• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, March 1, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Bamwe mu Banye-Congo bavuze ko bakwiye kweguza perezida Tshisekedi

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 11, 2025
in Conflict & Security
0
Bamwe mu Banye-Congo bavuze ko bakwiye kweguza perezida Tshisekedi
79
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bamwe mu Banye-Congo bavuze ko bakwiye kweguza perezida Tshisekedi

You might also like

AFC/M23 Yemeje Urupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma, Igira n’Ibyo Isaba Ubutabera

Inzoga n’Ikimogi: Ni Ikihe Cyangiza Abantu Cyane? Isesengura Ryimbitse ku Ngaruka Zabyo n’Amateka y’Inkomoko y’Ikimogi

AFC/M23 Yivuganye Umurwanyi wa FDLR Ufite Ipeti rya Colonel

Bamwe mu Banye-Congo baturiye agace ka teritware ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, bavuze ko kubera ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi bwananiwe kugeza igihugu cyabo ku mahoro arambye, bakwiye kumweguza, ngo nk’uko no mu Bufaransa babisabye mugenzi we Emmanuel Macron.

Byavugiwe mu kiganiro cyo kuri uyu wa gatandatu tariki ya 11/10/2025, cyashyizweho n’umunyamakuru witwa Andre Byadunia icyo yise “Amuka tujenge.”

Muri iki kiganiro gikorwa buri gitondo cya buri munsi usibye icyo ku cyumweru, abaturage bakivugiyemo ko bakwiye kwiyubakira Igihugu cyabo, ngo kuko ntawundi uzaza ku kibubakira.

Ibi byaje nyuma y’aho bavugaga ku mwanzuro wafashwe n’igisirikare cya RDC, aho ku mugoroba w’ahar’ejo ku wa gatanu cyasohoye itangazo, kimenyesha umutwe wa FDLR kwishyira mu maboko yaco cyangwa ay’ingabo z’u muryango w’Abibumbye, MONUSCO, ubundi bagacurwa mu gihugu cyabo cy’u Rwanda.

Bikaba bi kubiye mu myanzuro yafatiwe mu biganiro by’amahoro bihuza iki gihugu cya RDC n’icy’u Rwanda, kubuhuza bwa Leta Zunze ubumwe z’Amerika n’iya Qatar.

Umwe muri aba baturage yahise avuga ati: “FDLR bari he? Erega perezida Felix Tshisekedi ahora mu mikino imeze nk’i y’amakomedi.”

Yunzemo kandi ati: “Umutwe urandya buri gihe iyo numva ibyo Tshisekedi akora. Iyo aza kuba ari umugabo yari kuba yarashoye intambara ku Rwanda. Ku rutera byari ku mufasha kwisubiza umujyi wa Goma n’uwa Bukavu.”

Yavuze kandi ati: “Mwabonye ko umutwe wa M23 watanze ubutumwa ko ugiye gufata umujyi wa Uvira. Kuki FARDC ija kurasa ibisasu ku kiraro cya Walikale bikagisenya, aho kuza ngwisenye aho uyu mutwe uzanyura uza gufata Uvira, ku kiraro cya Rusizi. Ntacyo tuzageraho tutararwanya u Rwanda.”

Yavuze kandi ko uyu mutwe uri hafi gufata Shabunda, Mwenga n’ahandi, kandi ko ntakizawubuza kuhabohoza, bityo ashimangira ko Abanye-Congo nabo bakwiye guhagarara k’igabo bakirukana perezida Felix Tshisekedi ku butegetsi, bagashyiraho undi uzabayobora neza.

Yanageze naho atanga urugero avuga ko mu Bufaransa uwahoze ari minisitiri w’intebe muri iki gihugu, aheruka kubwira Emmanuel Macron ko agomba kwegura.

Ati: “Dukwiye kwigira k’u Bufaransa, uwahoze ari minisiti w’intebe wabwo, yabwiye perezida Emmanuel Macron mu ntangiriro z’iki cyumweru guhita yegura, kandi akegura ku neza y’abenegihugu. Natwe n’uko tugomba kubigenza. Tweguze Tshisekedi.”

