• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bidasubirwaho perezida Biden w’Amerika, yasabwe guhagarika ibikowa byo kwiyamamaza.

minebwenews by minebwenews
July 21, 2024
in Regional Politics
0
Bidasubirwaho perezida Biden w’Amerika, yasabwe guhagarika ibikowa byo kwiyamamaza.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bidasubirwaho perezida Biden wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yasabwe guhagarika ibikowa byo kwiyamamaza.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ishyaka rya ba Democrates, ari ryo Joe Biden abarizwamo, abagize inteko 35 bamusabye kuvana kandidatire ye mu matora y’umukuru w’igihugu, agasimburwa na visi perezida Kamara Harris.

Amakuru avuga ko muri aba bayoboke bishyaka riri ku butegetsi harimo abagera kuri 13 bafashe icyemezo cyo gusaba perezida Joe Biden byanga byakunda kuva muri iri hatana, ahanini ngo aba bafashe iki cyemezo ni ababa hafi ya Nancy Pelosi wabaye perezida w’inteko ishinga mategeko y’iki gihugu cya leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Abasenateri bane bo muri iri shyaka ni bo bamaze gusaba perezida kwivana mu kwiyamamaza ku mwanya w’umukuru w’igihugu. Aba barimo Sherrod Brown ushaka kongera guhagararira leta ya Ohio mu nteko, Peter Welch wo muri Vermont, Martin Heinrich wo muri New Mexico na John Tester wo muri Montana.

Seneteri Brown yagize ati: “Ndemeranya n’abo muri Ohio benshi bangejejejo ibitekerezo. Muri ibi bihe bikomeye, dukwiriye kwivana kuri ibi bibazo bikomeye. Ntekereza ko perezida Biden akwiye guhagarika ihatana.”

Abenshi mu bakomeye bo muri iri shyaka rya ba Democrates bari kubisaba bwana Joe Biden nyuma yaho Donald Trump amutsindiye mu kiganiro mpaka cyabereye kuri televisiyo ya CNN tariki ya 28/06/2024.

Ahanini muri iki kiganiro Biden yakigaragarijemo intege nke, bihita bigaragaza ko ashaje. Aho yitiranije abantu n’ibintu no kunanirwa kurira ingazi z’indege y’umukuru w’igihugu.

Ubwo perezida Joe Biden yari akomeje gushyirwaho igitutu, yanenze abakomeje ubu bukangurambaga, abasubiza ko adateze kuva mu mu ihatana. Yavuze ko afite imbaraga zo guhatana na Trump kandi akamutsinda, akayobora Amerika neza kurusha undi wese.

Mu gihe umubare w’abagize inteko y’abo mu ishyaka ry’Abademocrates bamusaba kwikura muri aya matora nawo uragenda wiyongera, televisiyo ya NBC yatangaje ko ifite amakuru yahawe ko Joe Biden agereranwa n’abagambanyi mu gihe yo kwanga kuva mu ihatana.

Amatora muri Amerika ateganyijwe ko mu kwezi kwa Cumi n’umwe uyu mwaka w’ 2024. Ariko Donald Trump wahoze ari perezida w’Amerika niwe uriguhabwa amahirwe yo kuzegukana intsinzi.

            MCN.
Tags: Amatora y'u mukuru w'igihuguJoe Biden yasabwe guhagarika ihatana
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Hagaragajwe uburyo bwa fasha abantu kwiteza imbere.

Hagaragajwe uburyo bwa fasha abantu kwiteza imbere.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?