• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, July 26, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hatuhuwe ibindi byimbitse ku mugambi muremure wa Perezida Evariste Ndayishimiye na Tshisekedi wa RDC , wo gusiga u Rwanda icyaha.

minebwenews by minebwenews
February 29, 2024
in Regional Politics
0
Hatuhuwe ibindi byimbitse ku mugambi muremure wa Perezida Evariste Ndayishimiye na Tshisekedi wa RDC , wo gusiga u Rwanda icyaha.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Imbonerakure zirenda kw’itwa Red Tabara.

You might also like

Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC

Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y’u Rwanda na Uganda

RDC: Ubumwe bw’u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h’Igihugu

Ni byatangajwe na Radio La voix du Grand Lacs, aho yatangaje ko ubutegetsi bw’i Gihugu cy’u Burundi ko burimo gutegura bukoresheje amayeri yogufata urubyiruko rw’ibumbiye mu mbonerakure kugira bahabwe amafaranga maze ba bereke abarundi n’amahanga ko ari abarwanyi ba Red Tabara ko kandi batojwe n’igisirikare cy’u Rwanda ( RDF).

Iy’i radio ikavuga ko ayo mayeri ko arimo gutegurwa n’iperereza ry’igisirikare cy’u Burundi, ku bufasha bwa perezida w’icyo gihugu, Evariste Ndayishimiye ko kandi uwo mugambi ari muremure.

Radio Voix du Grand Lacs, ikomeza ivuga ko uwo mugambi wo gutegura insore sore zo mu ishyaka rya CNDD FDD, bazwi nk’imbonerakure ko Evariste Ndayishimiye awufatikanijemo na perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, ugize igihe ashinja u Rwanda kuba ari rwo nyiribayazana w’intambara mu Burasirazuba bwa RDC.

Aba bakuru bi bihugu byombi batangiye kwihuza mu ntangiriro z’umwaka w’2022, ahagana mu kwezi kwa 5, nyuma y’uruzinduko Tshisekedi yagiriye mu gihugu cy’u Burundi amara yo iminsi ibiri.

Urwo ruzinduko rwa Tshisekedi i Bujumbura, nyuma yaho gato, hakurikiyeho kohereza abasirikare b’u Burundi mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, bahurizwa hamwe na FARDC baza kurema umutwe w’Ingabo wiswe TAFOC.

Kugeza ubu aba bakuru bi bihugu byombi, uwu Burundi n’uwa Congo Kinshasa, bahuriye mu mugambi wo gutegura kuvanaho ubutegetsi bwa Kigali, maze ngo bagashiraho ubundi butegetsi bushya, nk’uko bigenda bigarukwaho kenshi na perezida Félix Tshisekedi na mugenzi we w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye.

Kimwe ho ibihugu byo mu Burayi n’Amerika, biheruka guha i Nama umukuru w’igihugu cya RDC, Félix Tshisekedi ko agomba kumenya ko igisubizo cya gisirikare kidatanga igisubizo cya mahoro ko ahubwo agomba gushira ibiganiro imbere kuruta gukoresha intambara.

RDC ishinja Kigali gufasha u mutwe wa M23, mu gihe u Burundi nabwo bushinja u Rwanda guha icyumbi no gufasha umutwe wa Red Tabara, urwanya ubutegetsi bwa Gitega.

U Rwanda ruheruka gutangaza ko nta mutwe n’umwe w’inyeshamba ugira icyo uhuriyeho n’u butegetsi bw’u Rwanda, hubwo bavuga ko ubutegetsi bwa Kinshasa na Gitega ko aribo bakorana na FDLR irimo abasize bakoze Genocide mu Rwanda.

                    MCN.
Tags: Evariste NdayishimiyeGusiga icyaha u RwandaUmugambi wa Tshisekedi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC

by Bahanda Bruce
July 26, 2026
0
Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC

Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mobutu Sese Seko ni umwe mu bategetsi...

Read moreDetails

Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y’u Rwanda na Uganda

by Bahanda Bruce
July 26, 2026
0
Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y’u Rwanda na Uganda

Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y'u Rwanda na Uganda MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN)...

Read moreDetails

RDC: Ubumwe bw’u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h’Igihugu

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
RDC: Ubumwe bw’u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h’Igihugu

RDC: Ubumwe bw'u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h'Igihugu MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Ubumwe bw'u Burayi (European Union – EU)...

Read moreDetails

L’ONU Met en Lumière les Causes Profondes de la Crise en RDC : La Mauvaise Gouvernance et l’Exploitation des Ressources Naturelles Alimentent Toujours les Conflits

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

L’ONU Met en Lumière les Causes Profondes de la Crise en RDC : La Mauvaise Gouvernance et l’Exploitation des Ressources Naturelles Alimentent Toujours les Conflits MINEMBWE CAPITAL NEWS...

Read moreDetails

ADF Yongeye Kumena Amaraso: Abasivili Bishwe Bunyamaswa mu Gace Kagenzurwa na FARDC, Mu gihe Aho MRDP-Twirwaneho na AFC/M23 Bagenzura Hakomeje Kurangwa Umutekano

by Bahanda Bruce
July 23, 2026
0
ADF Yongeye Kumena Amaraso: Abasivili Bishwe Bunyamaswa mu Gace Kagenzurwa na FARDC, Mu gihe Aho MRDP-Twirwaneho na AFC/M23 Bagenzura Hakomeje Kurangwa Umutekano

ADF Yongeye Kumena Amaraso: Abasivili Bishwe Bunyamaswa mu Gace Kagenzurwa na FARDC, Mu gihe Aho MRDP-Twirwaneho na AFC/M23 Bagenzura Hakomeje Kurangwa Umutekano MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gitondo...

Read moreDetails
Next Post
Umuryango w’u bumwe bw’ibihugu by’u Burayi, werekanye uko buhagaze ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.

Umuryango w'u bumwe bw'ibihugu by'u Burayi, werekanye uko buhagaze ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?