Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Byakaze, Muhoozi yahishuye ko ingabo ze, zigiye gufata intara imwe yo muri RDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 16, 2025
in Regional Politics
0
Byakaze, Muhoozi yahishuye ko ingabo ze, zigiye gufata intara imwe yo muri RDC.
104
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Byakaze, Muhoozi yahishuye ko ingabo ze, zigiye gufata intara imwe yo muri RDC.

You might also like

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Umuhungu wa perezida Yoweli Kaguta Museveni, akaba n’umugaba mukuru w’i ngabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko ingabo z’iki gihugu cye, ziri hafi kujya kwigarurira intara ya Ituri iherereye mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ni ubutumwa Muhoozi yatangaje ku munsi w’ejo hashize, aho yavuze ko muri iyi ntara ya Ituri iri gukorerwamo ubwicyanyi kandi ko buri kwibasira abaturage bo mu bwoko bw’Abahema. Avuga ko ibyo igihugu cye kitakomeza kubyihanganira.

Yagize ati: “Nta kindi kintu nshaka kuvuga, amaraso yanjye arimo kwicirwa muri Bunia ho mu Ntara ya Ituri, mu Burasirazuba bwa RDC. Abantu banjye, Abahima bari bagabweho ibitero. Ibyo ni ibintu bibi cyane kubari kugaba ibitero ku bantu banjye. Nta muntu n’umwe kuri iyi Isi ushobora kwica abantu banjye ngo yibwire ko bizamugwa neza. Ntitwabyiganganira!”

Ubundi kandi, General Kainarugaba yahaye amasaha 24 ingabo za Congo ziri mu mu mujyi wa Bunia muri Ituri, kuba zarambitse imbunda hasi.

Ati: “Mu bubasha mpabwa na Gen. Yoweli Kaguta Museveni, umugaba w’ikirenga wa UPDF; ingabo zose ziri muri Bunia nzihaye amasaha 24 yo kuba zamaze kurambika imbunda hasi. Nizitabikora turazifata nk’umwanzi tuzitere.”

Muhoozi yahishuye ko mu gihe cya vuba umujyi wa Bunia uzaba wamaze kuja mu maboko y’ingabo za Uganda (UPDF).

Uyu mugaba w’ingabo za Uganda, yemeje ko ingabo z’iki gihugu cye, zigomba gufata umujyi wa Bunia byanze bikunze, ngo kuko umaze igihe uberamo ubwicyanyi bukabije.

Ubu bwicanyi bumaze imyaka myinshi buwukorerwamo, ariko kandi byongeye gufata indi ntera mu ijoro ryo ku wa 10/02/2025, ubwo abarwanyi bo mu mutwe wa CODECO bakorana byahafi na Leta ya Kinshasa bagabaga igitero muri teritware ya Djugu bakica abaturage babarirwa muri 80.

RDC yari iheruka kwemerera Uganda kohereza ingabo zayo muri uwo mujyi, ariko iza kwisubiraho, nk’uko byatangajwe n’umunyamakuru Andrew Mwenda ukorera i Kinshasa.

Hagataho, Uganda byitezwe ko igomba kohereza ingabo zayo ku mbaraga i Bunia kugira ngo irindire abaturage bo mu bwoko bw’Abahema umutekano wabo.

Tags: BuniaMuhooziUganda
Share42Tweet26Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Icyo minisitiri Nduhungirehe yavuze ku biganiro biri kubera i Doha bihuza RDC na AFC/M23.

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Leta y'u Rwanda yatangaje ko yishimiye isinywa ry'inyandiko y'amahame y'ibanze ngenderwaho aganisha...

Read moreDetails
Next Post
Hagaragajwe amazu y’Abanyamulenge, FARDC yangije mu Minembwe.

Hagaragajwe amazu y'Abanyamulenge, FARDC yangije mu Minembwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?