• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, August 14, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Byakaze Imbonerakure zirwana muri RDC zashinje Leta yabo kuzihenda.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 14, 2025
in Regional Politics
0
Byakaze Imbonerakure zirwana muri RDC zashinje Leta yabo kuzihenda.
77
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Byakaze Imbonerakure zirwana muri RDC zashinje Leta yabo kuzihenda.

You might also like

Gen.Muhoozi yongeye kuvuga uburyo UPDF na RDF ari abavandimwe, anahishyura gahunda bafitanye.

Perezida Kagame yaganiriye n’abakuru b’ibihugu byo muri EAC na SADC ku bibazo cya RDC.

Amerika yafatiye ibihano bikakaye umwe mu mitwe yitwaje intwaro ukorana byahafi n’ingabo za RDC.

Imbonerakure zirwanya ihuriro rya AFC/M23/MRDP mu burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, zirashinja Leta y’u Burundi kuzibeshya amafaranga.

Ni amakuru yashyizwe hanze n’abamwe muri izi mbonerakure, aho bavuga ko mu mezi umunani ashize mbere y’aho zijya muri RDC, buri wese yari yasezeranyijwe amadorali 500 n’inkunga y’ibiribwa.

Umwe muri zo yabwiye itangazamakuru ati: “Twagombaga guhabwa ayo mafaranga, tukanahabwa n’ibiribwa ariko byose byahekeye iyo tutazi.”

Yakomeje asobanura ko mbere yuko berekeza muri RDC, babanje guhabwa amahugurwa yagisirikare mu kigo giherereye mu ishyamba ndetse no ku bibuga by’imikono, imiryango yabo isezeranywa ubufasha mu gihe bapfira ku rugamba.

Avuga ko benshi muri zo bapfiriye ku rugamba muri Kivu y’Amajyepfo kimwe kandi n’abasirikare, ariko ko kugeza ubu imiryango yabo nta kintu irahabwa, ndetse ngo imyinshi muri iyo miryango yimwa n’uruhushya rwo gukorera ikiriyo ababo.

Nyamara kandi ngo Imbonerakure zimwe nyuma y’aho zicyuwe zivanwa ku rugamba muri Kivu y’Amajyepfo, abaturage batinya ko zizabica, ngo n’ubwo zahawe amabwiriza azibuza gukora ibinyuranyije n’amategeko, kandi zibwibwa ko uzabirengaho azahanwa kubi.

Imbonerakure kimwe n’ingabo z’u Burundi zatangiye koherezwa muri RDC mu ntangiriro z’umwaka wa 2022 nyuma y’amasezerano y’ubufatanye mu byagisirikare ibihugu byombi byagiranye.

Ariko kandi na mbere yabwo, Imbonerakure zagiye zihabwa imyitozo ya gisirikare kandi zigaherekeza abasirikare muri RDC. Usibye ko icyo gihe ho zajyaga kurwanya imitwe yitwaje intwaro irwanya Leta yabo.

Tags: AmafarangaBurundiImbonerakure
Share31Tweet19Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Gen.Muhoozi yongeye kuvuga uburyo UPDF na RDF ari abavandimwe, anahishyura gahunda bafitanye.

by Bruce Bahanda
August 14, 2025
0
Auto Draft

Gen. Muhoozi yongeye kuvuga uburyo UPDF na RDF ari abavandimwe anahishyura gahunda bafitanye. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi yatangaje ko igisirikare cya Uganda n'icy'u Rwanda...

Read moreDetails

Perezida Kagame yaganiriye n’abakuru b’ibihugu byo muri EAC na SADC ku bibazo cya RDC.

by Bruce Bahanda
August 14, 2025
0
Perezida Kagame yaganiriye n’abakuru b’ibihugu byo muri EAC na SADC ku bibazo cya RDC.

Perezida Kagame yaganiriye n'abakuru b'ibihugu byo muri EAC na SADC ku bibazo cya RDC. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, hamwe n'abandi bakuru b'ibihugu byo mu muryango wa...

Read moreDetails

Amerika yafatiye ibihano bikakaye umwe mu mitwe yitwaje intwaro ukorana byahafi n’ingabo za RDC.

by Bruce Bahanda
August 14, 2025
0
Amerika yafatiye ibihano bikakaye umwe mu mitwe yitwaje intwaro ukorana byahafi n’ingabo za RDC.

Amerika yafatiye ibihano bikakaye umwe mu mitwe yitwaje intwaro ukorana byahafi n'ingabo za RDC. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zafatiye ibihano bikakaye umutwe witwaje intwaro wa PARECO wo muri...

Read moreDetails

Deputy Commandate mu cyunamo yasabye Abanyamulenge gusenyera ku mugozi umwe.

by Bruce Bahanda
August 13, 2025
0
Deputy Commandate mu cyunamo yasabye Abanyamulenge gusenyera ku mugozi umwe.

Deputy Commandate mu cyunamo yasabye Abanyamulenge gusenyera ku mugozi umwe. Mu nkambi y'impunzi y'i Nakivale muri Uganda icyumbikiye abantu benshi barimo abaturutse mu bihugu bitandukanye harimo n'icya Repubulika...

Read moreDetails

Abarenga miliyoni 2 basubiye mu byabo mu Burasirazuba bwa RDC.

by Bruce Bahanda
August 11, 2025
0
Abarenga miliyoni 2 basubiye mu byabo mu Burasirazuba bwa RDC.

Abarenga miliyoni 2 basubiye mu byabo mu Burasirazuba bwa RDC. Umuryango wa OCHA ushinzwe ibikorwa by'ubutabazi, watangaje ko Abanye-Congo miliyoni zitatu bari baravuye mu byabo imbere mu gihugu...

Read moreDetails
Next Post
Auto Draft

Gen.Muhoozi yongeye kuvuga uburyo UPDF na RDF ari abavandimwe, anahishyura gahunda bafitanye.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?