• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bidasubirwaho perezida Biden w’Amerika, yasabwe guhagarika ibikowa byo kwiyamamaza.

minebwenews by minebwenews
July 21, 2024
in Regional Politics
0
Bidasubirwaho perezida Biden w’Amerika, yasabwe guhagarika ibikowa byo kwiyamamaza.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bidasubirwaho perezida Biden wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yasabwe guhagarika ibikowa byo kwiyamamaza.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Ishyaka rya ba Democrates, ari ryo Joe Biden abarizwamo, abagize inteko 35 bamusabye kuvana kandidatire ye mu matora y’umukuru w’igihugu, agasimburwa na visi perezida Kamara Harris.

Amakuru avuga ko muri aba bayoboke bishyaka riri ku butegetsi harimo abagera kuri 13 bafashe icyemezo cyo gusaba perezida Joe Biden byanga byakunda kuva muri iri hatana, ahanini ngo aba bafashe iki cyemezo ni ababa hafi ya Nancy Pelosi wabaye perezida w’inteko ishinga mategeko y’iki gihugu cya leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Abasenateri bane bo muri iri shyaka ni bo bamaze gusaba perezida kwivana mu kwiyamamaza ku mwanya w’umukuru w’igihugu. Aba barimo Sherrod Brown ushaka kongera guhagararira leta ya Ohio mu nteko, Peter Welch wo muri Vermont, Martin Heinrich wo muri New Mexico na John Tester wo muri Montana.

Seneteri Brown yagize ati: “Ndemeranya n’abo muri Ohio benshi bangejejejo ibitekerezo. Muri ibi bihe bikomeye, dukwiriye kwivana kuri ibi bibazo bikomeye. Ntekereza ko perezida Biden akwiye guhagarika ihatana.”

Abenshi mu bakomeye bo muri iri shyaka rya ba Democrates bari kubisaba bwana Joe Biden nyuma yaho Donald Trump amutsindiye mu kiganiro mpaka cyabereye kuri televisiyo ya CNN tariki ya 28/06/2024.

Ahanini muri iki kiganiro Biden yakigaragarijemo intege nke, bihita bigaragaza ko ashaje. Aho yitiranije abantu n’ibintu no kunanirwa kurira ingazi z’indege y’umukuru w’igihugu.

Ubwo perezida Joe Biden yari akomeje gushyirwaho igitutu, yanenze abakomeje ubu bukangurambaga, abasubiza ko adateze kuva mu mu ihatana. Yavuze ko afite imbaraga zo guhatana na Trump kandi akamutsinda, akayobora Amerika neza kurusha undi wese.

Mu gihe umubare w’abagize inteko y’abo mu ishyaka ry’Abademocrates bamusaba kwikura muri aya matora nawo uragenda wiyongera, televisiyo ya NBC yatangaje ko ifite amakuru yahawe ko Joe Biden agereranwa n’abagambanyi mu gihe yo kwanga kuva mu ihatana.

Amatora muri Amerika ateganyijwe ko mu kwezi kwa Cumi n’umwe uyu mwaka w’ 2024. Ariko Donald Trump wahoze ari perezida w’Amerika niwe uriguhabwa amahirwe yo kuzegukana intsinzi.

            MCN.
Tags: Amatora y'u mukuru w'igihuguJoe Biden yasabwe guhagarika ihatana
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Hagaragajwe uburyo bwa fasha abantu kwiteza imbere.

Hagaragajwe uburyo bwa fasha abantu kwiteza imbere.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?