• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, March 9, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Byakaze, Muhoozi yahishuye ko ingabo ze, zigiye gufata intara imwe yo muri RDC.

minebwenews by minebwenews
February 16, 2025
in Regional Politics
0
Byakaze, Muhoozi yahishuye ko ingabo ze, zigiye gufata intara imwe yo muri RDC.
105
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Byakaze, Muhoozi yahishuye ko ingabo ze, zigiye gufata intara imwe yo muri RDC.

You might also like

Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Umuhungu wa perezida Yoweli Kaguta Museveni, akaba n’umugaba mukuru w’i ngabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko ingabo z’iki gihugu cye, ziri hafi kujya kwigarurira intara ya Ituri iherereye mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ni ubutumwa Muhoozi yatangaje ku munsi w’ejo hashize, aho yavuze ko muri iyi ntara ya Ituri iri gukorerwamo ubwicyanyi kandi ko buri kwibasira abaturage bo mu bwoko bw’Abahema. Avuga ko ibyo igihugu cye kitakomeza kubyihanganira.

Yagize ati: “Nta kindi kintu nshaka kuvuga, amaraso yanjye arimo kwicirwa muri Bunia ho mu Ntara ya Ituri, mu Burasirazuba bwa RDC. Abantu banjye, Abahima bari bagabweho ibitero. Ibyo ni ibintu bibi cyane kubari kugaba ibitero ku bantu banjye. Nta muntu n’umwe kuri iyi Isi ushobora kwica abantu banjye ngo yibwire ko bizamugwa neza. Ntitwabyiganganira!”

Ubundi kandi, General Kainarugaba yahaye amasaha 24 ingabo za Congo ziri mu mu mujyi wa Bunia muri Ituri, kuba zarambitse imbunda hasi.

Ati: “Mu bubasha mpabwa na Gen. Yoweli Kaguta Museveni, umugaba w’ikirenga wa UPDF; ingabo zose ziri muri Bunia nzihaye amasaha 24 yo kuba zamaze kurambika imbunda hasi. Nizitabikora turazifata nk’umwanzi tuzitere.”

Muhoozi yahishuye ko mu gihe cya vuba umujyi wa Bunia uzaba wamaze kuja mu maboko y’ingabo za Uganda (UPDF).

Uyu mugaba w’ingabo za Uganda, yemeje ko ingabo z’iki gihugu cye, zigomba gufata umujyi wa Bunia byanze bikunze, ngo kuko umaze igihe uberamo ubwicyanyi bukabije.

Ubu bwicanyi bumaze imyaka myinshi buwukorerwamo, ariko kandi byongeye gufata indi ntera mu ijoro ryo ku wa 10/02/2025, ubwo abarwanyi bo mu mutwe wa CODECO bakorana byahafi na Leta ya Kinshasa bagabaga igitero muri teritware ya Djugu bakica abaturage babarirwa muri 80.

RDC yari iheruka kwemerera Uganda kohereza ingabo zayo muri uwo mujyi, ariko iza kwisubiraho, nk’uko byatangajwe n’umunyamakuru Andrew Mwenda ukorera i Kinshasa.

Hagataho, Uganda byitezwe ko igomba kohereza ingabo zayo ku mbaraga i Bunia kugira ngo irindire abaturage bo mu bwoko bw’Abahema umutekano wabo.

Tags: BuniaMuhooziUganda
Share42Tweet26Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC

by Bahanda Bruce
March 7, 2026
0
Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC

Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC Mu nama ya 25 y’Abakuru b’Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, East African Community (EAC), yabereye mu Mujyi wa Arusha muri...

Read moreDetails

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
March 7, 2026
0
Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko u Rwanda rwifuza amahoro arambye mu...

Read moreDetails

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

by Bahanda Bruce
March 6, 2026
0
Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze Mu gihe ibihugu byo mu Karere k’Ibiyaga Bigari bikomeje...

Read moreDetails

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza Mu gihe ibibazo by’umutekano bikomeje kwiyongera mu bice bitandukanye by’umugabane wa Afurika, Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje...

Read moreDetails

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

by Bahanda Bruce
March 4, 2026
0
Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi Mu gihe umwuka w’intambara ukomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails
Next Post
Hagaragajwe amazu y’Abanyamulenge, FARDC yangije mu Minembwe.

Hagaragajwe amazu y'Abanyamulenge, FARDC yangije mu Minembwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?