• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bidasubirwaho perezida Biden w’Amerika, yasabwe guhagarika ibikowa byo kwiyamamaza.

minebwenews by minebwenews
July 21, 2024
in Regional Politics
0
Bidasubirwaho perezida Biden w’Amerika, yasabwe guhagarika ibikowa byo kwiyamamaza.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bidasubirwaho perezida Biden wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yasabwe guhagarika ibikowa byo kwiyamamaza.

You might also like

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

Ishyaka rya ba Democrates, ari ryo Joe Biden abarizwamo, abagize inteko 35 bamusabye kuvana kandidatire ye mu matora y’umukuru w’igihugu, agasimburwa na visi perezida Kamara Harris.

Amakuru avuga ko muri aba bayoboke bishyaka riri ku butegetsi harimo abagera kuri 13 bafashe icyemezo cyo gusaba perezida Joe Biden byanga byakunda kuva muri iri hatana, ahanini ngo aba bafashe iki cyemezo ni ababa hafi ya Nancy Pelosi wabaye perezida w’inteko ishinga mategeko y’iki gihugu cya leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Abasenateri bane bo muri iri shyaka ni bo bamaze gusaba perezida kwivana mu kwiyamamaza ku mwanya w’umukuru w’igihugu. Aba barimo Sherrod Brown ushaka kongera guhagararira leta ya Ohio mu nteko, Peter Welch wo muri Vermont, Martin Heinrich wo muri New Mexico na John Tester wo muri Montana.

Seneteri Brown yagize ati: “Ndemeranya n’abo muri Ohio benshi bangejejejo ibitekerezo. Muri ibi bihe bikomeye, dukwiriye kwivana kuri ibi bibazo bikomeye. Ntekereza ko perezida Biden akwiye guhagarika ihatana.”

Abenshi mu bakomeye bo muri iri shyaka rya ba Democrates bari kubisaba bwana Joe Biden nyuma yaho Donald Trump amutsindiye mu kiganiro mpaka cyabereye kuri televisiyo ya CNN tariki ya 28/06/2024.

Ahanini muri iki kiganiro Biden yakigaragarijemo intege nke, bihita bigaragaza ko ashaje. Aho yitiranije abantu n’ibintu no kunanirwa kurira ingazi z’indege y’umukuru w’igihugu.

Ubwo perezida Joe Biden yari akomeje gushyirwaho igitutu, yanenze abakomeje ubu bukangurambaga, abasubiza ko adateze kuva mu mu ihatana. Yavuze ko afite imbaraga zo guhatana na Trump kandi akamutsinda, akayobora Amerika neza kurusha undi wese.

Mu gihe umubare w’abagize inteko y’abo mu ishyaka ry’Abademocrates bamusaba kwikura muri aya matora nawo uragenda wiyongera, televisiyo ya NBC yatangaje ko ifite amakuru yahawe ko Joe Biden agereranwa n’abagambanyi mu gihe yo kwanga kuva mu ihatana.

Amatora muri Amerika ateganyijwe ko mu kwezi kwa Cumi n’umwe uyu mwaka w’ 2024. Ariko Donald Trump wahoze ari perezida w’Amerika niwe uriguhabwa amahirwe yo kuzegukana intsinzi.

            MCN.
Tags: Amatora y'u mukuru w'igihuguJoe Biden yasabwe guhagarika ihatana
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Bubiligi, u Bufaransa,...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano? Perezida Évariste Ndayishimiye yagaragaje amagambo akomeye igihe...

Read moreDetails

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails
Next Post
Hagaragajwe uburyo bwa fasha abantu kwiteza imbere.

Hagaragajwe uburyo bwa fasha abantu kwiteza imbere.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?