Yasoje asaba benewabo Abanye-Congo bagenzi be ko igihe batarakanguka, ngo bamenye ko ubutegetsi buriho bwabagurishije, bazapfa bagashyiraho bya burundu. Ababwira guhita bahagurukira rimwe, ngo kuko ari bwo isi izamenya ikibazo cyabo, nk’uko Amerika yabikoze ubwo Iran yirwanagaho nyuma y’aho Israel yayigabyeho igitero cyo mu kirere mu mezi abiri ashize.

Tags: AbanyekongoKweguza Tshisekedi
Share32Tweet20Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

AFC/M23 Yemeje Urupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma, Igira n’Ibyo Isaba Ubutabera

by Bahanda Bruce
February 28, 2026
0
AFC/M23 Yigaruriye Uduce Twinshi twa Masisi Nyuma y’Imirwano Ikaze Yahuje Ingabo za RDC n’Abafatanyabikorwa Bazo

AFC/M23 Yemeje Urupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma, Igira n'Ibyo Isaba Ubutabera Ihuriro Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 ryatangaje ku mugaragaro urupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma, umwe mu...

Read moreDetails

Inzoga n’Ikimogi: Ni Ikihe Cyangiza Abantu Cyane? Isesengura Ryimbitse ku Ngaruka Zabyo n’Amateka y’Inkomoko y’Ikimogi

by Bahanda Bruce
February 28, 2026
0
Inzoga n’Ikimogi: Ni Ikihe Cyangiza Abantu Cyane? Isesengura Ryimbitse ku Ngaruka Zabyo n’Amateka y’Inkomoko y’Ikimogi

Inzoga n’Ikimogi: Ni Ikihe Cyangiza Abantu Cyane? Isesengura Ryimbitse ku Ngaruka Zabyo n’Amateka y’Inkomoko y’Ikimogi Ikibazo cyo kumenya niba inzoga cyangwa ikimogi ari byo byangiza abantu cyane gikeneye...

Read moreDetails

AFC/M23 Yivuganye Umurwanyi wa FDLR Ufite Ipeti rya Colonel

by Bahanda Bruce
February 28, 2026
0
FARDC n’Abafatanyabikorwa Bayo Bagabye Ibindi Bitero Simusiga mu Gace kamwe ka Masisi, mu Gihe AFC/M23 Ikomeje Kwigarurira Uduce

AFC/M23 Yivuganye Umurwanyi wa FDLR Ufite Ipeti rya Colonel Amakuru aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) aravuga ko habaye imirwano ikomeye muri Teritwari ya...

Read moreDetails

Imirwano Ikaze muri Nyamaboko: AFC/M23 Yigaruriye Mulema n’Utundi Duce Twinshi

by Bahanda Bruce
February 27, 2026
0
Mu Mirwano Ikomeye, AFC/M23 Yongeye Kwigarurira Ibice Byinshi bya Masisi; Bamwe mu Bayobozi ba FARDC Bahasiga Ubuzima

Imirwano Ikaze muri Nyamaboko: AFC/M23 Yigaruriye Mulema n’Utundi Duce Twinshi Imirwano ikomeye yabaye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 27/02/2026 muri teritwari ya Masisi, mu Ntara ya Kivu...

Read moreDetails

Rugeyo Yasubije Kongolo ku By’Ibitero bya Drones muri teritware ya Fizi

by Bahanda Bruce
February 27, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Ubutegetsi bwa RDC Kugaba Ibitero bya Drone i Rubaya

Rugeyo Yasubije Kongolo ku By’Ibitero bya Drones muri teritware ya Fizi Rumenge Rugeyo Olivier, wigeze kwiyamamariza kuba Umudepite ku rwego rw’Igihugu muri Teritwari ya Fizi, yasohoye inyandiko zikomeye...

Read moreDetails
Next Post
Bitakwira yavuze ko bikwiye igihugu kigacikamo, avuga n’impamvu yabyo

Bitakwira yavuze ko bikwiye igihugu kigacikamo, avuga n'impamvu yabyo

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?