• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bamwe mu bategetsi bo mu Gihugu Cy’u Bufaransa, bavuga rikijana, bivanze mu ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.

minebwenews by minebwenews
February 29, 2024
in Regional Politics
0
Bamwe mu bategetsi bo mu Gihugu Cy’u Bufaransa, bavuga rikijana, bivanze mu ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ambasaderi w’i Gihugu cy’u Bufaransa muri Uganda, Xavier Sticker yatangaje ko M23 iterwa inkunga na Kigali.

You might also like

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Ni byo uyu ambasaderi w’u Bufaransa yatangaje kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 28/02/2024, ubwo yari mu kiganiro n’abanyamakuru, cya bereye mugace kitwa Nakasero, i Kampala ku murwa mukuru w’i Gihugu cya Uganda.

Ambasaderi Xavier Sticker, yavuze ko M23 igomba guhagarika intambara ako kanya kandi ikava mu turere twose irimo, hakurikijwe ibyemezo bya fatiwe mu biganiro by’i Luanda na Nairobi, ndetse ngo n’u Rwanda rukavana ingabo zabo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Yagize ati: “Turahamagarira u Rwanda guhagarika inkunga zose baha M23 no kuva mu turere twose irimo two muri RDC.”

U Rwanda rwagiye rushinjwa kenshi gutera inkunga u mutwe wa M23, gusa ibi u Rwanda ru bitera utwatsi hubwo bakavuga ko Kinshasa ikorana n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze Genocide mu Rwanda.

Muri icyo kiganiro cya ambasaderi Xavier Sticker yagiranye n’itangaza makuru i Kampala yavuze kandi ko u Bufaransa cyo kimwe n’ibindi bihugu by’u Burayi n’Amerika ko bashigikiye kunga impande zombi binyuze mu buryo bwa dipolomasi.

Ati: “U Bufaransa, n’ibindi bihugu by’u Burayi n’Amerika bashigikiye inzira ya mahoro binyuze mu biganiro bigamije gushakira ibisubizo amakimbirane akomeje gushinga imizi.”

Ibi ya bivuze mu gihe M23 iki genzura ibice byinshi biri mu nkengero z’u Mujyi wa Goma, uzwi nk’umurwa Mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ni mugihe kandi M23 igaragaza ubushobozi bwo kunesha ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, kuko mu mirwano yose barwana ntaho abarwana k’uruhande rwa leta barigera bavana M23 hubwo niyo ibirukana, bityo igakomeza gufata ibindi bice byegereye cyane u Mujyi wa Goma.

Intambara ya M23 n’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangiye mu mpera z’u mwaka w ‘2021, kugeza n’ubu baracyahangana.

                 MCN.
Tags: AmbasaderiXavier stickerYivanze mu ntambara ibera muri RDC
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo Guverinoma y'u Rwanda yamaganiye kure imvugo bamwe mu bagize guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo bashinje...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails
Next Post
Hatuhuwe ibindi byimbitse ku mugambi muremure wa Perezida Evariste Ndayishimiye na Tshisekedi wa RDC , wo gusiga u Rwanda icyaha.

Hatuhuwe ibindi byimbitse ku mugambi muremure wa Perezida Evariste Ndayishimiye na Tshisekedi wa RDC , wo gusiga u Rwanda icyaha.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?