• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, March 15, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bamwe mu Barundi bavuga rikijana, basabye perezida Evariste Ndayishimiye w’iki gihugu kwegura.

minebwenews by minebwenews
July 7, 2024
in Regional Politics
0
Bamwe mu Barundi bavuga rikijana, basabye perezida Evariste Ndayishimiye w’iki gihugu kwegura.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bamwe mu Barundi bavuga rikijana, basabye perezida Evariste Ndayishimiye w’iki gihugu kwegura.

You might also like

Ubutabera bw’u Bufaransa Bwatangije Iperereza ku Rupfu rw’Umukozi wa UNICEF Wishwe n’Igitero cy’Indege mu Burasirazuba bwa RDC

Amerika Yamaganye Ibitero byibasira Abasivile mu Burasirazuba bwa RDC

U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC

Ni mu kiganiro umunyamakuru uzwi cyane mu Burundi, Athanase Karayenga yagiranye n’iradiyo ya Peace FM ijwi ry’urubyiruko(urwaruka); ikiganiro cyabaye ku itariki ya 04/07/2024.

Muri iki kiganiro Athanase Karayenga yasabye ko umukuru w’igihugu cy’u Burundi ya kwegura kandi ko mu gihe yanze kuva ku ngoma Abarundi atari abana bazamenya icyo gukora, kugira ngo batunganye igihugu cyabo Imana yabihereye.

Uyu munyamakuru yasobanuye ko perezida Evariste Ndayishimiye yemeye akava ku mwanya w’umukuru w’igihugu hari ibintu byinshi byohita bija ku murongo, ndetse kandi ibihugu by’Amahanga n’Abarundi bakamwubahira icyo gikorwa.

Nk’uko yarimo abisobanura yavuze ko igituma asaba Evariste Ndayishimiye kwegura, ngo n’uko yahemukiye iki gihugu, aho avuga ko Abarundi bakwiye ku byibazaho kugira ngo ba mweguze mu gihe yabyanze.

Athanase Karayenga muri iki kiganiro kandi yavuze ko perezida niyamara kwegura, Agatho Rwasa cyangwa Frederic Bavuginyumvira, umwe muribo yahita afata ubutegetsi, mu gihe cy’umvikanyweho nabose, maze hagategurwa amatora yo gutora perezida mushya.

Iki kiganiro cyabaye mu gihe igihugu cy’u Burundi cyugarijwe n’ibibazo bidasanzwe mu nzego ninshi kandi zitandukanye. Ahanini muri iki gihugu bafite ibibazo birimo ubukene, Inzara ndetse kandi kibuze n’ibikomoka kuri peteroli.

             MCN.
Tags: Athanase KarayengaEvariste NdayishimiyeKwegura
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ubutabera bw’u Bufaransa Bwatangije Iperereza ku Rupfu rw’Umukozi wa UNICEF Wishwe n’Igitero cy’Indege mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 13, 2026
0
Uvira: Abaturage Bashinja Wazalendo Kwica Umuturage, Ubwoba Bwakomeje Kwiyongera mu Burasirazuba bwa RDC

Ubutabera bw’u Bufaransa Bwatangije Iperereza ku Rupfu rw’Umukozi wa UNICEF Wishwe n’Igitero cy’Indege mu Burasirazuba bwa RDC Ubutabera bw’u Bufaransa bwatangaje ko bwatangiye iperereza ku cyaha gishobora kuba...

Read moreDetails

Amerika Yamaganye Ibitero byibasira Abasivile mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 13, 2026
0
U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni

Amerika Yamaganye Ibitero byibasira Abasivile mu Burasirazuba bwa RDC Igitero cya drone cyagabwe mu mujyi wa Goma, umurwa mukuru w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC

by Bahanda Bruce
March 12, 2026
0
U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC

U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko uburyo umuryango mpuzamahanga witwara ku ntambara iri kubera...

Read moreDetails

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

by Bahanda Bruce
March 11, 2026
0
Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Alain-Guillaume Bunyoni, yarekuwe nyuma yo kumara hafi imyaka...

Read moreDetails

U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni

by Bahanda Bruce
March 11, 2026
0
U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni

U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni Mu gihe umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ukomeje kuba ikibazo gikomeye ku...

Read moreDetails
Next Post
AFC ya Corneille Nangaa, yasusurukije abaturage ba turiye i Lubero mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

AFC ya Corneille Nangaa, yasusurukije abaturage ba turiye i Lubero mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?