• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, June 13, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Bitakwira yavuze ko bikwiye igihugu kigacikamo, avuga n’impamvu yabyo

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 11, 2025
in Conflict & Security
0
Bitakwira yavuze ko bikwiye igihugu kigacikamo, avuga n’impamvu yabyo
106
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bitakwira yavuze ko bikwiye igihugu kigacikamo, avuga n’impamvu yabyo

You might also like

Le Président Tshisekedi serait-il en train de conduire la RDC vers la partition ? Analyse détaillée des accusations portées contre lui

Byakaze: Perezida Tshisekedi Yaba Agiye Gucamo RDC? Ibirambuye ku byo Avugwaho

Bibogobogo en pleine préparation pour accueillir une haute autorité militaire : une visite du Commandant de région annoncée

Bitakwira Justin Bihona wakoze mu nzego zitandukanye za Repubulika ya demokarasi ya Congo, kuri ubu akaba ari we uhagarariye Wazalendo ku rwego rw’igihugu muri politiki, yatangaje ko bikwiye igice cy’iki gihugu cyabo kikomekwa k’u Rwanda, cyangwa rukomekwaho igihugu cyose.

Ni mu butumwa bw’amajwi yatanze abugenera benewabo Abapfulelo bo muri teritware ya Uvira, Mwenga n’iya Fizi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, mu Burasirazuba bw’igihugu cya RDC.

Ubutumwa bwa Justin Bitakwira buvuga ko perezida w’u Rwanda Paul Kagame ari umuntu udashobora guhinduka kucyo yavuze, ngo kabone n’ubwo wamupfakimira ntabwo ashobora guhinduka na gato.

Yagize ati: “Kagame ni umuntu udasubira inyuma cyangwa ngwa hinduke.”

Yavuze kandi ko ari umuntu uharanira kugera kure ku cyo yavuze, ngo kurenza kure minisitiri w’intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, uzwiho cyane gukomeza icyo yavuze.

Ati: “Ni umuntu uharanira kugera ku cyo yavuze kurenza kure minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu. Arakomeye, tugomba ku mutinya, bityo dufite amahitamo amwe yo kumukatira agace kamwe k’igihugu cyacu, cyangwa tukamuhebera igihugu cyose kizima, bitaba ibyo tukarwana mupaka dushyizeho.”

Yanavuze kandi ko abatazi perezida Kagame bakwiye kujya kubaza igituro(imva) cya Juvenal Habyarimana wayoboye u Rwanda mbere ya jenocide yakorewe Abatutsi, muri icyo gihe ababwira ko bazabona igisubizo cya nyaco.

Uyu Justin Bitakwira ni umwe mu Banye-Congo bazwiho gukoresha imvugo zisesereza, ahanini akunda kuzikoresha avuga ku Batutsi bo muri RDC.

Kuko hari n’ubwo yagiye abita amazina abatuka, agamije kubangisha abandi Banye-Congo, yabise “inzoka, inyenzi, virusi n’andi nk’ayo.”

Usibye n’icyo yagaragaye inshuro nyinshi akangurira imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo na FDLR kwica no kurimbura Abanyamulenge n’Abatutsi bose muri rusange mu Burasirazuba bw’iki gihugu.

Akavuga ko ari bo banzi b’igihugu. Ibi bikaba biri mu byatumye mu mwaka wa 2017, Mai Mai, FDLR n’indi mitwe yitwara gisirikare iyishamikiyeho ihagurukira kwica Abanyamulenge mu misozi miremire y’i Mulenge mu kubagabaho ibitero no kunyaga Inka zabo.
Kuva icyo gihe kugeza ubu Inka zibarirwa mu bihumbi amagana atanu zaranyazwe, mu gihe abantu barenga ibihumbi bibiri n’abo bishwe, utaretse n’imihana igera ku magana abiri yasenywe.

Ariko nubwo abategetsi ba RDC bakunze kwibasira u Rwanda ku ntambara ibera mu Burasirazuba bw’iki gihugu cyabo, bakarushinja gushigikira umutwe wa M23 uburwanya, rwo rurabihakana, ahubwo rukabashinja gukorana byahafi na FDLR yashyizwe n’abasize bakoze jenocide mu Rwanda.

