• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 13, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Bunyoni wahoze ari minisitiri w’intebe w’u Burundi, ibye bya kaze

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 7, 2025
in Conflict & Security
0
Bunyoni wahoze ari minisitiri w’intebe w’u Burundi, ibye bya kaze
85
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bunyoni wahoze ari minisitiri w’intebe w’u Burundi, ibye bya kaze

You might also like

Sio.Edinasi, umusirikare uri mu batabarukiye i Lubumbashi bazira uko baremwe

Uduce twose Wazalendo yariyigaruriye, AFC/M23 yatwisubije

AFC/M23/MRDP yavuze ko ntaho RDC yahungira ibiganiro by’i Doha

Lieutenant General Alain Guillaume Bunyoni wahoze ari minisitiri w’intebe w’u Burundi, akaba amaze igihe afunzwe na Leta y’iki gihugu, yashyizwe mu kato aho afungiwe.

Mu ntangiriro z’ukwezi kwa cyenda umwaka wa 2023, ni bwo Bunyoni yatawe muri yombi, nyuma y’uko ubutegetsi bwari bugize igihe bumwirukaho.

Bumushinja gucura umugambi wo guhirika perezida Evariste Ndayishimiye ku butegetsi, no gukoresha ububasha afite ku nyungu ze bwite, n’ibindi.

Nyuma y’aho ubu butegetsi bumutaye muri yombi bwahise bu mwohereza gufungirwa muri Gereza nkuru ya Gitega.

Amakuru akavuga ko kuva icyo gihe afungiwe mu kumba ka wenyine kuva muri 2023.
Abaharanira uburenganzira bwa muntu bavuga ko ashobora kuba ari mu byago byo guhungabana mu mutwe kubera kumara igihe kirekire adahura n’abantu.

Banavuga kandi ko afungiwe mu kumba ka wenyine ka metero 4×4.

Umuyobozi w’ishirahamwe riharanira uburenganzira bwa muntu mu Burundi, Pierre Claver Mbonimpa, yavuze ko n’ubwo Bunyoni afite ibyo akaneye by’ibanze, ubuzima bwe bw’umutima n’ubwenge biri mu kaga kubera uburyo afunzwemo. Ngo hari n’igihe abaje kumusura basanga yihishe munsi y’uburiri, byerekana ko ari mu bihe birushya by’uburwayi bwo mu mutwe.

Uyu muyobozi yanasabye Leta y’iki gihugu cy’u Burundi guhindura uburyo afunzwemo kuko ngo bishobora kurangira apfiriye muri Gereza.

Tags: BunyoniMukatoMukumba ka wenyine
Share34Tweet21Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Sio.Edinasi, umusirikare uri mu batabarukiye i Lubumbashi bazira uko baremwe

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Sio.Edinasi, umusirikare uri mu batabarukiye i Lubumbashi bazira uko baremwe

Sio.Edinasi, umusirikare uri mu batabarukiye i Lubumbashi bazira uko baremwe Sio.Sebagabo Rwambara war'uzwi cyane ku izina rya Edinasi, yatabarukanye n'abandi i Lubumbashi mu cyahoze ari Katanga, kuri ubu...

Read moreDetails

Uduce twose Wazalendo yariyigaruriye, AFC/M23 yatwisubije

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Icyo amakuru avuga ku basirikare ba M23 bafunzwe, ariko bakaza kurekurwa

Uduce twose Wazalendo yariyigaruriye, AFC/M23 yatwisubije Abarwanyi bashingikiwe na guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, bo mu mitwe yitwaje intwaro ya Mai Mai n'indi iyishamikiyeho ihurikiye mu...

Read moreDetails

AFC/M23/MRDP yavuze ko ntaho RDC yahungira ibiganiro by’i Doha

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Ibyakozwe na Kinshasa biganisha kuri balkanisation, soma inkuru irambuye

AFC/M23/MRDP yavuze ko ntaho RDC yahungira ibiganiro by'i Doha Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho ryatangaje ko ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo budashobora guhunga ibiganiro bibera...

Read moreDetails

Igihugu cy’igihangange ku isi cyavuze ku byo gusenya FDLR

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Igihugu cy’igihangange ku isi cyavuze ku byo gusenya FDLR

Igihugu cy'igihangange ku isi cyavuze ku byo gusenya FDLR Igihugu cy'igihangange ku isi ari cyo Leta Zunze ubumwe z'Amerika cyavuze ku cyemezo cya Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails

Umwe mu mijyi ikigenzurwa n’igisirikare cya FARDC, abaturage baho bahaye ikaze AFC/M23/MRDP

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
0
Umwe mu mijyi ikigenzurwa n’igisirikare cya FARDC, abaturage baho bahaye ikaze AFC/M23/MRDP

Umwe mu mijyi ikigenzurwa n'igisirikare cya FARDC, abaturage baho bahaye ikaze AFC/M23/MRDP Umujyi wa Kamituga uherereye muri teritware ya Mwenga mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, ukaba umaze iminsi...

Read moreDetails
Next Post
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

Hamenyekanye ikiri gukorwa kugira ngo abiciwe mu kabari n'umuhungu wa Tshisekedi batabisakuza

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?