• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Byakaze, Muhoozi yahishuye ko ingabo ze, zigiye gufata intara imwe yo muri RDC.

minebwenews by minebwenews
February 16, 2025
in Regional Politics
0
Byakaze, Muhoozi yahishuye ko ingabo ze, zigiye gufata intara imwe yo muri RDC.
104
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Byakaze, Muhoozi yahishuye ko ingabo ze, zigiye gufata intara imwe yo muri RDC.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Umuhungu wa perezida Yoweli Kaguta Museveni, akaba n’umugaba mukuru w’i ngabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko ingabo z’iki gihugu cye, ziri hafi kujya kwigarurira intara ya Ituri iherereye mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ni ubutumwa Muhoozi yatangaje ku munsi w’ejo hashize, aho yavuze ko muri iyi ntara ya Ituri iri gukorerwamo ubwicyanyi kandi ko buri kwibasira abaturage bo mu bwoko bw’Abahema. Avuga ko ibyo igihugu cye kitakomeza kubyihanganira.

Yagize ati: “Nta kindi kintu nshaka kuvuga, amaraso yanjye arimo kwicirwa muri Bunia ho mu Ntara ya Ituri, mu Burasirazuba bwa RDC. Abantu banjye, Abahima bari bagabweho ibitero. Ibyo ni ibintu bibi cyane kubari kugaba ibitero ku bantu banjye. Nta muntu n’umwe kuri iyi Isi ushobora kwica abantu banjye ngo yibwire ko bizamugwa neza. Ntitwabyiganganira!”

Ubundi kandi, General Kainarugaba yahaye amasaha 24 ingabo za Congo ziri mu mu mujyi wa Bunia muri Ituri, kuba zarambitse imbunda hasi.

Ati: “Mu bubasha mpabwa na Gen. Yoweli Kaguta Museveni, umugaba w’ikirenga wa UPDF; ingabo zose ziri muri Bunia nzihaye amasaha 24 yo kuba zamaze kurambika imbunda hasi. Nizitabikora turazifata nk’umwanzi tuzitere.”

Muhoozi yahishuye ko mu gihe cya vuba umujyi wa Bunia uzaba wamaze kuja mu maboko y’ingabo za Uganda (UPDF).

Uyu mugaba w’ingabo za Uganda, yemeje ko ingabo z’iki gihugu cye, zigomba gufata umujyi wa Bunia byanze bikunze, ngo kuko umaze igihe uberamo ubwicyanyi bukabije.

Ubu bwicanyi bumaze imyaka myinshi buwukorerwamo, ariko kandi byongeye gufata indi ntera mu ijoro ryo ku wa 10/02/2025, ubwo abarwanyi bo mu mutwe wa CODECO bakorana byahafi na Leta ya Kinshasa bagabaga igitero muri teritware ya Djugu bakica abaturage babarirwa muri 80.

RDC yari iheruka kwemerera Uganda kohereza ingabo zayo muri uwo mujyi, ariko iza kwisubiraho, nk’uko byatangajwe n’umunyamakuru Andrew Mwenda ukorera i Kinshasa.

Hagataho, Uganda byitezwe ko igomba kohereza ingabo zayo ku mbaraga i Bunia kugira ngo irindire abaturage bo mu bwoko bw’Abahema umutekano wabo.

Tags: BuniaMuhooziUganda
Share42Tweet26Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Hagaragajwe amazu y’Abanyamulenge, FARDC yangije mu Minembwe.

Hagaragajwe amazu y'Abanyamulenge, FARDC yangije mu Minembwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?