• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, March 21, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bwa mbere herekanwa intwaro zikorerwa mu Rwanda.

minebwenews by minebwenews
May 20, 2025
in Regional Politics
0
Perezida w’u Rwanda yerekanye inkingi zitatu Afrika yakubakiraho ikagira umutekano usesuye.
92
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bwa mbere herekanwa intwaro zikorerwa mu Rwanda.

You might also like

Imvura Yateje Imyuzure i Nateete i Kampala

Rugoboza David Yandikiye Umunyamabanga Mukuru wa LONI Asaba Ingamba Zikomeye zo Kurinda Abasivili

Rugoboza David exige des mesures urgentes pour protéger les civils en RDC

Mu nama ya mbere mpuzamahanga y’umutekano muri Afrika (ISCA) yabereye i Kigali mu Rwanda, herekanwe ku mugaragaro intwaro zihakorerwa zikaba zikorerwa mu ruganda rwa REMECO.

Ni nama yabaye ku munsi w’ejo ku wa mbere, aho yahise inafungurwa na perezida w’u Rwanda Paul Kagame.

Nyuma ni bwo habaye kwerekana intwaro zirimo izikaze zikorerwa muri iki gihugu cy’u Rwanda. Muri zo harimo izikoreshwa na ba mudahusha, izirwana ku butaka n’izikoreshwa mu guhashya iterabwaba.

Nk’uko byagaragajwe uruganda rwa REMECO rukorerwamo izi ntwaro ruherereye mu karere ka Gasabo, mu gice cyahariwe inganda, kikaba kimaze kuba igicumbi cy’ubushobozi bw’u Rwanda mu bijyanye n’inganda z’igisirikare.

Intwaro zagaragajwe harimo masotela, imbunda nka ARAD5/300BKL ishobora kurasa ku ntera ya metero 500, hamwe n’izikoreshwa na ba mudahusha nka ACE Sniper na ARAD sniper zirasa kuri metero 800. Harimo kandi n’imbunda nini zo mu bwoko bwa Mashin Gun nka Negev Ulmg, hamwe n’indebakure zifasha kurasa n’ijoro(Night vision).

Ibi bigaragaza intambwe u Rwanda rumaze gutera mu kwigira no kwihaza mu bikoresho by’umutekano.

U Rwanda rubinyujije kuri minisitiri wayo w’ingabo yatangaje ko izi ntwaro zemewe gukoreshwa ku rugamba n’ingabo z’u Rwanda, kandi ko zinakoreshwa n’izindi ngabo z’ibindi bihugu.

Hagataho, uruganda rwa REMECO rukorana n’uruganda rwa Israel ruzwi nka IWI (Israel weapon industries), rukaba ari rwo rutanga ubumenyi n’ikoranabuhanga rifasha ikorwa ry’izi ntwaro.

Tags: IntwaroREMECORwanda
Share37Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Imvura Yateje Imyuzure i Nateete i Kampala

by Bahanda Bruce
March 21, 2026
0
Imvura Yateje Imyuzure i Nateete i Kampala

Imvura Yateje Imyuzure i Nateete i Kampala Abatwara ibinyabiziga mu gace ka Nateete, kari muri Diviziyo ya Rubaga mu Mujyi wa Kampala mu gihugu cya Uganda, bahuye n’akazi...

Read moreDetails

Rugoboza David Yandikiye Umunyamabanga Mukuru wa LONI Asaba Ingamba Zikomeye zo Kurinda Abasivili

by Bahanda Bruce
March 21, 2026
0
Rugoboza David Yandikiye Umunyamabanga Mukuru wa LONI Asaba Ingamba Zikomeye zo Kurinda Abasivili

Rugoboza David Yandikiye Umunyamabanga Mukuru wa LONI Asaba Ingamba Zikomeye zo Kurinda Abasivili Umunyamulenge, Rugoboza David Muvandimwe, uri mu buhungiro mu gihugu cya Kenya, yageneye ubutumwa bukomeye Umunyamabanga...

Read moreDetails

Rugoboza David exige des mesures urgentes pour protéger les civils en RDC

by Bahanda Bruce
March 21, 2026
0
Rugoboza David exige des mesures urgentes pour protéger les civils en RDC

Rugoboza David exige des mesures urgentes pour protéger les civils en RDC Rugoboza David Muvandimwe, membre de la communauté banyamulenge actuellement réfugié au Kenya, a adressé un message...

Read moreDetails

Ubumwe bw’u Burayi Bukomeje Gushyigikira Ingabo z’u Rwanda Nubwo Amerika Yazifatiye Ibihano

by Bahanda Bruce
March 20, 2026
0
Ubumwe bw’u Burayi Bukomeje Gushyigikira Ingabo z’u Rwanda Nubwo Amerika Yazifatiye Ibihano

Ubumwe bw’u Burayi Bukomeje Gushyigikira Ingabo z’u Rwanda Nubwo Amerika Yazifatiye Ibihano Ubumwe bw’u Burayi (UE) bwafashe icyemezo cyo gukomeza gutera inkunga ingabo z’u Rwanda, nubwo Leta Zunze...

Read moreDetails

Inzitizi Ziracyari Nyinshi ku Muhate wa Amerika wo Kongera Guhuza u Rwanda na RDC ku Bibazo by’Umutekano mu Burasirazuba

by Bahanda Bruce
March 19, 2026
0
Amerika yateguje u Rwanda na RDC guhurira mu biganiro bikomeye bigamije guhosha intambara yo mu Burasirazuba

Inzitizi Ziracyari Nyinshi ku Muhate wa Amerika wo Kongera Guhuza u Rwanda na RDC ku Bibazo by’Umutekano mu Burasirazuba Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) zongeye gutangiza umuhate...

Read moreDetails
Next Post
Abandi bantu bishwe barashwe i Uvira muri Kivu y’Amajyepfo.

Abandi bantu bishwe barashwe i Uvira muri Kivu y'Amajyepfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?