
  • Shaka Nyamusaraba Ari He? Amakuru Mashya Atandukanye Yagaragaje Ibyihishe ku Rugendo Rwe i Kinshasa
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?