Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bamwe mu bategetsi bo mu Gihugu Cy’u Bufaransa, bavuga rikijana, bivanze mu ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 29, 2024
in Regional Politics
0
Bamwe mu bategetsi bo mu Gihugu Cy’u Bufaransa, bavuga rikijana, bivanze mu ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ambasaderi w’i Gihugu cy’u Bufaransa muri Uganda, Xavier Sticker yatangaje ko M23 iterwa inkunga na Kigali.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni byo uyu ambasaderi w’u Bufaransa yatangaje kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 28/02/2024, ubwo yari mu kiganiro n’abanyamakuru, cya bereye mugace kitwa Nakasero, i Kampala ku murwa mukuru w’i Gihugu cya Uganda.

Ambasaderi Xavier Sticker, yavuze ko M23 igomba guhagarika intambara ako kanya kandi ikava mu turere twose irimo, hakurikijwe ibyemezo bya fatiwe mu biganiro by’i Luanda na Nairobi, ndetse ngo n’u Rwanda rukavana ingabo zabo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Yagize ati: “Turahamagarira u Rwanda guhagarika inkunga zose baha M23 no kuva mu turere twose irimo two muri RDC.”

U Rwanda rwagiye rushinjwa kenshi gutera inkunga u mutwe wa M23, gusa ibi u Rwanda ru bitera utwatsi hubwo bakavuga ko Kinshasa ikorana n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze Genocide mu Rwanda.

Muri icyo kiganiro cya ambasaderi Xavier Sticker yagiranye n’itangaza makuru i Kampala yavuze kandi ko u Bufaransa cyo kimwe n’ibindi bihugu by’u Burayi n’Amerika ko bashigikiye kunga impande zombi binyuze mu buryo bwa dipolomasi.

Ati: “U Bufaransa, n’ibindi bihugu by’u Burayi n’Amerika bashigikiye inzira ya mahoro binyuze mu biganiro bigamije gushakira ibisubizo amakimbirane akomeje gushinga imizi.”

Ibi ya bivuze mu gihe M23 iki genzura ibice byinshi biri mu nkengero z’u Mujyi wa Goma, uzwi nk’umurwa Mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ni mugihe kandi M23 igaragaza ubushobozi bwo kunesha ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, kuko mu mirwano yose barwana ntaho abarwana k’uruhande rwa leta barigera bavana M23 hubwo niyo ibirukana, bityo igakomeza gufata ibindi bice byegereye cyane u Mujyi wa Goma.

Intambara ya M23 n’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangiye mu mpera z’u mwaka w ‘2021, kugeza n’ubu baracyahangana.

                 MCN.
Tags: AmbasaderiXavier stickerYivanze mu ntambara ibera muri RDC
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Hatuhuwe ibindi byimbitse ku mugambi muremure wa Perezida Evariste Ndayishimiye na Tshisekedi wa RDC , wo gusiga u Rwanda icyaha.

Hatuhuwe ibindi byimbitse ku mugambi muremure wa Perezida Evariste Ndayishimiye na Tshisekedi wa RDC , wo gusiga u Rwanda icyaha.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?