• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, August 27, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Bunyoni wahoze ari minisitiri w’intebe w’u Burundi, ibye bya kaze

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 7, 2025
in Conflict & Security
0
Bunyoni wahoze ari minisitiri w’intebe w’u Burundi, ibye bya kaze
86
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bunyoni wahoze ari minisitiri w’intebe w’u Burundi, ibye bya kaze

Lieutenant General Alain Guillaume Bunyoni wahoze ari minisitiri w’intebe w’u Burundi, akaba amaze igihe afunzwe na Leta y’iki gihugu, yashyizwe mu kato aho afungiwe.

READ ALSO

Col. Mufoko yasabye Abanyamulenge kutongera kwamamaza abo yita “Abanyakagara”: “Kubavuga cyane ni ukubamamaza”

Senateri Muyumba yaburiye Leta y’i Kinshasa yafunze amashuri i Goma na Bukavu

Mu ntangiriro z’ukwezi kwa cyenda umwaka wa 2023, ni bwo Bunyoni yatawe muri yombi, nyuma y’uko ubutegetsi bwari bugize igihe bumwirukaho.

Bumushinja gucura umugambi wo guhirika perezida Evariste Ndayishimiye ku butegetsi, no gukoresha ububasha afite ku nyungu ze bwite, n’ibindi.

Nyuma y’aho ubu butegetsi bumutaye muri yombi bwahise bu mwohereza gufungirwa muri Gereza nkuru ya Gitega.

Amakuru akavuga ko kuva icyo gihe afungiwe mu kumba ka wenyine kuva muri 2023.
Abaharanira uburenganzira bwa muntu bavuga ko ashobora kuba ari mu byago byo guhungabana mu mutwe kubera kumara igihe kirekire adahura n’abantu.

Banavuga kandi ko afungiwe mu kumba ka wenyine ka metero 4×4.

Umuyobozi w’ishirahamwe riharanira uburenganzira bwa muntu mu Burundi, Pierre Claver Mbonimpa, yavuze ko n’ubwo Bunyoni afite ibyo akaneye by’ibanze, ubuzima bwe bw’umutima n’ubwenge biri mu kaga kubera uburyo afunzwemo. Ngo hari n’igihe abaje kumusura basanga yihishe munsi y’uburiri, byerekana ko ari mu bihe birushya by’uburwayi bwo mu mutwe.

Uyu muyobozi yanasabye Leta y’iki gihugu cy’u Burundi guhindura uburyo afunzwemo kuko ngo bishobora kurangira apfiriye muri Gereza.

Tags: BunyoniMukatoMukumba ka wenyine

Related Posts

Col. Mufoko yasabye Abanyamulenge kutongera kwamamaza abo yita “Abanyakagara”: “Kubavuga cyane ni ukubamamaza”
Conflict & Security

Col. Mufoko yasabye Abanyamulenge kutongera kwamamaza abo yita “Abanyakagara”: “Kubavuga cyane ni ukubamamaza”

August 27, 2026
Senateri Muyumba yaburiye Leta y’i Kinshasa yafunze amashuri i Goma na Bukavu
Conflict & Security

Senateri Muyumba yaburiye Leta y’i Kinshasa yafunze amashuri i Goma na Bukavu

August 26, 2026
Guverinoma ya RDC yahagaritse by’agateganyo amashuri makuru na kaminuza muri Goma na Bukavu — Menya impamvu
Conflict & Security

Guverinoma ya RDC yahagaritse by’agateganyo amashuri makuru na kaminuza muri Goma na Bukavu — Menya impamvu

August 26, 2026
“Umwanzi Twamukuyeho Ibikoresho Byinshi”: Umusirikare wa MRDP-Twirwaneho Yatanze Ubuhamya Bukomeye ku Mirwano ku Ndondo
Conflict & Security

“Umwanzi Twamukuyeho Ibikoresho Byinshi”: Umusirikare wa MRDP-Twirwaneho Yatanze Ubuhamya Bukomeye ku Mirwano ku Ndondo

August 26, 2026
RDC: Ese amasezerano ya Montreux azahindura ubuzima bw’abaturage? ONU itanze umuburo ukomeye
Conflict & Security

RDC: Ese amasezerano ya Montreux azahindura ubuzima bw’abaturage? ONU itanze umuburo ukomeye

August 26, 2026
Kabuya yakiriye intumwa z’Abanyamulenge bakorera mu kwaha k’ubutegetsi bw’i Kinshasa: byinshi ku byaganiriweho
Conflict & Security

Kabuya yakiriye intumwa z’Abanyamulenge bakorera mu kwaha k’ubutegetsi bw’i Kinshasa: byinshi ku byaganiriweho

August 25, 2026
Next Post
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

Hamenyekanye ikiri gukorwa kugira ngo abiciwe mu kabari n'umuhungu wa Tshisekedi batabisakuza

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Col. Mufoko yasabye Abanyamulenge kutongera kwamamaza abo yita “Abanyakagara”: “Kubavuga cyane ni ukubamamaza”
  • Senateri Muyumba yaburiye Leta y’i Kinshasa yafunze amashuri i Goma na Bukavu
  • Guverinoma ya RDC yahagaritse by’agateganyo amashuri makuru na kaminuza muri Goma na Bukavu — Menya impamvu
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?