Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bidasubirwaho perezida Biden w’Amerika, yasabwe guhagarika ibikowa byo kwiyamamaza.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 21, 2024
in Regional Politics
0
Bidasubirwaho perezida Biden w’Amerika, yasabwe guhagarika ibikowa byo kwiyamamaza.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bidasubirwaho perezida Biden wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yasabwe guhagarika ibikowa byo kwiyamamaza.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Ishyaka rya ba Democrates, ari ryo Joe Biden abarizwamo, abagize inteko 35 bamusabye kuvana kandidatire ye mu matora y’umukuru w’igihugu, agasimburwa na visi perezida Kamara Harris.

Amakuru avuga ko muri aba bayoboke bishyaka riri ku butegetsi harimo abagera kuri 13 bafashe icyemezo cyo gusaba perezida Joe Biden byanga byakunda kuva muri iri hatana, ahanini ngo aba bafashe iki cyemezo ni ababa hafi ya Nancy Pelosi wabaye perezida w’inteko ishinga mategeko y’iki gihugu cya leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Abasenateri bane bo muri iri shyaka ni bo bamaze gusaba perezida kwivana mu kwiyamamaza ku mwanya w’umukuru w’igihugu. Aba barimo Sherrod Brown ushaka kongera guhagararira leta ya Ohio mu nteko, Peter Welch wo muri Vermont, Martin Heinrich wo muri New Mexico na John Tester wo muri Montana.

Seneteri Brown yagize ati: “Ndemeranya n’abo muri Ohio benshi bangejejejo ibitekerezo. Muri ibi bihe bikomeye, dukwiriye kwivana kuri ibi bibazo bikomeye. Ntekereza ko perezida Biden akwiye guhagarika ihatana.”

Abenshi mu bakomeye bo muri iri shyaka rya ba Democrates bari kubisaba bwana Joe Biden nyuma yaho Donald Trump amutsindiye mu kiganiro mpaka cyabereye kuri televisiyo ya CNN tariki ya 28/06/2024.

Ahanini muri iki kiganiro Biden yakigaragarijemo intege nke, bihita bigaragaza ko ashaje. Aho yitiranije abantu n’ibintu no kunanirwa kurira ingazi z’indege y’umukuru w’igihugu.

Ubwo perezida Joe Biden yari akomeje gushyirwaho igitutu, yanenze abakomeje ubu bukangurambaga, abasubiza ko adateze kuva mu mu ihatana. Yavuze ko afite imbaraga zo guhatana na Trump kandi akamutsinda, akayobora Amerika neza kurusha undi wese.

Mu gihe umubare w’abagize inteko y’abo mu ishyaka ry’Abademocrates bamusaba kwikura muri aya matora nawo uragenda wiyongera, televisiyo ya NBC yatangaje ko ifite amakuru yahawe ko Joe Biden agereranwa n’abagambanyi mu gihe yo kwanga kuva mu ihatana.

Amatora muri Amerika ateganyijwe ko mu kwezi kwa Cumi n’umwe uyu mwaka w’ 2024. Ariko Donald Trump wahoze ari perezida w’Amerika niwe uriguhabwa amahirwe yo kuzegukana intsinzi.

            MCN.
Tags: Amatora y'u mukuru w'igihuguJoe Biden yasabwe guhagarika ihatana
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Hagaragajwe uburyo bwa fasha abantu kwiteza imbere.

Hagaragajwe uburyo bwa fasha abantu kwiteza imbere.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?