• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, March 23, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bill Clinton wahoze ari perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, ari muzitabira kwibuka ku nshuro ya 30, genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda.

minebwenews by minebwenews
April 4, 2024
in Regional Politics
0
Bill Clinton wahoze ari perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, ari muzitabira kwibuka ku nshuro ya 30, genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uwahoze ari perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Bill Clinton ari mu bazitabira kwibuka ku nshuro ya 30 genocide ya korewe Abatutsi mu Rwanda.

You might also like

Abimukira b’Abarundi n’Abanye-Congo bapfiriye mu rugendo rushyira ubuzima bwabo mu kaga

Imvura Yateje Imyuzure i Nateete i Kampala

Rugoboza David Yandikiye Umunyamabanga Mukuru wa LONI Asaba Ingamba Zikomeye zo Kurinda Abasivili

Ni ukuva ku Cyumweru tariki ya 07/04/2024, n’ibwo u Rwanda n’isi yose muri rusange bazatangira kwibuka ku nshuro ya 30 genocide yakorewe Abatutsi.

Nk’uko bikomeje gutangazwa mu binyamakuru bitandukanye bya vuzwe ko Perezida wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika Joe Biden ariwe wagenye Bill Clinton ku muhagararira muri uwo muhango.

Bill Clinton ya yoboye Amerika hagati ya 1993 na 2001. Akazaba ayoboye intumwa zirimo Ambasaderi wa Amerika mu Rwanda, Eric Kneedler, harimo n’abandi bazaba bari muri iryo tsinda nka Mary Catherine Phee, usanzwe ari umunyamabanga wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika w’u ngirije mu biro bishinzwe Afrika.

Harimo kandi Casey Redmon usanzwe ari umukozi mu biro by’u mukuru w’igihugu muri Amerika ushinzwe ibijyanye n’amategeko mu kanama gashinzwe umutekano w’i gihugu.

Abandi bazaba bahari ni monde Muyangwa, ukora mu biro bishinzwe Afrika mu ishamyi rya Amerika rishinzwe iterambere, USAID.

Uru rukazaba ari uruzinduko rwa Gatatu Bill Clinton agiye kugurira mu Rwanda. Urwa mbere rwabaye mu 1998 akiri perezida, urwa kabiri ruba mu 2013 aha yari yamaze kuva ku butegetsi.

          MCN.
Tags: AbatutsiAri mubazitabiraBill ClintonGenocideKu ibuka ku nshuro ya 30mu Rwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abimukira b’Abarundi n’Abanye-Congo bapfiriye mu rugendo rushyira ubuzima bwabo mu kaga

by Bahanda Bruce
March 22, 2026
0
Abimukira b’Abarundi n’Abanye-Congo bapfiriye mu rugendo rushyira ubuzima bwabo mu kaga

Abimukira b’Abarundi n’Abanye-Congo bapfiriye mu rugendo rushyira ubuzima bwabo mu kaga Inkuru iteye agahinda yagaragaye mu karere k’inyanja y’Abahinde, aho abantu bakomoka mu bihugu bya Afurika yo hagati...

Read moreDetails

Imvura Yateje Imyuzure i Nateete i Kampala

by Bahanda Bruce
March 21, 2026
0
Imvura Yateje Imyuzure i Nateete i Kampala

Imvura Yateje Imyuzure i Nateete i Kampala Abatwara ibinyabiziga mu gace ka Nateete, kari muri Diviziyo ya Rubaga mu Mujyi wa Kampala mu gihugu cya Uganda, bahuye n’akazi...

Read moreDetails

Rugoboza David Yandikiye Umunyamabanga Mukuru wa LONI Asaba Ingamba Zikomeye zo Kurinda Abasivili

by Bahanda Bruce
March 21, 2026
0
Rugoboza David Yandikiye Umunyamabanga Mukuru wa LONI Asaba Ingamba Zikomeye zo Kurinda Abasivili

Rugoboza David Yandikiye Umunyamabanga Mukuru wa LONI Asaba Ingamba Zikomeye zo Kurinda Abasivili Umunyamulenge, Rugoboza David Muvandimwe, uri mu buhungiro mu gihugu cya Kenya, yageneye ubutumwa bukomeye Umunyamabanga...

Read moreDetails

Rugoboza David exige des mesures urgentes pour protéger les civils en RDC

by Bahanda Bruce
March 21, 2026
0
Rugoboza David exige des mesures urgentes pour protéger les civils en RDC

Rugoboza David exige des mesures urgentes pour protéger les civils en RDC Rugoboza David Muvandimwe, membre de la communauté banyamulenge actuellement réfugié au Kenya, a adressé un message...

Read moreDetails

Ubumwe bw’u Burayi Bukomeje Gushyigikira Ingabo z’u Rwanda Nubwo Amerika Yazifatiye Ibihano

by Bahanda Bruce
March 20, 2026
0
Ubumwe bw’u Burayi Bukomeje Gushyigikira Ingabo z’u Rwanda Nubwo Amerika Yazifatiye Ibihano

Ubumwe bw’u Burayi Bukomeje Gushyigikira Ingabo z’u Rwanda Nubwo Amerika Yazifatiye Ibihano Ubumwe bw’u Burayi (UE) bwafashe icyemezo cyo gukomeza gutera inkunga ingabo z’u Rwanda, nubwo Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Abanyekongo basabwe kutagira icyo bategereza ku butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, ninyuma y’uko Gatolika irebana ayingwe n’ubwo butegetsi.

Abanyekongo basabwe kutagira icyo bategereza ku butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, ninyuma y'uko Gatolika irebana ayingwe n'ubwo butegetsi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?