Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Barack Obama mu rugendo rwo kwamamaza Kamala Harris.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 25, 2024
in Regional Politics
0
Barack Obama mu rugendo rwo kwamamaza Kamala Harris.
84
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Barack Obama ari kwamamaza Kamala Harris.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Barack Obama wahoze ari perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, akomeje urugendo rwo gukundisha Abanyamerika, Kamala Harris uwo bahuriye mu ishyaka ry’Abademokarate.

Uyu Kamala Harris niwe uri guhatanira umwanya w’umukuru w’igihugu cya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, aho ahanganye na Donald Trump usanzwe ari uwo mu ishyaka ry’Abarepubulika.

Gusa, Kamala Harris ari guhabwa amahirwe menshi yo kuyobora iki gihugu cya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Ariko kandi ku rundi ruhande, benshi bavuga ko Kamala ashobora kutazatsinda aya matora bivanye n’uburyo imyanya itangwa muri iki gihugu cy’igihangange cya Amerika, dore ko Joe Biden uyuboye iki gihugu ari umu Demokarate kimwe na Kamala wari umwungirije na Barack Obama ushigikiye Kamala Harris, bityo mu buryo bwo gusangira ubutegetsi Donald Trump agahabwa aya mahirwe.

Barack Obama uri kwamamaza Kamala Harris yabaye perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika wa 44 kuva mu 2009 kugeza muri 2017. Yari yungirijwe na Joe Biden uyuboye iki gihugu kuri uyu munsi, akaba ashobora gusimburwa na Harris Kamala ushyigikiwe na Barack Obama mu gihe Donald Trump we ashigikiwe na Elon Musk nyiri Spaceship, Al n’urubuga rwa x.

Donald Trump yabaye perezida wa 45 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika asimbuye Barack Obama nawe asimburwa na Joe Biden wa 46 uzajyaho azaba uwa 47.

           MCN.
Tags: AmerikaBarack ObamaKwamamazaMu rugendo
Share34Tweet21Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Tshisekedi yavuze umwanzi ahanganye nawe byanyabyo.

Perezida Tshisekedi yavuze umwanzi ahanganye nawe byanyabyo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?