• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bidasubirwaho ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa ryishe abaturage kandi riranabasenyera mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

minebwenews by minebwenews
May 28, 2024
in Regional Politics
0
Bidasubirwaho ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa ryishe abaturage kandi riranabasenyera mu Ntara ya Kivu Yaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umutwe wa M23 washinje ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokorasi ya Congo kwica abaturage bo mu bice bya teritwari ya Rutshuru, mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni bikubiye mu butumwa umuvugizi wa M23 mu bya politiki, Lawrence Kanyuka yashize hanze ku mu goroba wo ku wa Mbere tariki ya 27/05/2024.

Ubutumwa bwa Lawrence Kanyuka buvuga ko Ingabo zi rwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa zishe zirashe abaturage ba basivile umunani bo mu gace ka Kikuku kandi bakomeretsa abandi icyenda.

Yanavuze ko ibyo byabaye ahagana isaha z’u mugoroba wajoro wo kuri uyu wa Mbere.

Nk’uko yabisobanuye muri ubwo butumwa, yavuze ko iri huriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokorasi ya Congo ryakoresheje kurasa ibisasu biremereye i Kikuku, muri ubwo buryo birangira bihitanye abasivile.

Ubu butumwa bunavuga ko ibi bisasu byatewe n’u ruhande rwa leta ya perezida Félix Tshisekedi ko bitaguye gusa mu gace ka Kikuku ko ahubwo byageze no mu nkengero zaka gace kandi bigira ibintu byinshi byangirije harimo ko byangirije n’inyubako z’abaturage ndetse bisenya n’amazu agera kuri ane y’aba baturage babasivile.

Ubutumwa bwa Lawrence Kanyuka bukomeza buvuga ko Ingabo za SADC, FARDC, Wazalendo, ingabo z’u Burundi na FDLR ko aribo barinyuma y’ubu bugizi bwanabi.

Ubutumwa bwa Lawrence Kanyuka busoza buvuga ko M23 yamaganye y’ivuye inyuma ubwicanyi ihuriro ry’Ingabo za RDC zikorera abasivile; igasaba kandi ko iri huriro ry’ingabo za Repubulika ya demokorasi ya Congo ryaryozwa ibyaha rigize igihe rikorera abaturage ba Banyekongo ahanini mu Burasirazuba bwa bw’iki gihugu.

             MCN.
Tags: Ihuriro ry'Ingabo za RDCKikukuRyishe abaturage
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Lt General Alain Guillaume Bunyoni wabayeho minisitiri w’intebe mu Burundi, mu rubanza yeteye utwatsi ibyaha byose aregwa.

Lt General Alain Guillaume Bunyoni wabayeho minisitiri w'intebe mu Burundi, mu rubanza yeteye utwatsi ibyaha byose aregwa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?