Ikindi n’uko u Rwanda ruvuga ko abategetsi ba RDC bibuza inshingano zabo zokwishakamo ibisubizo ku gihugu cyabo, bagahera mu kurwegekaho ibibazo byose iki gihugu cyabo gifite.

Ndetse kandi banavuga ko Kinshasa yirengagiza gukemura impamvu muzi zatumye uyu mutwe wa M23 uvuka, mu gihe ariho hari igisubizo cyabyose.

U Rwanda kandi rwagiye rugaragaza ko igisubizo cy’ibibazo byose RDC irimo gucamo, biri mubiganza bya Banye-Congo bo ubwabo, aho kubishakira hanze y’igihugu cyabo.

Tags: BitakwiraGucikamoIgihugu
Share42Tweet27Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Le Président Tshisekedi serait-il en train de conduire la RDC vers la partition ? Analyse détaillée des accusations portées contre lui

by Bahanda Bruce
June 13, 2026
0
Auto Draft

Le Président Tshisekedi serait-il en train de conduire la RDC vers la partition ? Analyse détaillée des accusations portées contre lui Alors que la République démocratique du Congo...

Read moreDetails

Byakaze: Perezida Tshisekedi Yaba Agiye Gucamo RDC? Ibirambuye ku byo Avugwaho

by Bahanda Bruce
June 13, 2026
0
Byakaze: Perezida Tshisekedi Yaba Agiye Gucamo RDC? Ibirambuye ku byo Avugwaho

Byakaze: Perezida Tshisekedi Yaba Agiye Gucamo RDC? Ibirambuye ku byo Avugwaho Mu gihe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje guhura n’ibibazo bikomeye by’umutekano, ubukungu ndetse n’amakimbirane ya politiki...

Read moreDetails

Bibogobogo en pleine préparation pour accueillir une haute autorité militaire : une visite du Commandant de région annoncée

by Bahanda Bruce
June 13, 2026
0
Bibogobogo mu Myiteguro Ikomeye yo Kwakira Ubuyobozi Bukuru bwa Gisirikare: Haravugwa Uruzinduko rw’Umukomanda w’Intara

Bibogobogo en pleine préparation pour accueillir une haute autorité militaire : une visite du Commandant de région annoncée Bibogobogo, localité située dans le territoire de Fizi, dans la...

Read moreDetails

Bibogobogo mu Myiteguro Ikomeye yo Kwakira Ubuyobozi Bukuru bwa Gisirikare: Haravugwa Uruzinduko rw’Umukomanda w’Intara

by Bahanda Bruce
June 13, 2026
0
Bibogobogo mu Myiteguro Ikomeye yo Kwakira Ubuyobozi Bukuru bwa Gisirikare: Haravugwa Uruzinduko rw’Umukomanda w’Intara

Bibogobogo mu Myiteguro Ikomeye yo Kwakira Ubuyobozi Bukuru bwa Gisirikare: Haravugwa Uruzinduko rw’Umukomanda w’Intara Bibogobogo, agace gaherereye muri teritwari ya Fizi mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, kari mu...

Read moreDetails

MINEMBWE ONCE AGAIN IN A CRITICAL SITUATION: Civil Society Raises Concerns Over Deteriorating Security Affecting Civilians

by Bahanda Bruce
June 13, 2026
0
MINEMBWE ONCE AGAIN IN A CRITICAL SITUATION: Civil Society Raises Concerns Over Deteriorating Security Affecting Civilians

MINEMBWE ONCE AGAIN IN A CRITICAL SITUATION: Civil Society Raises Concerns Over Deteriorating Security Affecting Civilians The Civil Society of Minembwe has issued a statement expressing deep concern...

Read moreDetails
Next Post
Nyuma ya Nyamara Ingabo z’u Burundi zashyinze ibindi birindiro mu kandi gace

Nyuma ya Nyamara Ingabo z'u Burundi zashyinze ibindi birindiro mu kandi gace

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?