Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bill Clinton wahoze ari perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, ari muzitabira kwibuka ku nshuro ya 30, genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 4, 2024
in Regional Politics
0
Bill Clinton wahoze ari perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, ari muzitabira kwibuka ku nshuro ya 30, genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uwahoze ari perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Bill Clinton ari mu bazitabira kwibuka ku nshuro ya 30 genocide ya korewe Abatutsi mu Rwanda.

You might also like

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Ni ukuva ku Cyumweru tariki ya 07/04/2024, n’ibwo u Rwanda n’isi yose muri rusange bazatangira kwibuka ku nshuro ya 30 genocide yakorewe Abatutsi.

Nk’uko bikomeje gutangazwa mu binyamakuru bitandukanye bya vuzwe ko Perezida wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika Joe Biden ariwe wagenye Bill Clinton ku muhagararira muri uwo muhango.

Bill Clinton ya yoboye Amerika hagati ya 1993 na 2001. Akazaba ayoboye intumwa zirimo Ambasaderi wa Amerika mu Rwanda, Eric Kneedler, harimo n’abandi bazaba bari muri iryo tsinda nka Mary Catherine Phee, usanzwe ari umunyamabanga wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika w’u ngirije mu biro bishinzwe Afrika.

Harimo kandi Casey Redmon usanzwe ari umukozi mu biro by’u mukuru w’igihugu muri Amerika ushinzwe ibijyanye n’amategeko mu kanama gashinzwe umutekano w’i gihugu.

Abandi bazaba bahari ni monde Muyangwa, ukora mu biro bishinzwe Afrika mu ishamyi rya Amerika rishinzwe iterambere, USAID.

Uru rukazaba ari uruzinduko rwa Gatatu Bill Clinton agiye kugurira mu Rwanda. Urwa mbere rwabaye mu 1998 akiri perezida, urwa kabiri ruba mu 2013 aha yari yamaze kuva ku butegetsi.

          MCN.
Tags: AbatutsiAri mubazitabiraBill ClintonGenocideKu ibuka ku nshuro ya 30mu Rwanda
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails
Next Post
Abanyekongo basabwe kutagira icyo bategereza ku butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, ninyuma y’uko Gatolika irebana ayingwe n’ubwo butegetsi.

Abanyekongo basabwe kutagira icyo bategereza ku butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, ninyuma y'uko Gatolika irebana ayingwe n'ubwo butegetsi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?