• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Benshi mu basirikare b’u Burundi, barigucyurwa bavanwa RDC bafunzwe.

minebwenews by minebwenews
December 11, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abasirikare b’u Burundi ba barirwa muri magana ane(400), biravugwa ko bacyuwe bavanwe mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo ndetse ko bamaze kugezwa i Bujumbura, mu gihugu c’u Burundi.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni nyuma y’uko bariya basirikare bari bigumuye ku buyobozi bwabo bw’Ingabo, aho byavuzwe ko banze kwifatanya na FARDC, FDLR na Wazalendo kurwanya M23.

Nk’uko Pacifique Nininahazwe, umwanditsi w’umurundi akaba n’umuyobozi w’umuryango wa FOCODE, utabariza abarundi benewabo ba ba baburiwe irengero, aheruka kubitangaza yavuze ko bariya basirikare b’u Burundi bavugako “badakomeza gupfira ubusa, intambara bo babona nk’intambara za mafuti.”

Kimweho uyu Pacifique Nininahazwe, kuri uyu wo ku Cyumweru, tariki 10/12/2023, yatangaje ko abasirikare b’u Burundi bavanwe i Goma, bambaye umwambaro w’igisirikare ca FARDC ba barirwa ku 147 bashitse i Bujumbura barafungwa aho yanahise atangaza ko bafungiwe mw’iperereza, bazira kuba baranze kurwanya M23.

Yanakomeje avuga ko k’uwa Gatanu, tariki 08/12/2023, Brigadier General Elie Ndizeye, wa mamaye kw’izina rya Muzinga, uyoboye ingabo za TAFOC (Ingabo z’u Burundi zoherejwe mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo), ko yagaragaye atongana n’ingabo ze zanze kuja kurwana na M23. Gen Muzinga igihe kimwe aba ari umusirikare w’u Burundi wo mungabo za EACRF ikindi gihe abari umusirikare uyoboye ingabo zo mu mutwe wa TAFOC.

Harandi makuru ahamya ko k’umunsi w’ejo hashize tariki 10/12/2023, ko Ingabo z’u Burundi za cyuwe ni mugihe herekanwe video igaragaza amakamyo atanu arimo abasirikare benshi barimo bavanwa mu Burasirazuba bw’iki gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo, bakambutswa iwabo mu gihugu c’u Burundi.

Muri bimwe bya babaje abasirikare b’u Burundi nk’uko Pacifique Nininahazwe, yabivuze n’uko ngo aba basirikare bajanwa k’urugamba bambaye umwambaro w’igisirikare ca RDC n’ibendera ry’igihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Bamwe muri aba basirikare bishwe bambaye uriya mwambaro abandi ba buriwe irengero.

Ibi yabyise ngo ni “Uguhemukirwa.”

Bruce Bahanda.

Tags: Benshi mu basirikare b'u Burundi barigucyurwa bavanwa RDC bafunzweBujumburaMu Burasirazuba bwa RDC
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post

Kandida Tshisekedi, waherukaga i Goma, arikumwe na Paul Kagame umukuru w'igihugu c'u Rwanda, kumunsi w'ejo y'umvikanye amutunga urutoki.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?