Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Benshi mu basirikare b’u Burundi, barigucyurwa bavanwa RDC bafunzwe.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 11, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abasirikare b’u Burundi ba barirwa muri magana ane(400), biravugwa ko bacyuwe bavanwe mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo ndetse ko bamaze kugezwa i Bujumbura, mu gihugu c’u Burundi.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni nyuma y’uko bariya basirikare bari bigumuye ku buyobozi bwabo bw’Ingabo, aho byavuzwe ko banze kwifatanya na FARDC, FDLR na Wazalendo kurwanya M23.

Nk’uko Pacifique Nininahazwe, umwanditsi w’umurundi akaba n’umuyobozi w’umuryango wa FOCODE, utabariza abarundi benewabo ba ba baburiwe irengero, aheruka kubitangaza yavuze ko bariya basirikare b’u Burundi bavugako “badakomeza gupfira ubusa, intambara bo babona nk’intambara za mafuti.”

Kimweho uyu Pacifique Nininahazwe, kuri uyu wo ku Cyumweru, tariki 10/12/2023, yatangaje ko abasirikare b’u Burundi bavanwe i Goma, bambaye umwambaro w’igisirikare ca FARDC ba barirwa ku 147 bashitse i Bujumbura barafungwa aho yanahise atangaza ko bafungiwe mw’iperereza, bazira kuba baranze kurwanya M23.

Yanakomeje avuga ko k’uwa Gatanu, tariki 08/12/2023, Brigadier General Elie Ndizeye, wa mamaye kw’izina rya Muzinga, uyoboye ingabo za TAFOC (Ingabo z’u Burundi zoherejwe mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo), ko yagaragaye atongana n’ingabo ze zanze kuja kurwana na M23. Gen Muzinga igihe kimwe aba ari umusirikare w’u Burundi wo mungabo za EACRF ikindi gihe abari umusirikare uyoboye ingabo zo mu mutwe wa TAFOC.

Harandi makuru ahamya ko k’umunsi w’ejo hashize tariki 10/12/2023, ko Ingabo z’u Burundi za cyuwe ni mugihe herekanwe video igaragaza amakamyo atanu arimo abasirikare benshi barimo bavanwa mu Burasirazuba bw’iki gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo, bakambutswa iwabo mu gihugu c’u Burundi.

Muri bimwe bya babaje abasirikare b’u Burundi nk’uko Pacifique Nininahazwe, yabivuze n’uko ngo aba basirikare bajanwa k’urugamba bambaye umwambaro w’igisirikare ca RDC n’ibendera ry’igihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Bamwe muri aba basirikare bishwe bambaye uriya mwambaro abandi ba buriwe irengero.

Ibi yabyise ngo ni “Uguhemukirwa.”

Bruce Bahanda.

Tags: Benshi mu basirikare b'u Burundi barigucyurwa bavanwa RDC bafunzweBujumburaMu Burasirazuba bwa RDC
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post

Kandida Tshisekedi, waherukaga i Goma, arikumwe na Paul Kagame umukuru w'igihugu c'u Rwanda, kumunsi w'ejo y'umvikanye amutunga urutoki.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?